[ Topic : Ubutumwa bw'umubyeyi ]
Sujet : Re : umva ubutumwa Date : 16/04/2010, 11H37
Auteur :
gitimujisho
thank you mr madice,je suis bien chez les catho c'est moins pire que chez les barokore!
Sujet : Re : umva ubutumwa Date : 29/04/2010, 22H25

Auteur :
mugisha
UBUTUMWA UMUBYEYI BIKIRA MARIYA YAHAYE

BYISHIMO KU ITARIKI YA 19/04/2010

----------------------------------------------------------------------





Umubyeyi Bikira Mariya yaje ababaye cyane ari mu rumuri rwinshi cyane ntabona icyo ndugereranya narwo nuko aranyitegereza, aransuhuza, ati :



B.M. : Uraho mwana wanjye ukomeje kwihanganira ibigeragezo byose uhura nabyo!



BY. : Uraho Mama!



B.M. :Mwana wanjye, umeze ute?



BY.: Mama, meze neza gahoro nawe urabibona, imibabaro ni myinshi mu mubiri wanjye. Ikindi kandi sinduhuka, ingendo munkoresha ni nyinshi. Sininuba ariko maze kurambirwa.



B.M.: Mwana wanjye ihangane ukomeze utwaze kuko iyo mibabaro yose uhura nayo ni ibyaha byinshi by誕bantu benshi bikomeje gukorerwa hirya no hino muri iki gihugu cyanyu cy置 Rwanda urimo guhongerera. None rero mwana wanjye ntugomba kwinuba kuko hari n誕bandi bana banjye benshi mufatanyije bameze nkawe.



Mwana wanjye, nsuhuriza abana banjye bose, uti ndabaramukije nimugire amahoro kandi mugwize andi. Urukundo rwanjye rubasakaremo.



Bana banjye, uyu munsi wa none naje kubasura ndi Umwamikazi umara intimba abayifite, none rero bana banjye, abanyizera jye n置mwana wanjye nimuhumure intimba mufite mu mitima yanyu ngiye kuyibamara kuko igihe kirageze igiye kuzabaviramo ibyishimo.



Erega bana banjye, naje hano muri kino gihugu cyanyu cy置 Rwanda kuko nabonaga hari icyo mukeneye kuko hari byinshi bimbabaje, niyo mpamvu nkomeje kuza uko bwije n置ko bukeye.



Bana banjye, ndababaye, ndababaye, ndababaye cyane kubera igihugu cy置 Rwanda. Bana banje ubu hari intambara ya bucece ariko ubu noneho hari ikomeye cyane yo ku mugaragaro, ufite amaso yo kureba narebe aho ibintu bigeze. Bana banjye, uyu munsi mumbabareire cyane n置bwo benshi mufite imibabaro ariko ndabasabye mwitange mu buryo bwose musengere Kiliziya y置mwana wanjye kuko irakomerewe cyane, iratotezwa.



Musengere n置mushumba wa Kiliziya yose, Papa, mumufashe arakomerewe, musabarie abihaye Imana, abapadiri, ababikira kuko bafite umusaraba ukomeye cyane. Benshi bariguta ukwemera kwabo. Erega bana banjye, mu ijru nta dini rizajyayo, hazajyayo umuntu wese wizera Imana Data yo mu ijuru n置mwana we Yezu Kristu, akemera kandi adashidikanya ko nabyaye Yezu Kristu Umukiza wanyu. Ikindi kandi bana banjye, mumenye ko Yezu adashobora guseka na rimwe kubera ibyaha by誕bantu benshi bikomeje gukorerwa hirya no hino kuri ino si.



Bana banjye, ubutumwa bwanjye hari ababwumva bakabushyira mu bikorwa, hari n誕babukerensa ariko abo ni akazi kabo bazabona. Bana banjye mwihanganire ishyari no kwiyandurisha umunwa, mubireke mushyiremo urukundo n段mpuhwe n段mpuhwe, mukunde abakene, muce bugufi, muce bugufi nk置ko umwana wanjye yicishije bugufi imbere y棚mana Data. Ikindi kandi bana banjye, abavuga ngo musenga ibishushanyo abo mubihorere mukurikize gahunda mbaha kuko mu bwami bw棚mana hazajyayo abamenetse umutima. Naho abakibaza ku bandi bafite ingorane cyane kuko ntacyo bazireguza imbere y棚mana Data. Bana banjye, ibikomeye biraje kandi bizarokoka bake kuko abantu benshi baratashye .



Bana banjye, mwe munyizera Rozari n段shapule y置bubabare nimubikurikiza nzishima cyane. Bana banjye uyu munsi wa none nongee kubihanangiriza mbasaba ko mugomba kwibuka ko umunsi w段zuka ry置mwana wanjye Yezu, mukibuka uwo munsi w段zuka rye kuko ukomeye cyane. Mukamenya kandi gucecekera ku mitima yanyu, yanyu mwibuka umunsi wa gatanu w段pfa ry置mwana wanye Yezu Kristu.



Bana banjye, umwana wanjye arababaye, arababaye, arababaye cyane. Ababajwe cyane na kino gihugu n誕banyarwanda n誕banyarwanda banze guhinduka none benshi bakaba bagiye gutsembwaho.



Bana banjye, naravuze cyane mwanga kunyumva, n置mwana wanjye yariyiziye

aravuga ntimwamwumvise. Nabatumyeho intumwa nyinshi ntimwazumvise ariko noneho ibyavuzwe byuzuzwe kuko amazi yarenze inkombe. Ibi mbabwira nta gihe mushigaje kindi uretse iki murimo.



Bana banjye, ishyamba si ryeru. Hagiye guhirima igiti kinini, kirarimbutse n段mizi yacyokuko nta muzi gisigaranye. Bana banjye, nabagiriye inama kenshi mwanga kumva none urugogwe rugiye kubikubita hejuru, muratunguwe.



Bana banjye, nimusenge, nimusenge, nimusenge nibura hazagire urokoka kuko iybyo nababwiyebyose bigiye gusohora , nta kadomo na kamwe kagabanutseho.



Mwana wanjye, ongera umbwirire abo bakomeje kunangira imitima yabo badashaka kumva, bakomeje gucira imanza bagenzi babo bavuga ibyo batahatagazeho bambwirire, uti igipimisho mupimisha namwe mumenye ko aricyo mugiye gupimirwamo. Ndabibabwiye, ndabibabwiye, ejo hatazagira uvuga ngo ntiyaburiwe.



Bana banjye, igihe kirageze isi mwabyiganiye igiye kubahaga namwe muyihagekuko kugeza ubu, muri mu mwanya mwabyiganiye iby段si ntimukiri abanjye. Cyane ndabwira ba bandi mukomeje kunyunyuza imitsi ya bagenzi banyu mubabuza epfo na ruguru.



Bategetsi, bayobozi b段no si, nimwe mbwira.niba mwumva kuko hari byinshi mugiye kuryozwa. Bana banjye hahirwa uwumvira agacengerwa n段jambo ry棚mana kuko uwo arahirwa cyane, azabona ingororano iteka ryose.



Bana banjye, muri kino gihugu cyanyu, nabahaye amata meza y段kivuguto ngo ntimuyashaka ahubwo ngo murishakira vino isharira, nyamara bana banjye, Banyarwanda ntabwo muzi ikirezi mwambaye. Abanyarwanda murakunzwe ariko ntimubimenya. Bana banjye, ndabaha ariko ntimumenya kwakira n段byo mwakiriye ntimumenya gushimira.



Bana banjye, nkomeje kuza kubasura kubera ko mbakunda. Uyu munsi rero sinavuga ko mbabaye cyangwa nishimye. Sinababwira ko mbagaye kandi kandi ndi umubyeyi wanyu ariko kandi ndababaye kuko ibyo mbasaba mutabikora ahubwo mugaca intege n誕bagombye kubikora.



Bana banjye umukobwa aba umwe agatukisha bose, none rero nkomeje kuza kuko mbakunda. Bana banjye muri mu bihe bya nyuma, ibikomeye biraje, muratunguwe bana banjye kandi mubimenye aho bigeze ntagaruriro amazi yarenze inkombe kuko nta gisigaye, ibimenyetso byinshi mwarabibonye ntacyo rero mutazi.



Bana banjye, nkomeje kubatumaho umwana wanjye w段ntamenyekana, uwo benshi basuzugura. Bana banjye, niyereka ab段ntamenyekana, niyereka uwo nshaka n段gihe mbishakiye nkamutuma aho nshaka, nkamutuma aho nshaka, nkamutuma ahari ngombwa.



Bana banjye ndabakunda, ndabakunda, ndabakunda, muramenye urwo rukundo mbakunda nkandi mbasezeranyije ntimuzarutezukeho. Benshi rero umwibazaho akamuvuga uko atari ni akazi ke, uyu, mubimenye ni igikoresho cyanjye naramutoye ni intumwa yanjye. Umwibazaho wese ni akazi ke ntacyo azireguza imbere y棚mana Data. Bana banjye, uzirengagiza urwo rukundo mbahaye kandi mbasezeranyije, muramenye ntimuzarutezukeho, iteka nzabafasha.



Bana banjye, nimubabarire bagenzi banyu nk置ko namwe mubabarirwa, nimuhindure imitima yanyu musenge mubikuye ku mutima, mundangamire jyen置mwana wanjye kuko nitwe gisubizo cyanyu.



Bana banjye, isi mukandagiyeho ibabwiye iti, mwinkandagiraho, mwajyahe bana banjye iyi mutuye ni kibuga mwajya he bana banjye iyi si mutuye ni ikibuga mwaharuriwe ngo mukidagadureho ariko umunsi wo kukibavanaho ntawe uwuzi, ntawe uzi isaha n置munsi cyangwa umunota. Igihe rero kirageze kugira ngo ibyavuzwe bisohore kuko kugeza ubu nta gisigaye kuko ishyamba si ryeru, imvura nyinshi y誕mahindu igiye kubanyagira. Urugogwe rugiye kubikubita hejuru muri gushaka amafaranga, muratunguwe, ibimenyetso byinshi mwarabibonye nta gisigaye.



Bana banjye amakuba menshi agiye kubisukaho, abantu benshi baratashye. Ubu Shitani yinjiye hose irimo irakorera ku mugaragaro hirya no hino mu gihugu. Bana banjye, muratunguwe, ubu hari intambara ya bucece, noneho igiye kujya ahagaragara kandi ntacyo ntababwiye. Benshi murarangaye ntacyo mubona, mbereka ibimenyetso ariko ntabyo mubona. Murarangaye bana banjye, icyago gikomeye cya rurangiza kirabugarije kandi kizarokoka bake.



Bana banjye narababwiye mwanga kumva ariko noneho mugiye kumvishwa n段kibando. Bana banjye, amazi yarenze inkombe,muratunguwe kuko ibyo nabasabye byose nta na kimwe mwakoze. Bana banjye ngaho mubane nanjye urukundo rwanjye rubakomeze. Ngaho mugire amahoro kandi mugwize andi. Bana banjye, uyu munsi mbahaye umugisha wanjye wa kibyeyi.







--------------------------------------------
Sujet : Re : umva ubutumwa Date : 30/04/2010, 08H48
Auteur :
inesta
WATWIBUTSA SE IBYO BIMENYETSO
URAKOZE
Sujet : rushyi rw'inkuba Date : 06/05/2010, 10H50
Auteur :
bakame
ubutumwa bw'umubeshyi hahaha...
nanjye ndumva byendaga kuba byo koko ubutumwa bw'umubeshyi ariko uwo bita umubyeyi siwe ubeshya ahubwo ni aba batype batanga izo nyigisho bahinduye abantu abextremiste b'ijuru...wavuga ngo muri bibiliya handitse ibi...uwabasubiza ati: uretse muri bibiliya , mu bwonko bwawe harimo iki?
Sujet : Re : rushyi rw'inkuba Date : 15/05/2010, 17H56

Auteur :
mugisha
UBUTUMWA NYAGASANI YEZU YAHAYE BYISHIMO

KU ITARIKI YA 02/05/2010

---------------------------------------



Nyagasani Yezu yaje ababaye cyane, ari mu rumuri rwinshi cyane ntabona icyo ndugereranya narwo, nuko aranyitegereza, aransuhuza, ati:



NY. : Byishimo mwana wanjye,uraho?



BY. : Uraho Papa!



NY. : Umeze ute?



BY.: Papa, meze neza gahoro nawe urabibona, ndatotezwa hirya no hino ndetse banyita umusazi, birirwa bamvuga uko ntari.



NY.: Mwana wanjye, ibyo bigomba kubaho, ibyo rero ugomba kubyemera kuko ibyo nanjye nahuye n段birenze ibyo. None rero mwana wanjye, ni ukwihangana kandi ukabyemera, kuko abantu ni abantu bagomba kuvuga ibyo bishakiye.



BY.: Papa, nanjye narabyemeye kuko ibitotezo ntacyo bimbwiye. Papa, mfite ubwoba, ibyo mukomeje kunyereka binteye ubwoba, singisinzira kubera biriya byose mukomeje kunyereka.



NY.: Mwana wanjye, biriya byose ubona nkomeje kukwereka ni ko bimeze, ntagishobora guhinduka na kimwe kubyo navuze kuko ibimenyetso bihagije mwarabibonye, ntagisigaye, amazi agiye kurenga inkomba, kandi narababwiye kuva kera. Nabatumyeho intumwa n誕bahanuzi ntimwabumvise ahubwo mwibereye mu tuntu n置tundi. Ibyo byose rero mukomeje gukangisha mugiye kubibura mubireba, mugiye kujana nabyo, kuko ntacyo ntababwiye. Naravuze, naravuze, naravuze nyamara ubu butumwa busa n置bwa nyuma.



Mwana wanjye, ongera unsuhurize abana banjye bose ntawe urobanuye, uti: nimugire amahoro, nimugire amahoro, nimugire amahoro. Bambwirire, uti uyu munsi ndiyiziye, ndiyiziye, ndiyiziye, ndaje kandi nje ndi umwami w段si n段juru. Mbisubiyemo, ubu butumwa musa n誕bari kubwirwa ubwa nyuma. Ndaje, ndaje, nje guhorera abana banjye bakomeje kurengana hirya no hino muri kino gihugu cy置 Rwanda.

Narababwiye, muranga murananaira none mureke ibyavuzwe byuzuzwe. Dore aho nahereye mvuga ariko mwanze kumva.



Bayobozi, bategetsi b段yi si, ibyo nabasabye gukora nta na kimwe mwakoze ahubwo mutsimbaraye ku bintu. Iyo mitungo mukangisha si iyanyu, n誕bandi bari bayifite. Murayibuze kuko ibintu ntabwo ari ibyanyu, ntimuzi uwabibahaye uwo ari we.



Bana banjye, muririrwa muhimba udutsiko hirya no hino, mubeshya ngo mufite amahoro kandi benshi barira. Bana banjye, sibwo bwa mbere nabibabwira, ibi byose muri gupfa ngiye kubirimbura namwe ntabasize kuko murambabaje cyane.



Bana banjye, ndiyiziye, ndiyiziye, nje guhorera abana banjye bakomeje kurengana hirya no hino muri kino gihugu. Ndaje, nje kurengera abana banjye benshi bakomeje kurohwa mu buroko, abandi bakomeje kurigiswa, abandi bakomeje guhunga igihugu ari mwe bahunga mwebwe bayobozi bakuru.

Igihe rero kirageze cyo kurenganura abana banjye bakomeje kurengana, ngiye kwishungurira inyanyamugayo. Ngiye kubereka ko ari jye Mwami w段si n段juru.



Byishimo mwana wanjye, ubu butumwa uhite ubutanga nta bwoba ufite, hatagira uwitwaza ko ntacyo yamenye. Bambwirire, uti sinshaka amacakubiri mu gihugu cyanye, u Rwanda ni urwanjye, ubu ndwicayemo jye n置mubyeyi wanjye. None rero bana banjye simbabwiye umunsi cyangwa isaha, ariko muratunguwe. Bategetsi, bayobozi b段yi si mwabonye ibimenyetso byinshi bihagije, ntacyo mutabwiwe, ntacyo mutazi, ubu rero ngiye kubereka ko ari jye mwami w段si n段juru kandi ko ari jye utanga amahoro.



Bana banjye, nimusenge kenshi, mwicuze cyane, mumenye ko u Rwanda narutashye ndwicayemo kandi ngiye kurenganura benshi. Ariko bana banjye icyanzanye n置bu ntimurakimenya. Naje mbazaniye byinshi, ndabibabwira ariko mubisiga aho mubyumviye.



Bana banjye, mugeze mu bihe bikomeye cyane, niyo mpamvu uyu munsi nje kubabwira amagambo ababaje cyane kuko mbona mugeze mu icuraburindi. Mugeze mu gihe cy誕marira menshi, mu minsi mike igihugu kigiye guhinduka imiborogo gusa kandi narababwiye kuva kera. Abantu benshi baratashye, umubyeyi agiye kwifuza kuba atarabyaye. Bana banjye koko mwakumvise nibura hakagira urokoka,



bana banjye Shitani ubu irabugarije, ubu iri gukorera hirya no hino ku mugaragaro. Bana banjye, nimuhunge icyaha kibateranya n棚mana yanyu.



Mwana wanjye, bambwirire, uti gusenga, kugira neza hari abo bireba n誕bo bitareba?Mwese birabareba. Bambwirire, uti usenga ahagaze, usenga apfukamye, usenga yubitse umutwe,mwese nimuhagurukire rimwe mutakambe, niteguye kubatega amatwi.



Mwana wanjye, mbwirira abanyakigali, uti uyu murwa mutuye ugiye guhinduka amatongo kuko ibi byose mbabwira niho bigiye guhera. Banyakigali, banyakigali, muramenye ntimuzampimbire ibyo ntavuze kuko iyo mungerekeye birushaho kumbabaza. Ibi mbibabwiye kuko mbona igihe kibuzuriyeho kubera kutumba kwanyu.



Mwana wanjye, bambwirire, uti ndareba uyu murwa wanyu, inkovu zanjye zikarushaho kugashuka. Ubu umubyeyi wanjye ari kurira aririra u Rwanda kubera ibibi bigiye kuhabera. Bana banjye b但banyarwanda, narabakunze ndabagenderera ariko mwanze kumva, nimureke rero ibyavuzwe byuzuzwe. Bana banjye, nkomeje kureba uyu murwa wanyu inkovu zanjye zikarushaho kugashuka kuko uyu murwa nta buye rizasigara rigeretse ku rindi kubera kutumva kwanyu kw但banyarwanda.



Mwana wanjye, mbwirira abanyakigali, uti 填wanze kumva ntiyanze no kubona. Uwumva yumve, utumva nawe ni akazi ke kandi ufite amaso yo kureba narebe aho ibintu bigeze maze ashishoze.



Byose bigiye gutangirira mu murwa mukuru kuko niwo ufite ibibi byinshi n誕bandi muri mu mpande zinyuranye mubyumve. Ndikuvuga umurwa Kigali, Kigali we. Banyakigali, mushatse mwumve inzira zikigendwa. Mbisubiyemo, ubu butumwa busa n置bwa mbere na nyuma, kuko ntacyo ntababwiye. Mbere byari amarenga, arikononeho ntabwo bikira amarenga.



Bana banjye ndabakunda, niyo mpamvu nkomeza kubibutsa isezerano nagiranye namwe.



Mwana wanjye, bambwirire, uti icyago kirabagwiririye kandi kibaguye gitumo kandi kizarokoka bakeya.



Bana banjye, ntabwo mbasabye ku mitungo yanyu, ndabasaba urukundo rurang abana b棚mana.



Mwana wanjye, ongera ugire abana banjye inama kuko barambabaje cyane. Bambwirire, uti ndababaye, ndababaye, ndababaye cyane. Koko mwambabariye mukita ku cyo mbasaba nibura hakagira urokoka. Koko mwambabariye icyago kikabaca kure.



Bana banjye, mufite intambara nyinshi mu mitima yanyu,benshi mukomeje kugambanira bagenzi banyu mubabeshyera ibyo mutahagazeho. Nta rukundo mufite mubimenye rero abo bose bameze gutyo bagiye kubibazwa.





















Umubyeyi Bikira Mariya nawe aba arje, aransuhuza, ati:



B.M.: Uraho mwana wanjye ukomeje kwihanganira ibigeragezo byose uhura nabyo?



BY.: Uraho Mama!



B.M.: Umeze ute?



BY.: Mama, meze neza gahoro nawe urabibona.



B.M.: Mwana wanjye, ihangane kuko nkuri iruhande. Mwana wanjye, nsuhuriza abana banjye bose, uti nimugire amahoro, urukundo rwanjye rubasakaremo.



Bana banjye nimusenge, nimusenge, musenge kenshi, mwicuze, mwiyeze inzira zikigendwa. Bana banjye, naraje nzanye n置mwana wanjye ntimwamenye icyatuzanye, na n置bu ntimurakimenya. Bana banjye, ubu benshi bari kugenda baganisha mu rwobo. Bana banjye, namanutse mu ijuru mbona hari icyo mukeneye mwebwe abanyarwanda. Nabazaniye byinshi ntumwe n置mwana wanjye Yezu Kristu, ndabibabwira ntimwabyumva, n段byo mwumvise mukabisiga aho mubyumviye.



Bana banjye, mugeze mu bihe bya nyuma, niyo mpamvu uyu munsi nje kubabwira amagambo ababaje umutima wanjye. Bana banjye, Rozari mpora mbasaba murayimpa? Murayitinya ngo ni ndende, ariko ni isengesho rikomeye ryirukana Shitani. Ni isengesho nkunda, iyo muyivuze mba ndi kumwe namwe.



Bana banjye, muravuga ngo Rozari irabarambira, ariko gucura imigambi mibi mugambanira bagenzi banyu ntibibarambira, ariko mukarambirwa Rozari yanjye ngo ni ndende. Bana banjye, nkunda kandi mwanyiyeguriye muyivuge kuko Rozari ari yo gakiza kanyu, muyivuge kuko ariyo buhungiro mufite. Bana banjye, nimukunde Rozari kandi musenge kenshi nibwo muzagira amahoro mwitabire kandi igitambo cya Misa mushyizeho umwete, musabira igihugu cyanyu amahoro cyane cyane muzirikana isengesho mwiyambaza umutima wanjye utagira inenge.



Bana banjye, ndareba igihugu cyanyu cy置 Rwanda nkarira adakama. Bana banjye, ibikomeye biraje kandi bizarokoka bake. Bana banjye,mugeze mu bihe bikomeye, mugeze mu bihe bya nyuma. Simvuze umumnsi cyangwa isaha cyangwa umunota ariko mugiye gutungurwa. Bana banjye, mu gihugu cyanyu cy置 Rwanda nabasuye mbakunze, ntabwo nigeze nduhuka kubabwira ko intambara ikomeye iri mu mitima yanyu, ariko kenshi ntabyo mwumvise. Bana banjye naje mbabaye kubera ko ibyo twasezeranye mutabikora.

Bana banjye, igihe musenga mujye mwicisha bugufi, mwumve ko uwo mubwira abumva, ko abakunda, kandi icyo mwamusaba cyose abaha.



Bana banjye rero uwanjye wese ahorana ibigeragezo, ahora ababara, ahora arwaye, ahorana ibibazo kubera ko nababwiye ko inzira y棚mana iba ifunganye, ariko iya Shitani ikaba yaguye , kuko icyo usabye cyose irakiguha. Ubwo rero kugira ngo ugere ku cyo ushaka, urabanza ukiyuha, kugira ngo aqhobore kunyura mu nzira Yezu yanyuzemo.



BY.: Mama, kubera iki hari abantu benshi bahorana ibibazo kurusha abandi? Hari abarwayi, hari imfubyi, hari abapfakazi, ugasanga hariho abafite ibibazo abandi ari ntabyo bafite kandi twese dusenga.



Mama, cyangwa ugasanga mu rugo rumwe ari ho hari ibibazo byinshi kandi abagukunda ari benshi? Kuki utabagabanya? Cyangwa ngo umuntu afateho yumve ko n置ndi wese ashobora kubabara?



B.M.: Bana banjye, ntawe uhora yishimye n置babara ageraho agahabwa kandi hariho n誕barira abandi bishimye. Abababaye nabo bagera igihe bagahabwa kuko kenshi mba ndeba guca bugufi kwabo. Bana banjye, Abanyarwanda ndabakunda, ndabakunda, ndabakunda ariko ntimubimenya!



U Rwanda nabahaye amavuta menshi inshuro nyinshi mbereka ko mpari, ababyemera ni bakeya kandi ibyo byabaye kuva kera n置yu munsi nkiyabaha. Nabahaye ikivuguto cyiza muranga ahubwo ngo murishakira vino isharira. Nabahaye amavuta kugira ngo abakize indwara zose ku mubiri no kuri roho ariko abenshi ntimubyemera.

Ariko bana banjye, uwemeye yizera arakira. N置bu rero hamaze gukira benshi b段ngeri zose. Bana banjye b但banyarwanda, u Rwanda ntimuzi ikirezi mwambaye, iyaba mwari mukizi mwakumvise icyo tubabwira.



Bana banjye, ntabwo namanukiye muri kino gihugu ubusa, nabonaga hari icyo mukeneye. Bana banjye, abatwiyambaza jye n置mwana wanjye mushyizho umwete nimuhumure muri ibi byago bya rurangiza bigiye kubagwirira muzarindwa na njye. Bana banjye, nimutwiyambaza nta buryarya cyane cyane muri bino bihe bibi bya rurangiza bigiye kubabwirira kuko ari twe gisubizo cyanyu.



Bana banjye, abazanyiyambaza muri Rozari yanjye, abo nzabarinda cyane cyane muri bino bihe bibi bibugarije.



Bana banjye, ngaho mubane nanjye urukundo rwanjye rubakomeze. Ngaho mugire amahoro kandi mugwize andi. Bana banjye, uyu munsi wa none mbahaye umugisha wanjye wa kibyeyi. Bana banjye, muramenye sinzabe nyamwisiga ngo nisange, namwe kandi ntimuzabe baburamwaje. Ngaho murakoze murakagira Imana.





_______________________________________
Sujet : Re : rushyi rw'inkuba Date : 19/06/2010, 15H41

Auteur :
mugisha
UBUTUMWA UMUBYEYI BIKIRA MARIYA YAHAYE BYISHIMO
KU ITARIKI YA 02/06/2010
_____________________________


Umubyeyi Bikira Mariya yaje ababaye cyane, ari mu rumuri rwinshi cyane ntabona icyo ndugereranya nacyo nuko aranyitegereza, aransuhuza, ati:

B.M.: Uraho mwana wanjye ukomeje kwihanganira ibigeragezo byose uhura nabyo!

BY.: Uraho Mama!

B.M.:Umeze ute?

BY.: Mama, meze neza gahoro nawe urabibona. Mfite imibabaro myinshi mu mubiri wanjye.

B.M.: Mwana wanjye, iyo mibabaro ufite ni ibyaha byinshi by誕bantu benshi bari hirya no hino muri kino gihugu cyanyu cy置 Rwanda uri guhongerera. None rero mwana wanjye, ni ukwemera ukabyakira kandi mwana wanjye hari n誕bandi bana banjye bameze nkawe, mufatanyije imibabaro.

BY.: Ariko Mama, mfite ubwoba bw段byo mukomeje kunyereka. Binteye ubwoba ntabwo ngisinzira.

B.M.: Ntihagire ikintu na kimwe kigutera ubwoba kuko nta kintu na kimwe utazi. Mwana wanjye, baragutoteza ndabibona, ariko abo bagutoteza bazasanga baribeshye. Mwana wanjye, ndi hano uvuge icyo ushaka ndakumva. Uyu munsi ngarutse kubasura kubera ko mbakunda, ariko kandi ndababaye.

Mbabajwe cyane n置ko ibyo mbasaba mutabikora, ahubwo mwibereye mu binyoma gusa,mwibereye mu bidafite shinge, muri mu mazimwe gusa, muririrwa mutoteza uwo mbatumaho mumushinja ibyo mutahagazeho.

Mumutoteze, ariko naramutoye ndacyamutuma ntabwo ndamurekura kandi n段yo akosheje ndamwihanira mubyumve neza mureke amagambo hirya mo hino.
Mwana wanjye, ongera unsuhurize abana banjye bose ntawe urobanuye, uti nimugire amahoro, nimugire amahoro, nimugire amahoro, urukundo rwanjye rubasakaremo.

Mwana wanjye, mbwirira abantu bose b段mpande zose z段si, bambwirire, uti isi mutuye mwayihinduye umwanda, amategeko Imana yabahaye ntimukiyitaho na mba. None hagati aha kababayeho kandi bihereye mu Rwanda. Mugiye kugusha ishyano banyarwanda mubyumve ntacyo ntavuze. Ubu Shitani yarahagurutse ubu impande zose z段gihugu yarangije kukigota. Ubu Shitani iratuma abantu benshi bangana. Abantu benshi bataye ukwemera kubera amaraha bibereyemo, kubera iby段si bashyize imbere, ubu rero benshi bari kugenda baganisha mu rwobo.
Bana banjye rero munyumva mwumva ibyo mbabwira nimupfukame musenge, mutakambire igihugu cyanyu kuko kigeze mu rwobo.




Ibikomeye biraje bizarokoka bake. Bana Mwicuze banjye, nimugendere mu nzira zo kwitsinda no kwicuza. Mwicuze, Mwicuze cyane kuko igihugu cyanyu kiri kugenda kijya mu muriro.

Bana banjye, ibyahanuriwe kino gihugu cyanyu ngibi birasohoye kandi bizarokoka bacyeya. U Rwanda nararwiteguriye, ndwicayemo mubimenye, umwana wanjye yarangije kuruteguraho byinshi kuko ku isi yose nta kindi gihugu cyamwakiriye ngo kimwegurire igihugu uretse u Rwanda. Niyo mpamvu aka gahugu kanjye niteguriye kagiye gukorerwamo byinshi.

Mwana wanjye, ongera ubambwirire, uti abanga kwakira ibyo nkomeza kubabwira ntabwo ari bo bazatuma umwana wanjye atuzuza umugambi yateguye kuri kino gihugu cy置 Rwanda; kuko iki gihugu ntabwo umwana wanjye ateze kukirekura na rimwe. Iki gihugu ni cyo Isiraheli ya kabiri mubimenye, kuko umwana wanjye yarangije kugirana isezerano rye namwe. Ngaho rero nimumubere umuryango.

Bana banjye, ibikomeye biraje, abantu benshi baratashye, nimwiyeze, mwicuze ibyaha byanyu inzira zikigendwa.

Mwana wanjye, ongera umenere Abanyarwanda ibanga kuko urukundo umwana wanjye yakunze u Rwanda, umwanzi we Shitani yararimenye akaba ari cyo gituma ikomeje kubagenderera ku buryo bukomeye ibazanira urwango rutigeze rubaho na n置bu.

Mwana wanjye, mbwirira abantu bose, abumva bumve, utumva nawe ni akazi ke ntacyo azireguza imbere y棚mana. Mwana wanjye, ijwi ryawe nirirenge rigere ku mpera y段si yose. Umbwirire abantu bose kuko amahanga niyo yahanuye ukugaruka ku isi k置mwana wanjye. Ariko kugeza ubu ntaramenya igihugu azicaramo. None rero bana banjye, uyu munsi mbamenyesheje ko umwana wanjye arangije kwicara mu Rwanda.

Mwana wanjye, uramenye ubu butumwa ntugire igihugu na kimwe wibagirwa utakimenyesheje ugutsinda k置mwana wanjye Yezu. Bambwirire, uti umwana wanjye yakunze u Rwanda kandi ntibizigera bihinduka na rimwe, kuko ibyo mwakora byose ntabwo azisubiraho byarangiye uwanga kubyemera narorere icy段ngenzi ni uko nta na kimwe kigomba kubuza umwana wanjye kuzuza ibyo yateguriye iki gihugu cyanyu cy置 Rwanda. Simvuze byinshi ibimenyetso byinshi mwarabibonye icyari gisigaye nacyo cyagaragaye, uzi gushishoza nashishoze.

Mwana wanjye, bambwirire, uti uwanze kumva ntiyanze no kubona. Nimureke rero ibyavuzwe bisohore nk置ko byahanuwe. Ubu butumwa ubutange, nukomeza gutinda kubutanga uzabutanga nabi, ubimenye.

Bana banjye, isukurwa rigiye gutangira. Ubu umwana wanjye agiye gusukura kino gihugu hasigare inyangamugayo, hasigare abumvise ibyo tubasaba kandi bakabishyira mu bikorwa. Bana banjye, mubimenye isi yose izaronka amahoro aturutse hano mu Rwanda, mwange cyangwa mwemere ni ko bigiye kugenda.




Bana banjye, igihe kirageze ibyo twababwiye byose bigiye kuzuzwa kuko nta n置mwe mu batuye isi, ari uwera cyangwa yirabura, ufite umugambi wo guhindura umugambi w置mwana wanjye.

Hari abirirwa babeshya ngo bafite ubwenge. Ubwenge ni ubw置mwana wanjye wenyine ntawe ubumurusha. Byose rero bigiye gusohora nta kadomo na kamwe kagabanutseho. Simvuze isaha cyangwa umunsi cyangwa umunota ariko muratunguwe. Abanjye mwicare mwiteguye.

Mwana wanjye, sengera u Rwanda, Sengera u Rwanda, Sengera u Rwanda. Mfasha kururirira kuko uburakari bw棚mana bubisutseho nk段mvura y誕mahindu.


Mwana wanjye, mbwirira Abanyarwanda, uti ndababaye kubera urukundo nabakunze mwe mukangaragariza ko muzi kwangana. Mwana wanjye, sengera Abanyarwanda kuko barambabaje cyane kubera urukundo mbakunda.

Bana banjye, nguyu wa munsi nababwiye urageze kandi ubaguye gitumo muri gushaka amafaranga, mwibereye mu mitungo gusa, umwana wanjye arabirimbuye namwe atabasize.

Mwana wanjye, ubu butumwa bugeze ku Banyarwanda bose, ari uwakiriye cyangwa utarakiriye, mwese burabareba. Ntutinye kubutanga ndashaka ko nta n置mwe utungurwa, n置tabwakira nawe abe yabimenye.

Bambwirire, uti ibyo byose muri gupfa umwana wanjye arabirimbuye namwe atabasize. Bambwirire, uti nguyu wa munsi ubaguye gitumo, urukundo mbakunda ni rwo rutumye mbereka ko mbabaye nibura hagire urokoka.

Bana banjye, ni benshi batakira ibyo mbabwira kubera amaraha barimo.

Bambwirire, uti umwana wanjye agiye kubereka ko ari we utanga amahoro. Mwana wanjye, mbwirira abakiriye, uti ni mwe mutumye ntangaza ibi kugira ngo mudatungurwa.

Bana banjye, nimuhore mwiteguye ejo mutagubwa gitumo.

Bambwirire, uti ndareba kino gihugu cyanyu cy置 Rwanda, nkarira adakama. Ndabona hari abavuga ngo barambiwe gutegereza, ndabona bagiye gutwarwa n段bintu.

Bambwirire, batazakomereka baramutse batunguwe.

Mwana wanjye, mbwirira abantu bose ko mbabaye cyane, umwana wanjye agiye kubamanuriraho amahindu, kandi ibi mvuga nta gihe mubitegereje uretse iki murimo. Mwana wanjye, ongera ubambwirire, uti kubona nabo nakubise akanyafu nabo akaba ari ntacyo bibabwiye ngo bahinduke!






BY.: Ariko se Mama, hakorwe iki kugira ngo biriya bintu bibi mukomeje kunyereka bitaba?

B.M.: Mwana wanjye, wibaza ngo hakorwe iki kugira ngo ayo makuba arorere, nta cyakorwa uretse kuzuzwa kw段byahanuwe.

Mwana wanjye, mbwirira abana banjye bose, uti umwana wanjye u Rwanda yararutuwe, yararwakiriye, none mwe buzukuruza be nimutunge uwo munani wa sokuruza wanyu.


Ariko bana banjye, murambeshya ngo murasenga, murambeshya cyane! Uyu munsi ndabasaba ngo muhagurukire rimwe musabire igihugu cyanyu kuko kiragenda kiganisha mu rwobo. Abanyarwanda narabakunze, Abanyarwanda nkunda, Abanyarwanda nzahora nkunda, nimumbabarire muntege amatwi. Ariko abatemera kuyantega, nimumenye ko iyo wahinze ingano, isarura riragera wajya guhunika urumamfu ukarutwika. Abemera rero kwambara ikirezi nikibizihire, abatemera kucyambara nibajye mu mwanya babyiganiye w段byisi.

Mwana wanjye, bambwirire, uti ndababaye cyane. Mbabajwe na benshi banze kwakira urukundo mbakunda ariko kandi bana banjye n置bwo mwanga kurwakira sinzareka kubakunda, ndacyabakunda. Ni yo mpamvu umwana wanjye yabeguriye gutegeka isi. Nimwakire rero umunani yabahaye, ariko se ko mbasaba gukundana mukanga iyi si muzayitegekesha ayo macakubiri yanyu?

Ni yo mpamvu rero umwana wanjye agiye kwishungurira inyangamugayo kugira ngo ibyateguwe byuzuzwe. Ese mwana wanjye, ntabwo mwishimiye uwo munani umwana wanjye abahaye? Nimurangwe n置rukundo ruranga abana b棚mana maze mwegukane umunani wanyu.

Mwana wanjye, soma Math. 1, 21-23

Bana banjye, mwakumviye nka Yozefu Imana yabujije kwegera umugeni we yasabye, yakoye arabyemera. None Abanyarwanda ndabatumaho intumwa n誕bahanuzi ntimubumve, ahubwo mugashaka kuzica mu gihugu! N置takiriye nawe yakwicecekera akareka ubugambanyi.

Mwana wanjye, mbwirira Abanyarwanda , uti mbifurije kuzashyikirana n置mwana wanjye mu bihe bishya no mu Rwanda rushya yagabiwe n旦mwami wanyu i Nyanza.

Bana banjye, ngaho mubane nanjye urukundo rwanjye rubakomeze. Ngaho mugire amahoro kandi mugwize andi.

Bana banjye, mbahaye umugisha, ku izina ry棚mana Data na Mwana na Roho Mutagatifu. Amina.

*******************************
Sujet : Re : rushyi rw'inkuba Date : 05/07/2010, 16H02
Auteur :
Sugira
Hey Mugisha,

Nta gishya se cy'ukwezi kwa 7 (Nyakanga)?

Amahoro
Sujet : Re : rushyi rw'inkuba Date : 29/07/2010, 20H28

Auteur :
mugisha
UBUTUMWA UMUBYEYI BIKIRA MARIYA YAHAYE BYISHIMO

KU ITARIKI YA 13/07/2010

_____________________________





Umubyeyi Bikira Mariya yaje ababaye cyane, ari mu rumuri rwinshi cyane ntabona icyo ndugereranya narwo nuko aranyitegereza, aransuhuza, ati :



B.M. : Uraho mwana wanjye ukomeje kwihanganira ibigeragezo byose uhura nabyo!



BY. : Uraho Mama!



B.M. :Umeze ute?



BY.: Mama, meze neza gahoro nawe urabibona. Singisinzira kubera ibintu bibi mukomeje kunyereka.



B.M.: Mwana wanjye, ihangane kuko nta kintu utazi. Mwana wanjye, nsuhuriza abana banjye bose, uti nimugire amahoro kandi mugwize andi.



BY.: Mama, ndi hano vuga icyo ushaka umuja wawe ndakumva.



B.M.: Bana banjye, ngarutse kubasura mbakunze nk窶冰ko nababwiye ko ntazabasiga nk窶冓mfubyi, niko bimeze kuko igihe cyose mbari hafi.



BY.: Mama, murakoze. Ariko Mama, mbere yo kugira icyo tukubwira ubanze utubabarire ibicumuro byacu, ubanze uturuhure imitima iremereye, ubanze usubize imitima ya benshi mu nda.



B.M.: Bana banjye, buri muntu atekereze ku mutima we maze ashyitse umutima hamwe, maze avuge ikiri ku mutima we ariko cyane cyane yizeye ko icyo asaba gishoboka ariko cyane cyane yicishije bugufi kugira ngo ashobore kwakira no kumva icyo agomba kumva no kwakira icyo ari buhabwe.



Bana banjye, naje kubasura nk窶冰ko mpora nza. Bana banjye sinababwira ko mbabaye cyangwa nishimye, sinababwira ko mbagaye kandi ndi umubyeyi. Bana banjye, ndababaye cyane kuko ibyo nkomeza kubabwira mutabikora ahubwo mugaca intege n窶兮bagombye kuzigira. Umukobwa aba umwe agatukisha bose, none rero ndagarutse kubera ko mbakunda.



Bana banjye, nk窶冰ko nababwiye ko mwanyise umunyabyaha ariko atari ko nitwa, atari nako nteye.



BY.: Mama, tugusabye imbabazi tubikuye ku mutima, wirengagize ibyo twaba twaragukoreye byose, uzirikane ko turi abantu, uzirikane ko udukunda kandi ko turi abana bawe b窶兮banyabyaha.



Mama, ndabona harimo abagerageza bubahiriza ibyo ubasaba. Erega Mama, kenshi uza tugukumbuye kandi uyu munsi wumve ko tugerageza ariko intege nke za muntu ziranga.



B.M.: Bana banjye, uyu munsi ntabwo mbakura umutima, ndagira ngo buri muntu aho ari ajye yisuzuma kandi yikosore. Si itegeko ni ubushake n窶冰rukundo bya buri muntu.



Bana banjye, kenshi na kenshi nakunze kubasobanurira ko Kibeho yanyakiriye atari umusozi, atari n窶冰murenge ahubwo Kibeho ni abo mpasanga, ndumva narabibasobanuriye kuva mbere. Nkihakandagira nababwiye ko mbakunda ko ntazabasiga nk窶冓mfubyi, ni yo mpamvu nanjye uko bwije n窶冰ko bukeye ndagaruka kuko mbakunda kandi mbashaka kandi n窶冓yo mbakumbuye mbatumaho.



BY.: Ariko Mama, natwe turagukunda n窶冰bwo haba harimo ucikwa cyangwa akagira intege nkeya ariko nzi neza ko uko nabonye abantu bose bari iwacu hari abagerageza kandi baragukunda n窶冰wumva ubutumwa akumva aho babusoma nawe agira icyo atahana.



B.M.: Bana banjye, niyereka ab窶冓ntamenyekana, niyereka uwo nshaka n窶冓gihe mbishakiye nkamutuma aho nshaka, nkamutuma aho ari ngombwa.



BY.: Mama , icyo ushaka kirakorwa.



B.M.:Bana banjye, ubwo nazaga gusura umwana wanjye ubwa mbere benshi bamwibajijeho bavuga ibyo bishakiye. Bana banjye rero burya ntawe usiga umugisha iwabo ngo awusange ahandi; koko ugira Imana abona umugira inama kandi ugira Imana abona umubwiza ukuri. Mugira amahirwe rero ko mpora nza kubasura mbatumaho umugaragu wanjye unanizwa n窶冰bonetse wese.



BY.: Ariko se Mama, ni ukuvuga iki?



B.M.: Bana banjye, nibuka ko akiri mu nzu y窶冓mbohe namusezeranyije ko kandi narabimubwiye ko azatotezwa n窶兮bantu bose, agatotezwa n窶兮bo bagize icyo bahuriyeho n窶兮bo batagize icyo bapfana ndetse n窶兮batamuzi, kugeza igihe azabura n窶冰muha amazi yo kunywa, bakamuhimbira ibitabaho kugira ngo ashobore gufasha umwana wanjye Yezu gukiza isi. Birantangaza cyane kumva ibyo mubyibagirwa namwe mwari muri kumwe nawe mugaca muri iyo nzira.



Bana banjye, ntihazagire usenga, ukora igikorwa cy窶冰rukundo yereka abantu kugira ngo bamushime, ujye uharanira gushimwa n窶冰wo utareba n窶兮maso yawe. Nababwiye ko umukristu w窶冰kuri ukunda mugenzi we aramwegera akamuhana akamwereka ko ibyo akora atari byiza. Bana banjye, mumbabarire kuko ibyo nabibabwiyeho kuva kera, ni ukubasubiriramo, ndagira ngo ejo hatagira ugwa muri uwo mutego cyangwa agateshuka kuko buri muntu yagombye gufungura amaso akamenya icyo yagombye gukora cyiza: gusenga, kwicisha bugufi no gukundana cyane cyane kubabarirana. Ndabamenyesha ko mugira amahirwe abandi badafite. Hari abifuza kuba bari hano muri kino gihugu cyanyu ariko ntibabibone. Birambabaza cyane, mucika intege ntimwubahirize ibyo tubabwira.



Bana banjye reka mbabwire, ibya mbere bigiye kuba ibya nyuma. Ikindi kandi bana banjye ukuri kuratinda ntiguhera. Bana banjye, ibyo nababwiye byose byaragaragaye ubu mugeze mu bihe bya nyuma kuko bya bihe bibi bikomeye mubigezemo, mubirimo byaratangiye kandi ufite amaso yo kureba narebe kandi ashishoze, arebe ikibi n窶冓cyiza.





Bana banjye, mugeze mu bihe bikomeye cyane ariko abazaharanira ugukora ugushaka kwanjye n窶冰mwana wanjye abo nzabarinda igihe cyose, yaba mu byago cyangwa mu makuba cyane cyane muri ibi bihe bikomeye mugezemo nzabagotera mu mutima wanjye utagira inenge. Ukora ugushaka k窶冰mwana wanjye agaharanira ibiduhesha ikuzo, uwo arahirwa cyane. Mwana wanjye ntugatinye kuvuga ibyo tukubwiye, jya ubivuga uko ubibwiwe byose utagize ijambo ugabanyijeho na rimwe cyangwa ngo ugire icyo wongeraho. Ibyo nkubwiye byose jya ubigeza ku bana banjye bose kuko hari abo bigirira akamaro kuko iyo ubibabwiye barushaho kwisubiraho n窶冰bwo atari bose ariko hariho abahinduka. Jya ubabwira kandi, uti umwana wanjye agira impuhwe ariko aranahana. Menya ko nagutoye nkagutuma, nagira ngo bamenye uwo ndi we jye n窶冰mubyeyi wanjye.



Bana banjye nkunda, ndabasaba guhora muri inyaryenge kuko mugeze mu bihe bikomeye cyane, mugeze mu gihe cy窶兮marira menshi. Bana banjye, ubu Shitani yarahagurutse iri gukorera ku mugaragaro, ubu impande zose z窶冓gihugu yarangije kuzigota, ubu iratuma abantu benshi bangana.



Bana banjye, nimuhore mwiyejeje mwitegure, mumenye ko muri mu bihe bya nyuma. Icyago cya rurangiza kirabugarije kandi kibaguye gitumo kandi sibwo bwa mbere nabibabwira, kizarokoka bake. Mubimenye rero, nimwitegure mwicuze, musabane imbabazi.



Bana banjye, ibyo nababwiye byose bigomba gusohora nta kadomo na kamwe kagabanutseho kuko mwanze kumva, kuko iyo mbabwiye nti nimuhinduke mwicuze ibyaha byanyu bisa nk窶兮ho mbabwiye ngo nimukomereze aho.Nyamara bana banjye, simbabwiye umunsi cyangwa isaha ariko amazi yarenze inkombe.



Bana banjye, ndabasaba kugira urukundo, ndabasaba kubabarira, ndabasaba kugira imbabazi no kuzitanga, ndabasaba gusabira u Rwanda. Murusabire cyane kuko rwugarijwe. Bana banjye, mu gihugu cyanyu cy窶冰 Rwanda nabasuye kenshi ariko benshi ntibanyumvise, n窶冰yu munsi ntibaranyumva.



Bana banjye, nabasuye mbakunze ntabwo nigeze nduhuka kubabwira ko mbakunda, ntabwo nigeze nduhuka kubabwira ko intambara ikomeye iri mu mitima yanyu. Ndongera ndababwira, nti aho nsezeraniye n窶冰mwana wanjye ni ho duhurira, n窶冓yo haba mu nzitanwa n窶冓yo haba mu ntambara, iyo namubwiye ngo ndaza, ndaza aho yaba ari hose ndahamusanga.



Burya rero no mu nzira ntagenda wenyine tuba turi kumwe, ntabwo mutererana. Bana banjye ndabinginze, umuntu ni umuntu kandi ubuto burakoshya ntibuguherekeza. Musubize amaso inyuma, mwibuke ko hari Intebe ya Penetensiya bamwe musuzugura ko ntacyo bimaze ariko birakimaze. Buri muntu rero ajye yimenya areke kumenya mugenzi we.



Bana banjye, umwana wanjye arababaye cyane. Ababajwe cyane n窶兮banyarwanda yakunze none benshi bakaba bagiye gutsembwaho. Bana banjye naravuze, naravuze ariko noneho maze kunanirwa. Bana banjye, ubu ndareba kino gihugu cyanyu nkarira adakama. Bana banjye, uyu munsi ndabaganirije, muzirikane ibyo nababwiye byose, mfite akazi kenshi. Muzirikane ibyo nababwiye byose, icya mbere nababwiye ni urukundo, ukwicisha bugufi no gusabana no gufashanya bamwe n窶兮bandi mudakeneye ishimwe ry窶冓si ariko cyane cyane mukamenya kwiyegeranya mukiyunga mukamenya kubaha umurimo w窶僮mana aho kuwusenya. Mukamenya kumenya kwitsinda, mukamenya ko umuntu wese ataruta undi kuko ibyo mwese mufite ari ibyo nabahaye. Abafite rero ni ingabire mufite mujye muzihaho n窶兮bandi kandi muzikoreshe uko muzifite kuko umuntu afite icyo arusha undi. Mwumvikane rwose mureke gusenya umuryango mwishyiriyeho, nimusingize Imana kandi igihe cyose mujye mumenya ko mbari iruhande.



Bana banjye, uyu munsi naje kubasura mbabwira ko mbabaye. Nta gihe rero umubyeyi atababara ari kuganira n窶兮bana be kuko aba abereka ko bagomba guhinduka. Nk窶冰ko rero nabahaye amavuta yo kubakiza ku mubiri no kuri roho zanyu, abashidikanya ntibabuze, bazakomeza bashidikanye nibadashishoza. Abo imitima yanangiye nabo ni uko, ariko nk窶冰ko nabahaye urukundo rwanjye rwa kibyeyi kuko ndabakunda kandi abankomeyeho nanjye ngiye kubakomeraho, ndetse ngiye gukomeza kubasiga nkoresheje umwana wanjye mbatumaho kuko namwihereye ingabire ikomeye, ni umwihariko we, mubimenye.



BY.: Mama, ntabwo wagenda ntaguhereje urubyiruko rwo kuri iyi si yose cyane cyane urwo mu Rwanda. Abakuru bo bazi ibyo bakora ariko abatoya ntabyo bazi kugira ngo nabo ujye ubegera ubafashe kandi ubakomeze. Abana ntabwo bazi Ukarisitiya, ubu niho nsobanukiwe nanjye ntabwo nari nzi ibyo aribyo, ni uko umwana wawe yambwiye kenshi. Ubu rero nasobanukiwe, ubu Yezu ngiye kumwubaha uko ndi kose kuko nasobanukiwe cyane. Yanyibwiyeho byinshi ndetse bintera ubwoba. Mama, ubu ngiye kumwubaha n窶冰mutima wanjye wose kuko nasobanukiwe bihagije. Yambwiye uwo ariwe, yambwiye uko yampfiriye, uko yatangiye akampa umubiri n窶兮maraso bye, ubu uyu munsi nasobanukiwe kurushaho.



B.M.:None rero mwana wanjye, uzasobanurire n窶兮bandi kuko wowe wamaze gusobanurirwa. Bana banjye, mfite akazi kenshi, ndatashye buri gihe cyose mujye muhora muzi ko tubari iruhande. Bana banjye, muhore mwiteguye. Ngaho mugire amahoro kandi mugwize andi. Sinavuga ko mbasezeyeho kandi duhorana buri gihe cyose. Bana banjye, uyu munsi mbahaye umugisha wanjye wa kibyeyi.

*******************************
Sujet : Re : rushyi rw'inkuba Date : 30/07/2010, 13H54
Auteur :
binga
Uzatubarize umubyeyi uti: ko utubwira ibibi bigiye kuba ku Rwanda, kdi na Magayane na nyirabiyoro barabivuze, tukaba tutabemeraga kubera ko atari wowe wabatumye, ubwo bahereko bemere ubuhanuzi bwabo ko ibyinshi byenda guhura mubyeyi? Uti abana bawe barakwambaza ngo urengere u Rwanda.
Sujet : Re : Ubutumwa bushya Date : 06/09/2010, 18H49

Auteur :
mugisha
UBUTUMWA UMUBYEYI BIKIRA MARIYA YAHAYE BYISHIMO

KU ITARIKI YA 20/08/2010

_____________________________





Umubyeyi Bikira Mariya yaje ababaye cyane, ari mu rumuri rwinshi cyane ntabona icyo ndugereranya narwo nuko aranyitegereza, aransuhuza, ati :



B.M. : Uraho mwana wanjye ukomeje kwihanganira imibabaro yose uhura nayo!



BY. : Uraho Mama!



B.M. :Umeze ute mwana wanjye?



BY.: Mama, meze neza gahoro nawe urabibona ingendo mukomeje kunkoresha ni nyinshi sinkiruhuka.



B.M.: Mwana wanjye, ni ukwemera ukabyakira kuko warabibwiwe. Nakubwiye ko nzagutuma ahantu henshi none rero mwana wanjye wikwinuba kuko ntaho urageza, ndacyagutuma.



BY.: Mama, sininuba ndabyemera. Mama ndi hano vuga icyo ushaka umugaragu wawe ndakumva.



B.M.: Mwana wanjye, ongera unsuhurize abana banjye bose, uti mugire amahoro, urukundo rwanjye rubasakaremo. Bana banjye ndababaye cyane, mbabajwe cyane na kino gihugu cyanyu cy窶冰 Rwanda, mwanze guhinduka none kababayeho kandi narababwiye kuva kera none benshi mukaba mugiye gutsembwaho. Ikindi kandi bana banjye ikimbabaje cyane, mbabajwe cyane n窶兮bana banjye bakomeje kurohwa mu buroko, abandi bakomeje kurigiswa, abandi bakomeje kwicwa ari mwe bazira mwebwe bayobozi bakuru.



Bana banjye, ni kenshi nabasabye gutanga imbabazi muranga, mbasaba kunamura icumu muranga bisa nk窶兮ho mbabwiye ngo nimukomeze. Bana banjye nyamara ngo ishyamba si ryeru kuko ibikomeye biraje kandi bizarokoka bacye. Kugeza ubu ufite amaso yo kureba narebe aho ibintu bigeze.



Bana banjye urugogwe rurabagwiriye kandi rubaguye gitumo. Igiti kinini kirahirimye kigiye kuma nta mashami gisigaranye. Bana banjye amazi yarenze inkombe kandi narababwiye. Bana banjye ntacyo ntavuze ariko mwanze kumva. Bana banjye, nabasabye kunamura icumu muranga murananira, mbasaba gusabana imbabazi muranga murananira bisa nk窶兮ho mbabwiye ngo mukomereze aho, none ngo ni amahoro! Nta amahoro ahari ufite amaso yo kureba narebe utareba nawe nta bushishozi afite.



Bana banjye, Banyarwanda, imvura y窶兮mahindu igiye kubanyagira kandi izarokoka bake.



BY.: Mama, rwose iyo mvura y窶兮mahindu mukomeza kumbwira ni imvura imeze ite rwose?


B.M.: Mwana wanjye, urambaza nawe hari icyo uyobewe, hari cyose ntakwereka.



Bana banjye, nabasabye kwisubiraho, muranga murananira none benshi bagiye kugwa murwobo. Bana banjye, b窶僊banyarwanda, ndareba kino gihugu cyanyu cy窶冰 Rwanda nkarira adakama. Bana banjye, abantu bensi baratashye, bana banjye b窶僊banyarwanda, naravuze, naravuze, naravuze ariko noneho maze kunanirwa.



Bana banjye, abantu benshi bataye ukwemera kwabo, benshi bibereye mu mitungo gusa. Mubirundarunde ariko si ibyanyu. Bana banjye, ndababaye cyane ndabona benshi bibereye mu bigirwamana, mwibereye mu ngeso mbi, murica amategeko y窶僮mana uko mwishakiye. Niyo mpamvu uyu munsi wa none nongeye kugaruka mbinginga ngo nimusenge nibura hagire urokoka kuko ibi mbabwiye nta gihe mubitegereje, simvuze umunsi cyangwa isaha ariko muratunguwe kuko igihe ari iki nta kindi mutegereje.



Bana banjye, mbisubiyemo imvura y窶兮mahindu igiye kubanyagira kandi izarokoka bacye. Kugeza ubu umwana wanjye agiye kwishungurira inyangamugayo, hasigare abamukoreye neza. Ariko bana banjye muravuga ngo murankunda nyamara ntabwo munkunda. Muravuga ngo murankorera nyamara ntabwo munkorera, ahumbwo muranyanga kuko iyo munkunda mwakumvise ibyo mbabwira maze mukabishyira mu bikorwa.



Bana banjye, ndabasaba kuvuga Rozari buri munsi n窶冓shapule y窶冰bubabare kuwa kabiri no kuwa gatanu kuko igihe cyose nibyo bizabatsindira Shitani. Bana banjye, mubivuge kuko muri bino bihe bibi mugezemo niyo izabatabara.



None rero mwana wanjye, uravuga ngo urababara, uravuga ngo urananiwe, wirambirwa ngo ucike intege kuko kubabara kwawe hari benshi gukiza. Ikindi kandi mwana wfanjye wivuga ngo ufite ubwoba kandi nkikwereka byinshi bikomeye kuko ntagishobora kuba na kimwe utakizi. Komera rero ku ibanga ufite kuko igihe cyo gusohora kirageze. Ikindi kandi mwana wanjye,umwana wanjye ntatana n窶冰musaraba, umwana wanjye apfana amagambo menshi ku mutimawe, umwana wanjye atwara umusaraba yishimye, umwana wanjye iby窶冓si abibonamo ubusa.



BY.: Mama, ndibuka rwose mumbwira ko abantu dutinya kubabara, tugatinya ko nta kintu cyatubabaza kibaho ariko nk窶冰ko mwagiye mubimbwira umusaraba utuma umuntu aca akenge kandi akaba umukristu koko kuko aba yereka Imana, ati ninkora iki ndahanwa.



Mama, uzi umusaraba wampaye ubushize? Ariko nabashije kwihangana kuko nzi umunyafu wanyu.



B.M.: Bana banjye koko mwakumviye Imana koko inzira zikigendwa, mukareka kuba ba mayira abiri. Mwebwe rero ngo mushaka ibitangaza, igitangaza kirenze icyo mpora mbereka ku mugaragaro ni ikihe? Ko mpora mbereka ku mugaragaro n窶兮maso yanyu ariko ntimubona. Ese nk窶冰bu uwababaza ibitangaza mwifuza mwavuga ko ari ibihe?



Bamwe mutekereza kubona amafaranga, kubaho neza, cyangwa kwifuza ibyo kanaka atunze ariko nta n窶冰mwe ujya yifuza kumva akeneye Imana mu mutima we, ngo ayishakashakane umutima utaryarya kuko akenshi mukera no kugira ngo mukere mudasubiye inyuma ngo mwisuzume murebe ibyanyu mwakoze cyangwa ingo z窶兮bandi musenya.



Bana banjye, nzi benshi bishimira kuvuga ibibi bakabitangaza ariko Ijambo ry窶僮mana ryaza bakarizimiranya, nta n窶冰mwe ushobora kumva ijambo ry窶僮mana rishobora kugirira mugenzi we akamaro ngo aritangaze ariko iyo yumvise ikimusebya aracyihutana kikagera mu butegetsi,mu bihayimana kikagera no mu baturage cyasakaye maze mukarema nk窶僮mana.



BY.: Mama, ibindi ko ntabyumvise? Oya ntabwo naniwe. Murakoze. Murakoze cyane, ariko rero no kunanirwa birimo kuko iyo umuntu ambajije ngo urananiwe, ndamubwira nti ntabwo ari cyane, niyo ambajije ngo urashonje mubwira ko ntashonje kuko ntawamubwira ko atijuse ngo akugaburire kuko no muri iki gihe abantu basigaye ari ibisimba, ni uguhaye asigara akuvuga.



B.M.: Bana banjye, uyu munsi buri muntu atekereze ku mutima we maze ashyitse umutima hamwe maze avuge ikiri ku mutima we ariko cyane cyane asaba yizeye kandi yumva ko icyo asaba gishoboka ariko cyane cyane yicishe bugufi kugira ngo ashobore kumva no kwakira no kumva icyo agomba kumva no kwakira icyo ari buhabwe.



Bana banjye, mbabwiye ibyo kugira ngo igihe mupfukama musaba mujye mubasha kwicisha bugufi munsabe kandi nzabaha kuko ndafite. Bana banjye, uyu munsi ngarutse kubasura kuko mbakunda. Uyu munsi rero sinababwira ko mbabaye cyangwa nishimye. Sinababwira ko mbagaye kandi ndi umubyeyi.



BY.: Karame, Mama , urakoze. Ngo urababaye?



B.M.: Bana banjye, ndababaye cyane kubera ko icyo twasezeranye nta gikorwa ahubwo mugaca intege n窶兮bagombye kubikora. Ariko bana banjye n窶冰bwo mvuze gutyo harimo amagroupe yatangiye kunyiyambaza muri Rozari yanjye ariko harimo na ba mayira abiri kuko umukobwa aba umwe agatukisha bose. Abo bakomeje kunyiyambaza muri Rozari yanjye ndabashimiye n窶冰mutima wanjye wose. Uyu munsi rero mwihe amashyi n窶冓mpundu kiko murabikwiye ariko abo mvuga si abandi ni abatowe.



Bana banjye, nimukomere ku rugamba mukomeze mutakambire igihugu cyanyu n窶冓si yose kandi mutakambire umushumba wa Kiliziya y窶冓si yose, Papa, kuko arakomerewe cyane. Ikindi kandi bana banjye, nimukomeze rero mube abatowe koko, mubere rero abandi urugero, mbisubiyemo rero, bana banjye, umukobwa aba umwe agatukisha bose.



None rero ndagarutse kuko mbakunda. Benshi munyita uko ntari, mukomeje kunyita umugore nk窶兮bandi, muri mwese ni nde wabyaye Imana, ariko mutatinyuka ngo turi kimwe.



BY.: Mama, ndabona ubivuze ubabaye. Mama, tugusabye imbabazi tubikuye ku mutima. Mama, uyu munsi wa none wirengagize ibyo twaba twaragukoreye byose, uzirikane ko turi abantu, uzirikane ko tugukunda, uzirikane ko turi abana bawe b窶兮banyabyaha, wumve ko igihe cyose tuba tugutegereje twishimye kandi tugukumbuye, wumve ko tugerageza ariko intege nke za muntu zikanga. Urakoze Mama.



Karame!



B.M.:Ndabababariye.



Bana banjye, ntabwo mbakura umutima ndagira ngo umuntu aho ari ajye yisuzuma kandi yikosore, si itegeko ni ubushake n窶冰rukundo bya buri muntu. Bana banjye, rwose ntabwo mbakura umutima, ndagira ngo buri muntu aho ari hose ajye yisuzuma kandi yikosore.



Bana banjye niyereka ab窶冓ntamenekana, niyereka uwo nshaka n窶冓gihe nshakiye, nkamutuma aho nshaka, nkamutuma ahari ngombwa.



BY.: Karame Mama. Vuga icyo ushaka ndakumva.



B.M.: Bana banjye, nkomeje kuza kenshi igihe cyose. Narababwiye ngo ntawe usiga umugisha muhaye ngo awubonere ku iyi si. Nibyo koko ugira Imana abona umugira inama kandi abona umubwiza ukuri.



Mugira amahirwe rero kuko naje kubasura nkaba nkomeje kubatumaho umugaragu wanjye unanizwa n窶冰bonetse wese.



BY.: Mama, nabivugiye iki?



B.M.: Bana banjye, hari abamubona ukagira ngo baramwishimiye ariko babeshya kandi ibyo byose mbibona kuva mbere nkimwiyereka. Hari abo namuragije ngo bamwiteho uko bwije n窶冰ko bukeye, kugeza ubu mumenye ko nta n窶冰kimutekereza, abiyumva bisubireho kuko hari ibyo nzababaza.



Bana banjye ibikomeye biraje kandi bizarokoka bake, kandi si ubwa mbere mbibabwira mubimenye kuko nta n窶冓cyo mutazi, ntacyo ntababwiye ndi kubibasubiriramo. Uwumva yumve n窶冰tumva ni akazi ke kuko muratunguwe.



Bana banjye, ibimenyetso bihagije mwarabibonye ntacyo mutazi. Ibi mbabwiye niko bimeze ntagisigaye. Mbisubiyemo abantu benshi baratashye.



Bana banjye, ngaho rero muri uyu mwanya nk窶冰ko nsanzwe mbumva, abakomeje kunyiyambaza muri kino gihe gito mufite mbahaye nimuze mumbwire icyo mwifuza cyose kuko nteze ibiganza ntegereje ukuza kwanyu.



BY.: Mama, nanjye rwose uyu munsi ndagusaba ngo ufashe abantu bose bavuga Rozari bakwiyambaza kandi ufashe abarwayi bose ariko cyane cyane abo ungezaho bose kandi bakizwe n窶冰mwana wawe kandi iyo ngabire ni mwe mwayimpaye.



Karame Mama, vuga umuja wawe ndakumva.




B.M.: Bana banjye,mujye muvuga muti: 窶弋urakwirukiye dufite intimba kuko tukiri ahantu h窶兮marira menshi. Muvugizi wacu utwiteho utugirire ibambe, kandi nitumara guhabuka uzadusohoze kuri Yezu umwana wawe ukwiye icyubahiro, Amen窶. Bana banjye, sibwo bwa mbere nabibabwira, mujye murivuga buri gihe cyose nzajya ndibashyikiririza umwana wanjye.



Bana banjye rero, muhore muri maso, muhore mwiteguye simvuze umunsi cyangwa umunota cyangwa isaha, ariko muratunguwe. Bana banjye, mureke kwiruka hirya no hino muhagarare hamwe, bana banjye, ntimukabibe imbuto mbi gusa zo gusebanya, mujye mwihanganira ikibi kimwe mwishimire bitatu byiza, maze musibanganye icyo kibi kiba cyababangamiye.



Nababwiye ko ntatandukana n窶冰mwana wanjye, buri gihe cyose mba ndi kumwe nawe, ariko bamwe ngo mukunda Yezu jye mukanyibagirwa kandi mbafatiye runini bana banjye. Ndabasaba mukanyima, ndabaha ntimwakire nibyo mwakiriye nabyo ntimwibuke gushimira. Ndashaka kubabwira ko nimudashishoza mu ngabire nabahaye ntabwo muzasobanukirwa. Mujye mureba mbere yo kwiruka, mujye mureba, mujye mubanza musenge. Bana banjye hakizwa ku mutima, iyo utikijije ku giti cyawe ntabwo ukira.



BY.: Ariko se Mama, ugira ngo biroroshye! Buri muntu afite umutimanama we, afite ibyo yemera n窶冓byo atemera, afite n窶冰bushishozi. Urumva abantu bose twahuza umutima kugira ngo tugere ku kintu kimwe?



B.M.: Bana banjye, nababwiye ko mutagomba guhurura. Bamwe rero barumva ihururu hariya ngo ndahari bakirukanka, benshi rero ni ho mugiye gutera ukwemera.



Bana banjye, ndabinginze rwose, nimuhame hamwe mbahe kuko ndafite mureke guhuzagurika. Bana banjye ngiye kubasezeraho, ndabakunda, ndabakunda, ndabakunda cyane. Ariko aragowe uzirengagiza urwo rukundo mbasezeranyije kandi mbawiye.



Bana banjye, naziye mwebwe, naziye mwebwe, naziye mwebwe Abanyarwanda kuko nabonaga ko hari ibyo mukeneye. Ndagiye nzagaruka ubutaha, sinababwira ko mbasezeyeho kandi duhorana.



Bana banjye, ngaho mubane nanjye urukindo rwanjye rubakomeze, ngaho mugire amahro kandi mugwize andi.



Bana banjye, uyu munsi wa none mbahaye umugisha wanjye wa kibyeyi. Bana banjye, ngaho murakoze murakagira Imana.

*******************************

Message modifi le 06/09/2010 a 18H57, par mugisha
Sujet : Re : Ubutumwa bushya Date : 18/10/2010, 09H32
Auteur :
Sugira
Hey Mugisha,

Quid novi?
Sujet : Re : Ubutumwa bushya Date : 30/10/2010, 11H35

Auteur :
mugisha
UBUTUMWA UMUBYEYI BIKIRA MARIYA YAHAYE BYISHIMO

KU ITARIKI YA 09/10/2010

_____________________________





Umubyeyi Bikira Mariya yaje ababaye cyane, ari mu rumuri rwinshi cyane ntabona icyo ndugereranya narwo nuko aranyitegereza, aransuhuza, ati :



B.M. : Uraho mwana wanjye ukomeje kwihanganira ibigeragezo byose uhura nabyo!



BY. : Uraho Mama!



B.M. :Mwana wanjye, umeze ute?



BY.: Mama, meze neza gahoro nawe urabibona, ibigeragezo ni byinshi cyane. Ndatotezwa.



B.M.: Mwana wanjye, ni ukwemera ukabyakira kandi uzarutsinda kuko nkuri iruhande, wikwinuba rero kuko ntacyo utazi. Mwana wanjye, ongera unsuhurize abana banjye bose, uti nimugire amahoro, urukundo rwanjye rubasakaremo. Bana banjye, ndababaye, ndababaye, ndababaye cyane. Mbabajwe cyane na kino gihugu cyanyu mwanze guhinduka, none kababayeho kandi narababwiye kuva kera. Benshi bagiye gutsembwaho kino gihe mugezemo nicyo guhana no guhemba.



Bana banjye, ishyamba si ryeru, ikimbabaje rero, mbabajwe n窶兮bana banjye bakomeje kurigiswa, abandi bakomeje gushyirwa mu buroko, abandi bakomeje guhunga igihugu ari mwebwe bahunga bayobozi bakuru. Bana banjye, ni kenshi nabasabye gutanga imbabazi muranga, mbasaba kunamura icumu muranga murananaira bisa nk窶兮ho mbabwiye ngo nimukomereze aho. Nyamara bana banjye, ishyamba si ryeru, ibikomeye biraje kandi bizarokoka bakeye kugeza ubu ufite amaso yo kureba narebe aho ibintu bigeze maze ashishoze.



Bana banjye, urugogwe rugiye kubikubita hejuru, amazi yarenze inkombe kandi narababwiye kuva mbere. Ntacyo navuze rero kitagomba kuzuzwa. Igihe kirageze ngo ibyo navuze byose bigaragare. bana banjye, muririrwa muririmba ngo hari amahoro, nta mahoro ahari, ufite amaso yo kureba narebe maze ashishoze.



Bana banjye b窶僊banyarwanda, imvura y窶兮mahindu ije kubanyagira kandi irarokoka bakeya.



BY.: Mama, iyo mvura y窶兮mahindu mukomeje kumbwira ni imvura imeze ite rwose?





B.M.: Mwana wanjye, nawe urambaza ngo ni imvura imeze ite? Hari icyo ye ntakwereka uko bwije n窶冰ko bucyeye, hari icyo uyobewe?



Bana banjye, nabasabye kwisubiraho muranga murananira none benshi mugiye kugwa mu rwobo. Bana banjye, ndareba kino gihug cyanyu nkarira adakama . bana banjye abantu benshi baratashye. Naravuze, naravuze, naravuze ariko noneho maze kunanirwa, nimureke rero ibyavuzwe byuzuzwe.



Abantu benshi bataye ukwemera kwabo, benshi bibereye mu maraha abandi bibereye mu mitungo, mubirundarunde ariko si ibyanyu, ndabona abandi bibereye mu bigirwamana , mwibereye mu bidafite shinge, mwibereye mu ngeso mbi. Murica amategeko y窶僮mana uko mwishakiye, niyo mpamvu uyu munsi wa none nongeye kugaruka mbinginga mbasaba kwisubiraho nibura hagire urokoka kuko bya bihe bibi nababwiye mubigezemo kandi bizarokoka bakeya, kuko ibi mbabwiye nta gihe mubitegereje. Igihe ni iki nta kindi mubitegereje, simvuze umunsi, isaha cyangwa umunota ariko muratunguwe.



Bana banjye, nimubona umuntu ukomeye w窶冰munyapolitiki uturutse hanze afunzwe muzitegure, muzamenye ko bya bihe bibi nababwiye bitangiye. Bigiye kuba kuko igihe kirageze. None rero bana banjye, nimutangire mwitegure nibura buri muntu agire icyo afite .



Bana banjye, nimube inyaryenge kuko ibikomeye biraje. Mbisubiyemo, imvura nyinshi y窶兮mahindu igiye kubanyagira kandi izarokoka bake.



Mwana wanjye rero nawe komera ku ibanga ufite kuko igihe cyo gusohora kigeze. Ikindi kandi mwana wanjye, umwana wanjye ntatgana n窶冰musaraba. Umwana wanjye apfana amagambo menshi ku mutima we, umwana wanjye atwara umusaraba yishimye, umwana wanjye iby窶冓si abibonamo ubusa. None rero mwana wanjye, nibagutoteza uzajye ubyakira ushimire Imana. Ikindi kandi mwana wanjye ntucike intege kuko igihe cyose mba nkuri iruhande.



BY.: Mama, nta kintu kikimbabaza cyane kuko ntacyo ntazi, ntacyo mutambwiye.



B.M.: Bana banjye, uyu munsi buri muntu atekereze ku mutima we, maze ashyitse umutima hamwe maze avuge ikiri ku mutima we, ariko cyane cyane asaba yizeye kandi yumva ko icyo asaba gishoboka, ariko cyane cyane yicishije bugufi kugira ngo ashobore kwakira no kumva icyo ashobora kumva no kwakira icyo ari buhabwe.



Bana banjye, mbabwiye ibyo kugira ngo igihe mupfukama musaba mujye mubasha kwicisha bugufi. Bana banjye, nimusabe kuko ndafite, mfite byinshi byo kubaha. Bana banjye, uyu munsi wa none ngarutse kubasura kuko mbakunda. Uyu munsi wa none sinababwira ko mbabaye cyangwa ko nishimye, sinababwira ko mbagaye kandi ndi umubyeyi.





BY.: Karame, Mama, ngo urababaye?



B.M: Bana banjye, ndababaye cyane, mbabajwe cyane n窶冰ko ibyo twasezeranye nta gikorwa ahubwo mwibereye mu tuntu n窶冰tundi, ahubwo mugaca intege n窶兮bagombye kuzigira; ariko bana banjye, nubwo mvuze gutyo harimo abagerageza banyiyambaza muri Rozari yanjye uretse ko nabo harimo ba mayira abiri. Umukobwa aba umwe agatukisha bose. Uyu munsi ndashimira abana banjye bakomeje kunyiyambaza muri Rozari yanjye, abo rero muri bino bihe bibi bikomeye bibugarije, abo nzabarinda.



Mwana wanjye, kandi unshimirire umwana wanjye wagize igitekerezo cyo gushima Imana ibyiza yamukoreye. Uzamumbwirire, uti aragushimiye n窶冰mutima we wose kandi umunsi ujya gutegura ntabwo ari we wawuteguye nitwe twawiteguriye, ibyakozwe byose ni twe twabyiteguriye kandi uyu munsi ndashima n窶兮bana banjye baje kugutera inkunga. Uyu munsi mwese mwihe amashyi n窶冓mpundu kuko murabikwiye.



Bana banjye, ibikomeye biraje kandi bizarokoka bakeya kandi sibwo bwa mbere nabibabwira, ntacyo mutazi, ntacyo ntababwiye, ndi kubibasubiriramo uwumva yumve utumva nawe ni akazi ke ntacyo azireguza imbere y窶僮mana Data. Bana banjye, muratunguwe, urugogwe rugiye kubikubita hejuru muri gushaka amafaranga.



Bana banjye ibimenyetso byinshi bihagije mwarabibonye ntacyo mutazi. Uzi gushishoza nashishoze arebe aho ibintu bigeze. Bana banjye, ibi nkomeje kubabwira niko bimeze nta gisigaye, mbisubiyemo abantu benshi baratashye.



Bana banjye muhore muri maso, muhore mwiteguye, simvuze umunsi cyangwa isaha cyangwa umunota ariko muratunguwe. Bana banjye, mureke kwirukanka hirya no hino, munsabe mbahe kuko ndafite. Bana banjye, ntimukabibe imbuto mbi gusa zo gusebanya, mujye mwihanganira ikibi 1 mwishimire 3 byiza maze musibanganye ikibi kiba cyababangamiye. Bana banjye, imvura y窶兮mahindu irabanyagiye kandi izarokoka bake. Murumve namwe iyo mvura y窶兮mahindu iyo ariyo. Bana banjye, umwana wanjye arababaye, arababaye cyane. Ababajwe cyane na kino gihugu n窶僊banyarwanda banze guhinduka none bakaba bagenda baganisha mu rwobo. Bana banjye, mushishikarire kuba umwe muri Kristu, mushishikarire kuba umwe muri Roho. Mushishikarire kubaka inkingi z窶冓mitima yanyu.



Bana banjye, mbibabwiye ndi umubyeyi wanyu kuko umubyeyi ababazwa nuko umwana we ahangayitse. Bana banjye, mwihangayikisha imitima yanyu kandi mumfite, kuko unkunda jye n窶冰mwana wanjye, uwo ari kumwe nanjye.



Bana banjye, ntabwo naziye Abanyarwanda gusa, naziye umwana wanjye aho ari hose. Bana banjye, mbisubiyemo muhore mwiteguye kuko bya bihe bibi nababwiye bibagezeho, ntacyo ntavuze rero niyo mpamvu uyu munsi wa none nongeye kubibutsa kugira ngo ndebe ko hari uwahinduka koko. Bana banjye ndabasaba kuvuga Rozari buri munsi n窶冓shapule y窶冰bubabare kuwa 2 no kuwa 5 kuko izabatsindira Shitani.



Bana banjye, abanyiyambaza muri Rozari yanjye rero, abo nzabatabara. Bana banjye, ibikomeretsa umutima wanjye bikomeje kwiyongera muri kino gihugu cyanyu cy窶冰 Rwanda. Mbisubiyemo, rero amazi agiye kurenga inkombe kandi narababwiye kuva kera. Bana banjye, nababwiye byinshi, bimwe mwarangije kubibona hasigaye kimwe gikomeye kandi kiraje.



Bana banjye mwumva ibyo mvuga kandi mbabwira, muramenye sinzabe nyamwisiga ngo nisange kandi ntimuzabe baburamwaje.



Bana banjye b窶僊banyarwanda, ubu Shitani yabinjiyemo, ubu igihugu cyose yarangije kukigota, iri gukorera ku mugaragaro. Ikindi kandi bana banjye, ndabinginze ntimukabike inzika kuko inzika ikubuza gushishoza, kuko inzika ibabuza kubona ukuri nk窶冰ko umwana wanjye yavuze, ati bababarire kuko batazi icyo bakora, namwe rero bana banjye ndabasaba kugira ngo mujye mwibuka kubabarira no gusaba imbabazi.



BY.: Ariko se Mama, uragira ngo biroroshye! Twe turi abantu kandi tukaba n窶兮banyantege nkeya, ibyo byose biranga bikatuganza, n窶冓yo ugerageje ugahura n窶冰muntu akagusubiza inyuma bikakunanira kwigarura, none rero uyu munsi tubasabye imbaraga kugira ngo tujye dushobora kwihanganirana no kwitsinda mu magambo.





B.M.: Bana banjye, nababwiye ko unkurikiye wese, agakurikira umwana wanjye, wemera kandi kwicisha bugufi, ahura n窶冓bigeragezo byinshi, ahura n窶冓bitotezo ariko abakura ntibitangire amarembo ahore afunguye. Ntimuzifuze ibyo kuko igihe bizafungirwa nibyo bibi. Mujye mwishimira kubabarana n窶冰mwana wanjye, mwishimire guhura n窶冓bibazo kandi mwishimire kubyihanganira, kandi mwishimire kubitura.



BY.: Ariko Mama, umuntu yibereye hano iwanyu ntacyo kwifuza gusubira ku isi, jye buri gihe mba numva nakwijyanira na mwe, ariko rimwe na rimwe nakumva ibyo navuze nkumva nirengagije yenda ububabare mwampaye cyangwa umusaraba, ariko ntabwo byoroshye. Mama, abantu b窶冓wacu bameze nk窶冓ndabo z窶冓wanyu, baba barahwereye. Umenya iwanyu batagira umukozi wo kuzivomerera zose n窶冰ko kenshi murambirwa ngo turi kumwe ngo ni indabo ndikureba kandi nagera aho nari ndi ngasanga ni abantu, ni byinshi ntabwo nabona aho mbihera, mubanze muruhure umutima nanjye kugira ngo bigabanuke.



B.M.: Bana banjye, mbabwiye icyo mwese mubona kandi muzi, ntawe urwanya ikitarwanyika. Ndashaka kongera kubabwira ko umwana wanjye murwanya siwe murwanya, ni jye kuko ni jye murwanya siwe murwanya, nijye kuko ni jye wamubateje kuko iyo akosheje ndamwihanira. Mwirinde rero guca imanza. Bana banjye, mugerageze kwivuza, mugerageze kwivuza narababwiye nti: kugira ngo bakuvure, ni uko ubanza ukivura ku giti cyawe ukabanza mbere ugasobanuza mbese ugasobanukirwa neza n窶冰burwayi urwaye, icyo gihe ukuvuye urakira, niyo wemeye kwivuza, bana banjye cyane cyane ndabwira mwebwe abana batoya kuko ngiye kubasaba mumbabarire munyemerere kuko nanjye nimunsaba nzabaha. Ndabasaba kugira ngo buri munsi muzajye muvuga byonyine Ndakuramutsa Mariya eshanu (5) muzikuye ku mutim, musenga musabira ababyeyi banyu, musabira n窶兮bandi bose batemera kandi namwe mwisabira. Ndabinginze, Ndakuramutsa Mariya eshanu zizaba zihagije izindi eshanu nzazishyiriraho.



BY.: Murakoze Mama.



B.M.: Namwe babyeyi nakunze kuvuga nti sinzabe nyamwisiga ngo nisange cyangwa ngo mube baburamwaje, namwe babyeyi bavandimwe, nshuti bana banjye, ndabasaba kugira ngo mujye muvuga Ndakuramutsa Mariye icumi buri muntu yiherereye azikkuye ku mutima, abitekereje aho yaba ari hose, asenge abizirikana azi neza uwo abwira amwemera kandi amwizeye, nanjye nzamuvugira izindi icumi.



Bana banjye, ndabasabye ntimukavuge ngo nta gishya kuko ndi kubibutsa, ntimugatekereze ibibanduza kuko mbibarinda. Ndabasabye nimutangire bundi busshya mube bashya, mukorere igihe kiri imbere, muzaba cyo. Mwoye gukorera uko muri ahubwo mukorere icyo muzaba cyo, ndabasabye kugir ango buri muntu yitegure akorere ubutagatifu. Yitegurire icyo azaba mu minsi iri imbere kuko ibyahise byarahise mubyibagirwe.



Noneho atangire ashake ibishya byubaka kandi bifite akamaro. Bana banjye ndagiye nzagaruka ubutaha. Ngaho mubane nanjye, mugire amahor kandi mugwize andi. Bana banjye, uyu munsi wa none mbahaye umugisha wanjye wa kibyeyi. Ngaho murakoze murakagira Imana.









----------------------------------------------------
Sujet : Re : Ubutumwa bushya Date : 28/11/2010, 16H58

Auteur :
mugisha
UBUTUMWA UMUBYEYI BIKIRA MARIYA YAHAYE BYISHIMO

KU ITALIKI YA 19/11/2010

________________________

Umubyeyi Bikira Mariya yaje ababaye cyane ari mu rumuri rwinshi cyane ntabona icyo ndugereranya narwo nuko aranyitegereza aransuhuza, arambwira; ati

B.M.: Uraho mwana wanjye ukomeje kwihanganira ibigeragezo byose uhura na byo!

BY. : Uraho Mama

B.M: Mwana wanjye umeze ute?

BY: Maman meze neza gahoro nawe urabibona, imibabaro ni myinshi mu mubiri wanjye.

B.M.: Mwana wanjye ihangane kuko uwanjye wese ahura n窶冓mibabaro. Kandi iyo mibabaro ufite ni ibyaha byinshi by窶兮bantu benshi uri guhongerera biri gukorerwa hirya no hino muri kino gihugu cyanyu. Ikindi kandi mwana wanjye uravuga ngo uratotezwa,ihangane kuko umwana wanjye wese aratotezwa. Mwana wanjye komera ku rugamba kuko ibikomeye niho mubigezemo. Ikindi kandi ujye umenya ko nkuri iruhande, sinzagutererana.

BY: Karame Mama, vuga icyo ushaka umuja wawe ndakumva.

B.M : Bana banjye ngarutse kubasura kuko mbakunda. Mwana wanjye ongera unsuhurize abana banjye bose, uti nimugire amahoro, urukundo rwanjye rubasakaremo. Bana banjye uyu munsi wa none ngarutse kubasura kubera ko ndi umubyeyi wanyu kandi ubakunda. Nkomeje kubaha ubutumwa n窶冓mpanuro kuko ndi umubyeyi ugira impuhwe, cyane cyane mwebwe abasonzeye ubutungane.

BY: Ubwo nabonaga afite akantu kameze nk窶兮gacupa, agafashe mu ntoki karimo urudodo, agacuritse hamanukamo igitonyanga arambwira, ati: Bana banjye niba mutisubiyeho, ndakirekura kandi kirabatwika. Ubwo nakomeje kumutakambira musaba imbabazi musaba ko yagihagarika, ko tugiye kwisubiraho.

B.M : Bana banjye nagize impuhwe kera mwarananiye, none rero mwana wanjye ibi nkomeje kukwereka niko bigiye kumera. Bana banjye uzi ukuntu mwihindanyije? Uwabaha indorerwamo ngo mwirore, murebe uko musa, mwaduteye umugongo ntabwo tuzi ibyo murimo. Mwatashywemo n窶冰bucogori, ntabwo tuzi ibyo murimo. Abenshi ndabona ari ba mayira abiri. Muririrwa mwubaka amazu, ese ra, muziko ayo mazu mwubaka muziko muzayabamo? Cyangwa muzi ko twabibagiwe? Mubimenye kino gihe murimo, ni icyo guhana no guhemba. Niba mwumva mwumve kandi abafite amaso yo kureba murebe aho ibintu bigeze maze mushishoze, murebe ikibi n窶冓cyiza. Bana banjye dukomeje kubagenderera tubasaba ko mwahinduka mukava muri iyo sayo y窶冓byaha murimo, mukomeje kwivurugutamo. Bana banjye mumenye ko buri muntu wese agiye kubazwa ibyo yakoze. None bamwe rero mutangiye gutsindwa. Bana banjye aho cya gitego ntikibinjiranye? Ko mbona mwabaye ba baterera iyo mwiyibagiza aho twabakuye? Nyamara urwishe ya nka ruracyayirimo! Kandi nababwiye menshi, ibyinshi murabyibonera. Bana banjye akarengane karacyari kenshi, ese iyo mutewe namwe

muritera? Aha ndashaka kubabwira ko iyo mutwivumbuyeho mukitandukanya natwe njye n窶冰mwana wanjye ntaho muba musigaye. Bana banjye cyakora si mwese harimo abakigerageza, naho abandi mwarangije kurwicira. Nyamara bana banjye mwese mwari mukwiye gusubira ku isoko imwe cyangwa ku iriba rimwe. Kuko n窶兮bagerageza nabo, bimwe barabyuzuza ibindi ntibabyuzuza, ariko niba nabo ntibatwibagirwa.

Bana banjye ndababaye, ndababaye, ndababaye cyane. Mbabajwe cyane na kino gihugu n窶僊banyarwanda banze guhinduka none benshi bari kuganisha mu rwobo. Bana banjye mwakwisubiyeho nibura hakagira urokoka! Ubu rero ndi kureba kino gihugu cyanyu nkarira adakama kuko ibikomeretsa umutima wanjye bikomeje kwiyongera hirya no hino muri kino gihugu cyanyu cy窶冰 Rwanda. Ariko kandi bana banjye, abanjye bumva ibyo mvuga, ibyo mbabwira kandi mukabishyira mu bikorwa abo nzabarinda muri kino gihe kibi kibugarije. Bana banjye ibikomeye biraje kandi birarokoka bake, mubimenye kuko ntacyo ntababwiye, mubimenye ishyamba si ryeru. Bana banjye nimwisubireho, musubire ku murongo, musubire uko mwari mumeze nka mbere nkibatumaho. Mukomeze inshingano mwari mwarihaye, dore ko n窶兮hanini mu isengesho ryanyu mwasabaga kimwe kandi mukagihabwa uko mwagisabye. Kandi nawe mwana wanjye n窶冰bwo dukomeje kugutuma wabaye umwe nabo. Kuko ngutuma kenshi ugacika intege ubutumwa ntibubagereho.

BY: Mama ngiye kwisubiraho

B.M: Mwana wanjye nzakurebera kuri ubu nguhaye ko uzabusohoza vuba.

BY: Mama nzagerageza n窶冰bwo ngeragezwa.

B.M: Mwana wanjye ntihazagire ikintu kijya kigutera ubwoba, ningutuma ujye wihutira kujya aho ngutumye, usohoze ibyo ngutumye kuko mba nkuri iruhande jye n窶冰mwana wanjye. Ese mwana wanjye ko mbona wubatse ukanyibagirwa kandi unkeneye? Kandi igihe cyose nza ngusanga . Jye uzanyubakira Chapelle ingana iki?

BY: Mama byose ni mwe mubimpa, uko muzanshoboza nanjye niko nzagenza.

B.M:Ahasigaye rero mwana wanjye, amamaza ubutumwa bwanjye, ubutange nk窶冰ko mbuguhaye, ubutangire igihe naho ibindi uko ubyifuje bizakorwa. Mwana wanjye mbwirira abana banjye, uti: mwanze kumva, nababwiye mbare na mbariro mudutera utwatsi ntimukigenza uko dushaka, ibihe bihora bihinduka uko bwije n窶冰ko bukeye, ese bana banjye ko mbona mumaze guta inshingano zanyu arizo twabahaye none ko ibikomeye bije, muzabyifatamo mute? Nyamara bana banjye, abwirwa benshi akumva beneyo. Niyo mpamvu tubasaba kwisubiraho kugira ngo mugaruke ku murongo, kandi mumenye ko tutigeze tubatererana.

Bana banjye murugarijwe impande zose z窶冓gihugu, ubu Shitani yabinjiyemo, mu gihugu cyose ubu iri gukorera ku mugaragararo. Bana banjye urugogwe rugiye kubikubita hejuru kandi narababwiye kuva kera, muratunguwe kandi ufite amaso yo kureba narebe aho ibihe bigeze maze ashishoze. Kandi umwana wanze kumva

ntiyanze no kubona. Bana banjye twabarwaniriye intambara ikomeye, ntacyo mwatuburanye ariko ndabona abenshi mukomeje kudutera umugongo, mwibereye mu bidafite shinge, mwibereye mu mitungo gusa. None bana banjye ndabasaba kwisubiraho kuko mbona mwataye inshingano zanyu. None se bana banjye ibyo mwiyemeje bibamariye iki? Ko tubahekesha umutwaro woroshye, buri wese ko tumuha umutwaro abashije, ntawe duha umutwaro umunaniza cyangwa mubiterwa n窶冰ko mwari muri mu bibazo binyuranye? Nimugerageze kwibaza aho mwavuye n窶兮ho mugana. Mumenye ko urugendo rukiri rurerure, ntaho muragera kuko umunsi ku munsi, mumenye ko mutazi igihe umwana w窶冰muntu azagarukira.

Niyo mpamvu musabwa guhora mwiteguye amaza y窶冰mwana w窶冰muntu . Kandi mwana wanjye ubambwirire, uti hari byinshi twabateguriye mutegereje, ibyo twari twarabateguriye mukiri na hariya habi, benshi twamaze kubibagezaho. Aha ndavuga ubuzima bwanyu, kandi abo mvuga muriyumva. Ariko se bana banjye ko muvuga ngo abacuranye ubusa bitana ibisambo, na n窶冰bu se iyo mvugo muracyayifite? Ahubwo n窶兮bafite murirengagiza bagenzi banyu muri kumwe. Hirya no hino murirengagiza inshingano twabahaye yo gusangira byose nk窶兮bana b窶僮mana. Mumenye ko ku mukungu kwinjira mu ngoma y窶僮mana biraruhije, uretse ko mwebwe murengeje urugero.

Bana banjye ndababaye, ndababaye, ndababaye cyane, uwabereka uko mwasaga mbere tukibahuriza hamwe: mwari beza ariko ubu mwarihindanyije. Kandi bana banjye nimureba nabi, mugiye guhura n窶兮kaga gakomeye cyane kuko mwisubiriye mu byo mwahozemo, ni yo mpamvu mukomeje kudutera umugongo. Birambabaza cyane kugeza ubwo umuntu asigaye aryama adakoze ikimenyetso cy窶冰musaraba!

Bamwe ntibagira isoni zo gukora ku cyumweru. Kandi ari mwe twashimagizaga ko mwitwaraga neza uko bikwiye, none mwasubiye inyuma birengeje urugero. Rwose ndabasaba ngo mwisubireho kuko nanjye mwaransabye ndabaha n窶冰bu kandi ndacyabaha. None se iyo ni yo nyiturano munyituye? Mwakijije umubiri none mwaretse roho. Nimusigeho, nimugarukire aho kuko inzira murimo iri kugenda ibaganisha mu rwobo.

Mwana wanjye rero nongere ngusubiriremo: komera ku ibanga ufite urikomereho kuko igihe cyo gusohora kirageze, ntucike intege kandi uko ngutumye ujye uhita untumikira, ubutumwa ubutange ntacyo ugabanuyeho nta n窶冓cyo wogeyeho kuko hari abana banjye benshi bugirira akamaro, bakamenya aho bageze bagahinduka.

Bana banjye ndababaye cyane ,mbabajwe n窶兮bantu benshi banze guhinduka none bakaba bakomeje kugenda bagana mu rwobo. Bana banjye ibikomeye biraje kandi bizarokoka bakeya kandi sibwo bwa mbere nabibabwira, ntacyo mutazi. Muhore rero muri maso, muhore mwiteguye, simvuze umunsi cyangwa isaha cyangwa umunota ariko muratunguwe. Bana banjye reka mbacire umugani: 窶弑muvumvu

yagitse umuzinga usarurwa n窶兮band窶. Ibyo murundarunda ntabwo ari ibyanyu, n窶兮bandi bari babifite. Bana banjye ndababaye, ndababaye, ndababaye cyane, mbabajwe n窶兮bana banjye benshi bakomeje kwicwa urwagashinyaguru, benshi bakomeje kurohwa mu buroko, abandi bakomeje kurigiswa abandi bakoje guhunga igihugu ari mwebwe bahunga, mwebwe bayobozi bakuru.

Bana banjye, nabasabye gutanga imbabazi muranga murananira, mbasaba kunamura icumu muranga murananira bisa nk窶兮ho mbabwiye ngo mukomereze aho. Nyamara bana banjye akebo ugereyemo mugenzi wawe ni ko nawe usubirizwamo. Igihe kirageze rero kungira ngo mporere abana banjye bari kurengana hirya no hino muri kino gihugu.

Erega bana banjye, ntacyo ntavuze kitazasohora. Bana banjye naziye mwebwe, naziye mwebwe, naziye mwebwe Abanyarwanda kuko nabonaga hari icyo mukeneye. Bana banjye, imvura y窶兮mahindu ije kubanyagira kandi izarokoka bake! Murumve namwe iyo mvura nkomeza kubabwira iyo ariyo. Bana banjye nongere mbisubiremo, ntacyo navuze kitazasohora. Byinshi byarasohoye hasigaye kimwe kandi gikomeye.

Bana banjye bumva ibyo mvuga kandi bakabishyira mu bikorwa, ndabasaba kuvuga Rozali buri munsi, n窶冓shapule y窶冰bubabare ku wa kabiri no kuwa gatanu, mubivuge mushyizeho umwete kuko ni byo bizabarokora muri bino bihe bibi bikomeye mugezemo.

Bana banjy,e ngaho ndagiye nzagaruka ubutaha. Muramenye sinzabe Nyamwisiga ngo nisange kandi namwe ntimuzabe baburamwaje.

Ngaho mubane nanjye urukundo rwanjye rubakomeze. Ngaho mugire amahoro kandi mugwize andi. Bana banjye uyu munsi wa none mbahaye inkunga yanjye y窶冰mubyeyi kandi mbahaye umugisha.

--------------------------------------------------------
Sujet : Re : Ubutumwa bushya Date : 09/12/2010, 16H47
Auteur :
madice
Hahirwa abemera batabonye, bakubahiriza ibyo Imana ibategetse gukora.

Jesus est mon Seigneur et mon Roi

Profil membre

Message modifi le 19/02/2011 a 10H29, par madice
Sujet : Re : Ubutumwa bushya Date : 23/02/2011, 08H26
Auteur :
Uwimana
UBUTUMWA NYAGASANI YEZU N旦MUBYEYI BIKIRA MARIYA

BAHAYE BYISHIMO KU ITALIKI YA 01/02/2011

-------------------------------------------------------------------

Nyagasani Yezu n置mubyeyi Bikira Mariya baje bababaye cyane bari mu rumuri rwinshi cyane ntabona icyo ndugereranya narwo. Nuko Nyagasani Yezu aranyitegereza, aransuhuza, ati:

YEZU.:Uraho mwana wanjye ukomeje kwihanganira ibigeragezo byose uhura nabyo?

BY.: Uraho Papa.

YEZU.: Mwana wanjye umeze ute?

BY.: Papa meze neza gahoro nawe urabibona. Ibigeragezo mpura nabyo ni byinshi. Ibintu mukomeje kunyereka bintera ubwoba sinsinzira. Papa ndatotezwa, abantu bamvuga uko ntari.

YEZU.: Mwana wanjye ihangane wemere utotezwe, ubabare kugira ngo umfashe gukiza isi, wicika intege rero kuko ntaho urageza. Kuko iyo mibabaro yose uhura nayo ni ibyaha byinshi abantu bakomeje gukorera hirya no hino muri kino gihugu. Uri guhongerera. Nanone rero mwana wanjye komeza utwaze wihangane kandi wizere ko turi kumwe, igihe cyose ko ntazagutererana na rimwe.

BY.: Murakoze Papa. Papa turacumura cyane, none rero mbere yo kugira icyo tuganira ubanze utubababrire ibyaha byacu, ubanze utugirire imbabazi kuko dufite ubwoba n段gihunga ku mitima yacu. Papa tugucumuraho kenshi buri saha na buri munota, haba mu bitekerezo no mu bikorwa byose dukora. Ndakwinginze turi abana bawe b誕banyabyaha utubababrire.

YEZU: Mwana wanjye usabye imbabazi abikuye ku mutima arababarirwa. Namwe rero bana banjye uyu munsi ndabababriye.

Bana banjye ndababaye cyane kuko ibyo nakomeje kubasaba njye n置mubyeyi wanjye ntagikorwa ahubwo mwibereye mu mazimwe gusa. Bana banjye nimusabire igihugu cyanyu amahoro n誕bayobozi bacyo kuko iyo mbabona mu mitima yabo iyo bari mu manama barambabaza cyane cyane kubera ko ibyo bajyamo inama byo kugeza ku bo bayobora batari umwe nk置ko ndi umwe na Data na Roho Mutagatifu n置mubyeyi wanjye Bikira Mariya, kuko kugeza ubu nta mizi y置rukundo mbabonamo. None rero mwana wanjye kandi ntumwa yanjye nahamagaye kugira ngo ungereze ubutumwa ku bo ngutumaho bose ari abo muri iki gihugu ndetse no ku isi yose.

Ngutumye ku Bantu barenga cumi n置munani, amaherezo bakubwe inshuro cumi n置munani b段ngeri zose: abihayimana, abategetsi n誕bandi kandi banyuranye. Bana banjye uwo mubare wa cumi n置munani amaherezo ugiye gukubwa 72 kugira ngo u Rwanda rusabirwe byuzuye. Mwana wanjye nakubwiye ko nta butegetsi butava ku Mana, nkubwira ahanini nkagusigira hatoya ho kuzavuga, bisobanura ko nkubwira byinshi ariko ukavuga bikeya kuko Abanyarwanda batangaragarije ko bankunda nk置ko mbakunda. Bana banjye narabakunze nemera kuzana n置mubyeyi wanjye kubasobanurira ubutumwa bw段banga ry段juru ariko ntimwumvise.

Mwana wanjye uri kubona ko ndi kuvuga mbabaye umbwirire abana banjye uti uko mwakora kose nta garuriro kuko jye n置mubyeyi wanjye dufite agahinda kenshi cyane. Mwana wanjye bambwirire, uti ubutumwa bw段banga ry段juru naje kubutangira mu gihugu cyanyu cy置 Rwanda. Ubutaka bw置 Rwanda bufite umugisha mwinshi cyane kuko mu bo natoye bose mu Rwanda ntawe mpa ubutumwa ngo ndangize ntamuhaye umugisha w段byo mutumye n段byo mubwiye cyangwa ibanga mubikije, abo mutumyeho n誕bakira indwara z置mubiri n段za roho cyane cyane icyaha.

BY.: Yezu arongera arambwira,

YEZU: Mwana wanjye ongera ubambwirire, uti kubera umugisha mpa abo natoye buri munsi ndetse nkubwire ukuri nyakuri inshuro 13 nta saha ishira ntabonekeye abantu 10 niba muri kino gihugu umubyeyi atabonekeye abantu15 nibura. Kuva rero dutangiye kubonekera muri kino gihugu, akaba ari ibanga nkumeneye ryiyama abavuga ngo "aba barabonekewe, aba ntibabonekewe". Iyo mpaye umugisha uwo natoye, umubyeyi wanjye agaha umugisha uwo abonekeye, u Rwanda rwose rubona umugisha n段birurimo byose: ubutaka, ibimera, n段bihumeka byose ubigeraho.

Mwana wanjye ibyo nkubwiye uyu munsi ntibishobora gusubirwaho kandi icyo nkwijeje ni iki : 殿bagaragu banjye bafite ukwemera ngiye kubaha urumuri imbere yabo rubaboneshereza, naho abataye ukwemera kwabo ntibatwumve n置mubyeyi wanjye bagiye kubona umwijima imbere yabo".

Uyu munsi ndagira ngo kwereke ibyago ngiye guteza u Rwanda kubera kutumvira Ubutatu Butagatifu n置mubyeyi wanjye Bikira Mariya. Abansibye mu mitima yabo baba basibye Ubutatu Butagatifu n置mubyeyi wanjye. Niyo mpamvu nakweretse uducu tune dusobanura amadini yaje muri iki gihugu aturutse impande zose z段si. Ayo madini cyane cyane yaje yitwaje ibintu, harimo shitani y置mwijima, abayagize bakagaragaza ubushashagirane bw置butungane kandi ntabwo bafite.

BY.: Yezu yanyeretse abenshi bari muri ayo madini, benshi bayarimo bitwaza Bibiliya bavuga ngo barihana ahanini bayakurikiyemo ibintu, Arongera arambwira,



YEZU: Bantu muhindagura amadini buri munsi mwakwisubiyeho mukaguma hamwe inzira zikigendwa. Bantu muva mu idini ryiyambaza umubyeyi Bikira Mariya mukajya aho mumwiyambura muzi ko muba mutaye umugisha w置buziraherezo? Mwe murutwa n誕batarigeze bamumenya, mufite ibyago byinshi cyane kuko ya mvura y誕mahindu ije kubanyagira kandi izarokoka bake.

BY.: Papa rwose nsobanurira iyo mvura iyo ari yo mukomeza kumbwira.

YEZU: Mwana wanjye iyo mvura ni agahato kagiye kuza muri iki gihugu ko kwemera abantu, ibintu bamwe batemera bakabikora kubera ubwoba.

BY.: Mubajije uko bizaba bimeze, ati:

YEZU: Mwana wanjye ntabwo nabigusobanurira kubera ko buri muntu mu rwego rwe kizamugeraho kuko kigiye kuza nk置muyaga wa serwakira kuko uhuha uko igiti kireshya akaba ariko kinyeganyega. U Rwanda ngiye kuruhana by段ntangarugero abazasigara banyumvise jye n置mubyeyi wanjye bazagira amahoro asesuye.

Mbabwire ukuri icyo kintu kigiye kuza giteye ubwoba kandi kigiye kuza cyoherejwe na Shitani kubera ko yabinjiyemo, mwayihaye intebe ahanini ntabwo kizaba kinturutseho.

BY.: Papa rwose nsobanurira icyo kintu icyo aricyo kigiye kutugwirira kugira ngo nzakibwire n誕bandi.

YEZU: Mwana wanjye ni ibyagenwe kugira ngo habeho igihano cy,abatemera. Amahindu y置rwererane yo nyagusobanurire, asobanura ibyago bigiye kuzira Abanyarwanda bimwe n誕bafite ya mitima y段bishikashike, urwiri n誕mahwa n段bindi byose. Arongera anyereka igihuru kigizwe nibyo bimera. Ahakorerwa za nama hejuru yacyo hubatseho inzu ikozwe na etaje. Muri iyo etaje harimo abantu hejuru. Hejuru hari igisenge gitwikiriye. Anyereka abo batu barimo bari mu makipe ariko bahuriye muri cya cyumba kinini kimwe batanga inyigisho imwe ikwiriye hose. Ariko ari abayivuga n誕bayitanga bakayumvikanaho ku rurimi. Nkabona bimwe babihuriyeho basinya ariko mu mitima yabo nkabona batayakira kimwe. Haje kuvumbukamo urusaku rwinshi hacikamo imiryango myisnhi, bamwe banyura ukwabo abandi ukwabo ariko bagiye bahuza ibitekerezo.Ya sale bari barimo isigara yonyine. Noneho mbona Nyagasani Yezu n置mubyeyi Bikira Mariya baraje bahagarara muri ya sale bonyine barambaza ngo ese iyi nzu tuyisenye? Ndabasubiza nti ese ko mbona ari nziza, ariko Papa habeho ugushaka kwanyu. Barambwira ngo ntabwo bayisenya ahubwo bagiye kuyishyiramo abandi bantu. Bahise batwika bya bihuru. Ariko babitwika nabonye harimo abari muri ya sale basohokeye muri ya miryango myinshi hari urusaku rwinshi bari kuboroga hahiriyemo n段bikoko byinshi by段binyabumara birimo ingwe, inzoka, intare n段bindi.

Ibyo rero Nyagasani Yezu yambwiye ngo ni ibyago bigiye kugwirira u Rwanda harimo abazabigwamo benshi mu batarigeze babemera bibereye mu byaha. Batwika ibyo bihuru Nyagasani yezu yaravuze ati: bambabaje bitanze nanjye ngiye kubahana nitanze ngiye kubahanira mu byaha byabo.

Amaze gutwika bya bihuru n段birimo byose n誕barimo bose n段mizi yabyo yose nabonye inkuta za ya nzu yari yubatse hejuru zivaho, noneho mbona yubatse inzu yaguye kugeza aho twa ducu tune twaturutse. Iyo nzu yari nziza cyane kandi yaguye. Aravuga ati: 渡giyi inzu y置rukundo mbashakaho mwebwe abanyarwanda, kugira ngo urumuri rube mu mitima ikeye".

Mbona, acanye urumuri rurerure nka rumwe rwa mbere rufite nka metero12. Mbona amahanga yose aje akurikiye rwa rumuri yinjira muri ya nzu. Arambwira ngo ubuzima buzakurikira itwikwa ry段bihuru aribyo kuvuga ibyaha by段mitima buzaba ari bwiza cyane. Yahise ambwira ko kugira ngo ibyo byiza byose bizagerweho hagomba no kugira ababisabira cyane cyane basabira abantu b段bice 3 bitandukanye kugira ngo babe umwe nkawe n旦butatu Butagatifu n置mubyeyi we Bikira Mariya.

Ibyo bice 3 ni abari muri wa mwijima w段curaburindi, ab誕kazuyazi n誕bemera kugira ngo bakomere koko. Bamwe mu bo yatoye by置mwihariko kubisabira yarabanyeretse mu byiciro 3 abita urugaga rw誕basengera alitari y段si. Abihayimana, abari mu butegetsi n誕bari muri rubanda rusanzwe. Bikira Mariya arakomeza ati:

B.M.: Bana banjye ndabakunda nkabakumbura n段kimenyimenyi ndabasura uko bwije n置ko bukeye nkabatumaho. Mutege amatwi kandi munyumvishe ukuri. Ni nde wundi mwabonye waje abasanga abatetesha abinginga, abasaba imbabazi ngo musabe abahe?

Bana banjye nimunsabe mbahe ndafite, bana banjye mfite byinshi byo kubaha. Uyu munsi rero mbahaye igikoresho cyanjye. Kuko niwe mbatumaho ndamubaragije muramenye sinzabagaye n置bwo abenshi mumuvuga uko mwishakiye. Bana banjye muri bino bihe bibi mugezemo nimworoshye imitima yanyu kugira ngo Roho Mutagatifu yinjire, Roho Mutagatifu abakoreshe, Roho Mutagatifu abayobore, Roho Mutagatifu akande aharwaye, Roho Mutagatifu amare inyota abayifite kandi ahoze abababaye.

Bana banjye nza kenshi kumusura ntimuzandambirwe kuko ikinzanye n段cyanzanye ntarakigeraho, kuko nshaka ko muba bashya, kuko nshaka ko mutazasigara nk段mfubyi. Ahubwo ko nshaka ko igihe nikigera nzagenda mbasize nk置mubyeyi usize abana bakuze kandi bazanzanira imbuto.

Bana banjye ibikomeye biraje kandi ntibyoroshye kandi bizarokoka bake. Mwitonde mube inyaryenge mu birura kuko igisamagwe kirasamye gishaka abo cyamira. Ariko mukomere uwanjye wese aho ari hose nzamuhagararaho.

Bana banjye umwana wanjye yababwiye byinshi nanjye mbabwiye bike nagira ngo mbereke ko ntatana n置mwana wanjye.

Bana banjye ngaho mubane nanjye urukundo rwanjye rubakomeze, mugire amahoro kandi mugwize andi. Uyu munsi wa none mbahaye umugisha wanjye wa kibyeyi ariko muramenye sinzabe nyamwisiga ngo nisange namwe ntimuzabe abura baje. Ngaho murakoze muraka gira Imana.
Sujet : Re : Ubutumwa bushya Date : 30/03/2011, 00H07

Auteur :
mugisha
UBUTUMWA UMUBYEYI BIKIRA MARIYA YAHAYE BYISHIMO
KU ITALIKI YA 13/12/2010
_________________________


Umubyeyi Bikira Mariya yaje ababaye cyane ari mu rumuri rwinshi ntabona icyo ndugereranya na rwo nuko aranyitegereza aransuhuza, ati:

B.M: Uraho mwana wanjye ukomeje kwihanganira ibigeragezo byose uhura na byo.
BY : Uraho mama.
B.M : Mwana wanjye umeze ute?
BY : Maman meze neza gahoro nawe urabibona. Mfite imibabaro myinshi mu mubiri wanjye.
B.M : Mwana wanjye ni ukwemera ukababara kuko iyo mibabaro ufite ni ibyaha byinshi uri guhongerera bikomeje gukorerwa hirya no hino muri kino gihugu cyanyu uri guhongerera.

BY: Mama, murakoze ariko mbere yo kugira icyo tukubwira ubanze utubabarire ibicumuro byacu, ubanze uturuhure imitima iremereye, ubanze ushyitse imitima ya benshi mu nda.

B.M: Bana banjye, ndabinginze ntimukabike inzika kuko inzika ikubuza gushishoza ,kuko inzika ikubuza kubona ukuri nk窶冰ko umwana wanjye yavuze ati, bababarire ntibazi icyo bakora. Namwe rero bana banjye ndabasaba ngo mujye mwibuka kubabarira no gusaba imbabaz.

BY : Ariko Mama, uragira ngo biroroshye, kubera ko turi abantu kandi tukaba n窶兮banyantege nkeya ibyo byose biranga bikatuganza n窶冓yo ugerageje uhura n窶冰muntu akagusubiza inyuma bikakunanira kwigomwa. None rero uyu munsi tubasabye imbaraga kugira ngo tujye dushobora kwihanganirana no kwitsinda mu magambo.

B.M: Bana banjye ndababwira ko unkurikiye wes,e agakurikira umwana wanjye, wemera kandi wicuza ahura n窶冓bigeragezo byinshi, ahura n窶冓bitotezo ariko abakurura ntibitangire amarembo ahora afunguye ntimuzifuze ibyo kuko igihe bizafungirwa nibyo bibi. Mujye mwishimira kubabarana n窶冰mwana wanjye, mwishimire guhura n窶冓bibazo mukamenya no kubyihanganira, mukishimira kandi kumenya kubitura.

BY : Mama, umuntu yibereye hano iwanyu ntabwo yasubira ku isi. Jyewe buri gihe mba numva nshaka kwijyanira na mwe ariko rimwe na rimwe nakumva ingoma ivuze nkumva nirengagije yenda ububabare mwampaye cyangwa umusaraba ariko ntabwo byoroshye. Mama,abantu b窶冓wanyu bameze nk窶冓ndabo z窶冓wacu. Mama barahwereye umenya iwanyu mutagira umukozi wo kuzivomerera zose n窶冰ko akenshi mumbwira ngo turi kumwe ngo ni indabo ndi kureba kandi nagera aho nari ndi ngasanga hari abantu. Mama, ni byinshi ntabwo nabona aho mbihera. Mubanze muruhure umutima wanjye kugira ngo bigabanuke.

B.M : Bana banjye mbabwire icyo mwese mubona kandi muzi, ntawe urwanya ikitabaho.

BY : Mama, ntabwo numvise neza icyo mushaka kuvuga.

B.M : Bana banjye ndashaka kubabwira ko hagize abaza batanga amafaranga, abaza batanga akazi, abaza bakora ibitangaza bitandukanye ko nta n窶冰mwe wasigara kandi ko mwabyemera kurusha uko mwemera icyo muzi. Byatuma mwirengagiza ibyo mwabonye. Ndagira ngo mbabwire ko harwanwa igihari, iyo nta gihari abantu batakibona. Bana banjye, ntawe usiga umugisha muhaye ngo awusange ahandi, ntawifuza kandi icyo yahawe akakigaya ngo hagire ukimwongerera, ahorana inzara n窶冓nyota. Umunyabukorikori yirutse ku bimusiga yihisha ibimubona yihishurira ibyapfuye.

BY: Mama, uyu munsi wawe mfite ibintu byinshi byo kuvuga ariko sinzi aho nabihera, nta n窶冰bwo mbona uko nabivuga ariko nshimishijwe nuko mbabonye, nshimishijwe nuko mwibutse twebwe abanyabyaha. Mama, abantu benshi barantuma ngo bifuza kubabona n窶兮maso yabo. Jyewe ndabasubiza ngo zinzi niba ari neza cyangwa ari nabi ariko ndavuga nti jyewe uwo nkunda ajye abemera ariko ntakababone, nibyo mbasubiza.

B.M: Bana banjye ntimukumve icyo mbabwiye ngo mugisige aho mwacyumviye, nuhura n窶冰muntu utumvise ngo umusobanurire ibitari byo ngo abyemere. Muririnde impaka zijyana mu cyaha.

BY : Mama, murakoze, ndagushimiye n窶冰mutima wanjye wose ariko nubwo ngushimira ndagushimira mbabaye ariko nanishimye. Na none nshimishwa cyane nuko utankojeje isoni. Nshimishwa nuko iyo untumye ahantu uhansanga, ibyo byose rero bikanyereka ko turi kumwe koko, kuko ibyo uvuze byose byuzuzwa, nta gihe na kimwe uravuga uti kuri iyi saha turi buhure ngo ntakubona, uko ubimbwiye niko byuzuzwa.

B.M : Bana banjye, uwo ntuma muha ibigeragezo koko ariko muha no kubishobora, nkamuha no kubyakira, ntabwo byoroshye nta n窶冰bwo mbatumye ngo mubyongere ariko nabwo ni biza azabyakira.

BY: Mama, wakomeje kumbwira ko udatandukana n窶冰mwana wawe, umbwira ko tugomba gusenyera umugozi umwe, tugomba kuba mu gishura cyawe. Ariko Mama, wanyeretse byinshi, indabo zawe ninzireba ntugende hari ibintu byinshi nshaka kukubwira. Iwanyu haba akazi kenshi nta bakozi mugira, ni uko indabo zanyu ziba zicucitse umuntu yaza kubatashya ngo azivomere akananirwa cyane.

B.M: Bana banjye nongere mbasubiriremo, nkomeje kuza kubasura mbakunze hano mu Rwanda rwanyu nkoresheje umwana wanjye mbatumaho.Mbaha amavuta cyane cyane yo kubuhagira, cyane cyane yo kubakiza indwara zose ariko mungerekeraho ibyo mushaka. Mwivugira uko mubonye ariko ntibibuza ikiri cyo kuba cyo, ikiri ukuri kuba ukuri n窶冓kinyoma kuba cyo.

Mwana wanjye, komeza unsuhurize abana banjye bose, ari abari hano mu Rwanda ndetse n窶兮b窶冓si yose, uti mwese ndabaramukije. Nimugire amahoro, urukundo rwanjye rubasakaremo. Bana banjye, ndababaye, ndababaye, ndababaye cyane. Mbabajwe cyane na kino gihugu n窶僊banyarwanda mwanze guhinduka none kababayeho, ibyo nabasabye mwanze kubimpa ahubwo mwibereye mu mitungo gusa. Mwibereye mu tuntu n窶冰tundi. Bana banjye, nabasabye Rozari ariko mwarayinyimye, ese murayinyimira iki ra? Bana banjye, ndabasabye ngo muyivuge kuko Rozari niyo gakiza kanyu, niyo buhungiro bwanyu. Bana banjye, uyu munsi nje kubasura mukiri ku isi ariko nifuza no kuzabana namwe mu ngoma y窶冓juru, nifuza no kuzabana namwe hafi y窶冰mwana wanjye. Mbisubiyemo, hari impamvu mbivuze. Bana banjye, nimushishoze mube inyaryenge.

Bana banjye, ndabakunda ndabakunda, ndabakunda, jye nawe turi abana b窶僮mana isumba byose, naje muri mwe. Aho muri hose muhoberane muhane amahoro muvuga kandi muti: turi abana b窶僮mana. Bana banjye, sinifuza ko mugira amacakubiri, nifuza ko mugira urukundo ruranga abana b窶僮mana. Nimusabirane mwunge ubumwe, nimukundane nimubabarirane, ikindi kandi bana banjye ndabasaba gukunda Kiliziya no kuyubaha icyo yanze ntimukagikore nta burenganzira mufite, ndabibasabye mujye muyubaha kandi cyane. Ikindi kandi bana banjye, ndabasaba gushengerera igihe cyose kuko hari byinshi muronkamo, ikindi kandi bana banjye igihe mushengerera mupfukame, mupfukamire Yezu kuko muba muri kumwe mu isakaramentu ry窶儷karistiya, kuko ibyo mumubwira n窶冓byo mumusaba aba abyumva byose.

Bana banjye, ese ubundi muzi ko ibihano mwafatiwe byavuyeho, birahari kuko ntacyahindutse mushatse mwumve cyangwa mwirorerere ariko byanze bikunze muratunguwe kuko ishyamba si ryeru. Bana banjye, mbisubiyemo ibikomeye biraje kandi birarokoka bakeya. Bana banjye, mwumva ibyo mvuga kandi mwanyiyeguriye mwitonde kandi mureke kwirara kuko igisamagwe cyasamye gishaka abo kimira. Bana banjye, imvura y窶兮mahindu ije kubanyagira kandi irarokoka bake kandi sibwo bwa mbere nabibabwira, ufite amaso yo kureba narebe aho ibintu bigeze maze ashishoze.

Bana banjye, mbifurije kuzagira Umunsi Mukuru wa Noheli ariko muzarye muzirikana iminsi iri imbere kuko bamwe mushobora kubibura, ubwo ni ukubabwira ngo mube menge. Mbabwiye gutyo uwumva yumve.

Bana banjye, ndagiye nzagaruka ubutaha ariko mugire icyo mwibwira, mumpe kuko nanjye iyo musabye mbaha. Bana banjye, muramenye sinzabe nyamwisiga ngo nisange kandi namwe ntimuzabe baburamwaje. Bana banjye, ngaho mubane nanjye urukundo rwanjye rubakomeze. Ngaho mugire amahoro kandi mugwize andi. Uyu munsi wa none mbahaye umugisha wanjye wa kibyeyi, ngaho murakoze murakagira Imana.



-------------------------------------------------

Message modifi le 30/03/2011 a 00H09, par mugisha
Sujet : Re : Ubutumwa bushya Date : 27/04/2011, 20H39

Auteur :
mugisha
UBUTUMWA UMUBYEYI BIKIRA MARIYA YAHAYE BYISHIMO
KU ITARIKI YA 22/04/2011

Umubyeyi Bikira Mariya yaje yishimye cyane ari mu rumuri rwinshi cyane ntabona icyo ndugereranya nacyo. Nuko aranyitegereza aransuhuza ati : Uraho mwana wanjye ukomeje kwihanganira imibabaro yose uhura nayo. Nti : Uraho Maman ? Mwana wanjye umeze ute ?
Mama, meze neza gahoro nawe urabibona. Imibabaro mwampaye muri kino gisibo ni myinshi cyane. Umubiri wanjye wose, ndababara, nta rugingo na rumwe mfite ruzima.

Bikira Mariya : Mwana wanjye, ihangane ntacyo utazi, kuko iyo mibabaro yose uhura nayo, ni ibyaha byinshi by窶兮bantu benshi uri guhongerera bikomeje gukorerwa hirya no hino muri kino gihugu cyanyu.

Mwana wanjye, ongera unsuhurize abana banjye bose, ari abo muri kumwe hano i Kabuga, n窶兮bari ahandi hose hirya no hino, bifatanije nanjye mu kababaro k窶冰mwana wanjye. Uti : Nimugire (3) urukundo rwanjye rubasakaremo !

Bana banjye, uyu munsi wa none mwanshimishije cyane, kandi benshi mwashoboye gusobanukirwa n窶冰rupfu rw窶冰mwana wanjye, musobanukirwa ukuntu yapfuye.
Bana banjye rero, uriya mwana wanjye wabahaga inyigisho, ababwira imibabaro y窶冰mwana wanjye, siwe wavugaga ; nitwe ubwacu twivugiraga ! Ibyo yavugaga nitwe twabimushyiragamo.

Bana banjye, igihe cyose mujye muza gufata inyigisho hano i Kabuga ; kuko uhaje wese ntataha ubusa. Bana banjye uyu munsi wa none, uwahaje wese yaharonkeye indulgensiya nyinshi.

Bana banjye ndifuza ko, buri muntu wese waje hano ararika n窶兮bandi benshi kugirango baze bavome, umwana wanjye abasesekazeho impuhwe ze.

Bana banjye, mubimenye : Kabuga muri kano gahugu kanyu k窶冰 Rwanda, igiye kuba akarorero k窶兮mahanga yose. Igiye kwakira abantu b窶冓ngeri nyinshi niba mutari mubizi ni akabanga mbameneye bana banjye.

Mbisubiyemo, mwese nimuzane ibivomesho muvome. Uhaje wese agiye kuharonkera byinshi. Bana banjye, reka mbabwire, uri hano ari umurwayi, umuzima, ufite agahinda, mwihangayika ngo mwifate mapfubyi kuko ndi hagati yanyu. Bana banjye nongere mbibwirire uyu munsi ndabashimiye n窶冰mutima wanjye wose, ndetse mwihe amashyi n窶冓mpundu kuko murabikwiye.

Byishimo :
Mama, n窶冰bwo nanjye maze iminsi mbabaye nanjye ndagushimiye n窶冰mutima wanjye wose. Ukuntu unyiyeretse umeze biranshimishije. Maman, nanjye uyu munsi wa none nishimiye cyane.

Maman :
Ndi hano, ndi hano, vuga icyo ushaka umuja wawe ndakumva.

Bana banjye uyu munsi wa none nishimye cyane. Nashimishijwe n窶冰rugendo mwakoze muza hano kwifatanya nanjye hano i Kabuga mu nzira y窶冰musaraba umwana wanjye yahuye nayo ajya kubapfira. Ari abaharaye, ari abaje none mwese ndabashimiye n窶冰mutima wanjye wose.

Uyu munsi rero, mbahaye umugisha wanjye wa Kibyeyi. Mwana wanjye nawe kandi ntuhangayike kandi umfite.

Byishimo :
Ariko Maman mumpa ingendo nyinshi zinyuranye hirya no hino, si nkiruhuka. None ndakomeza kukwisabira imbaraga, kugirango nshobore kuzuza inshingano mwampaye. Koko hirya no hino abana bawe barababaye, gusa mubo nkozeho, barakira kuko ikiganza atari icyanjye ni icyanyu. Ikindi kandi Maman nishimye ariko ndanababaye, kuko mukomeje kunyereka ibintu bibi cyane bintera ubwoba.

Bikira Mariya :
Mwana wanjye wibabara, kuko ntacyo ntakwereka ntacyo utazi. Bana banjye nubwo nababwiye ngo ndishimye, ariko ndanababaye. Mbabajwe n窶兮bantu benshi bakomeje gusubiza umwana wanjye ku Musaraba. Mukomeje kunshavuza kubera amaraha murimo, imitungo muyirundarunde, ariko si iyanyu, Mwana wanjye bambwirire uti : Ndababaye, ndababaye, ndababaye cyane.
Mbabajwe cyane nuko nta muntu numwe witaye ku butumwa bw窶僮juru abenshi ndabona muri kugenda mugana mu nzira ya gihogera izabarimbura.

Bana banjye umwana wanze kumvira se na nyina yumvira ijeri. Bana banjye ibyo mbabwiye birakomeye, ntibyoroshye, nta gihe ntababwiye , mbabwira ngo nimwisubireho, muhinduke, mwicuze ibyaha byanyu ariko mwanze kunyumva. Nabo mbatumaho mukomeje kubita abasazi. Nyamara hahirwa usara avuga ijambo ry窶僮mana.

Mwana wanjye, mbwirira abatwakiriye njye n窶冰mwana wanjye, bambwirire uti ubwinshi mufite muri uyu murwa wanyu, mwakwihanganye akaba ariko nako muzagera imbere y窶僮mana yanyu.

Bambwirire uti : Umwana wanjye arababaye. Bambwirire uti uko muri kwinezeza mubyo umubiri ari nako mwinezeza mu bya Roho.
Bana banjye uyu munsi nongeye kubibutsa isezerano ryahanuriwe uyu murwa wanyu. Nongeye kubibasubiriramo uwutuye azarahura umuriro muri km 3, ahubwo ntizikiri km 3, zirarenga ! Kuko mwarambabaje cyane mwanze kumva. Kigali we, Kigali we, Kigali we urananiye.

Bana banjye ndababaye cyane kuko ibyo nkomeza kubabwira ntacyo bibabwiye ariko kababayeho ! Bamwe rero muririrwa muvuga ngo igihe byavugiwe ngo bizaba gihe ki ? Ntimumenye ko mwari mwongereweho agahe gato, kugira ngo ndebe ko mwakwisubiraho, ariko mwanze kunyumva.

Bana banjye kugeza ubu ndabona ntacyo bibabwiye, muradamaraye, mugeretse akaguru ku kandi, murimo kwihaza mu biribwa, murishimisha mu mibiri yanyu. Nyamara bana banjye umuvumvu yagitse umuzinga usarurwa n窶兮bandi. Muramenye kandi ntihagire usobanuza uwo mugani mbaciriye.

Bana banjye, ntabwo nishimiye ukurimbuka kwanyu, ahubwo nishimiye ukubana namwe iteka ryose. Niyo mpamvu nongeye kubibutsa ngo mwikubite agashyi, ngo muhindukire mu ndebe, njye Umubyeyi wanyu kuko mbafatiye runini.

Kuko ndababona murangaye cyane. Bana banjye ijambo ryacu ntirihera, keretse iryo tutavuze. Nimuhore rero mwiteguye kuko muratunguwe ! Simvuze umunsi cyangwa isaha cyangwa umunota ariko muratunguwe. Ufite amaso yo kureba, narebe ashishoze maze arebe aho ibintu bigeze.

Bana banjye, ndababaye cyane, kubona nkomeza kubahanurira iby窶冰yu murwa wanyu ntimubyumve. Nyamara bana banjye mugiye gushima mubibonye, ufite amaso narebe hirya no hino maze ashishoze nababwiye imitingito hirya no hino, mbabwira imyuzure hirya no hino, mbabwira umuyaga hirya no hino, mbabwira inkangu hirya no hino, mbabwira imisozi miremire ko izaruka. Ibyo byose mwarabibonye ! Mbabwira intambara z窶冰rudaca hirya no hino, ntacyo ntababwiye, none murabona musigaje iki ?

Nyamara bana banjye, amazi yarenze inkombe kandi ufite amaso yo kureba narebe hirya no hino maze ashishoze. Bana banjye benshi bagiye kurimbuka kubera kutumva kwanyu kw窶兮banyarwanda.

Bana banjye uwahanuye iby窶冰yu murwa wanyu yari awurimo, nta munyarwanda numwe utabizi n窶冰yu munsi ntimurasiba kubyumva. Mpora mbibabwira ariko ntimushaka kubyumva ; mubyumve cyangwa mubyihorere ! Ariko muzashaka kubyumva mutakigira ubibabwira.
Bana banjye koko mwakwigorora n窶僮mana inzira zikigendwa ! Kuko kugeza ubu ndabona imitima yanyu ikakaye cyane. Benshi ndabona mukomeje guhekenyera bagenzi banyu amenyo, mubaryanira inzara, mubakubitira agatoki, umanza muziko iyo mpanuro hari abo ireba n窶兮bo itareba ra ! Mwese irabareba ! Umuntu wese yaba umunyarwanda aho ari hose, ndetse no mu isi yose, apfa kuba ari umunyarwanda, ntuzavuge ngo ndi inyuma y窶冓gihugu. Kuko umwana wanjye aje kwishungurira inyangamugayo kugirango igihugu cye kigire amahoro.

Mubimenye, kano gahugu ni ALTARI y窶冓si yose. Umunyamahanga wese azifuza kuza kureba ibihakorerwa abibure. Bana banjye, ntimuzavuge ngo ndi inyuma y窶冓gihugu narahunze. Ibikorerwa mu Rwanda nawe birakureba. Bana banjye, ndabasabye nimuhunge icyaha kibateranya n窶僮mana yanyu, maze ibihano mwafatiriwe bigabanuke.

Bana banjye, muragirango, gusenga kugira neza hari uwo bireba n窶冰wo bitareba ! Mwese birabareba ! Mwana wanjye, bambwirire uti : usenga ahagaze, usenga apfukamye, usenga yubitse umutwe, usenga aryamye mwese birabareba ! Ndabasabye, ngaho rero nimuhagurukire rimwe, mutakambire igihugu cyanyu, niteguye kubatega amatwi, kuko kiragenda kigwa mu rwobo.

Bana banjye, ntimuzangerekere ibyo ntavuze, ngo mumvugire uko ntavuze, dore ko iyo ngeso muyifite kandi iyo mungerekeye, birambabaza cyane. Bana banjye uyu munsi wanone ndareba uko uyu murwa wanyu ugiye kurimbuka nkarira adakama. Kuko ndabona nta buye rizasigara rigeretse ku rindi. Bambwirire uti nimusome Iyimukamisiri : 7,4.

Mwana wanjye mbwirira abantu bose cyane cyane abatuye umurwa mukuru wanyu, uti, uwanze kumva ntiyanze no kubona. Nyamara bana banjye ufite amaso narebe aho ibintu bigeze maze ashishoze.
Bana banjye ndabakunda cyane, niyo mpamvu nkomeza kubibutsa uko bwije n窶冰ko bukeye kugirango mwisubireho nibura hagire urokoka.

Ongera ubambwirire uti : Icyago kirabagwiriye kandi kibaguye gitumo muri gushaka amafaranga. Bana banjye rwose mwasenze ko nabasaba imitungo yanyu. Ndabasaba urukundo ruranga abana b窶僮mana gusa.

Mwana wanjye ungera ugire abana banjye bose inama ntawe urobanuye, ari abari mu gihugu n窶兮bari inyuma yacyo kuko bambabaje cyane. Bambwirire uti : umwana wanjye arababaye cyane. Mumbababarire, mumbabarire kuko arashavuye cyane. Mwite kucyo ababwira maze icyago kibace kure. Mwana wanjye ongera ubambwirire uti : isi mutuye mwayihinduye umwanda, amategeko Imana yabahaye ntimukiyitaho namba. None hagati aha kababayeho. Muratunguwe. Ibi mbabwira niko bimeze, kuko nta gihe ntabibabwiye. Abantu benshi bagiye gukomeza gusubiranamo kubera ubwironde bwa bamwe.

Bana banjye, shitani irabugarije impande zose z窶冓gihugu, ubu irimo irakorera ku mugaragaro, irategeka isi, iratuma abantu benshi bangana, hirya no hino barasubiranamo, bapfa imitungo none rero bana banjye, uyu munsi wa none, ndabasabye ngo mugendere mu nzira zo kwitsinda no kwicuza ibyaha byanyu.

Ndabasaba gusiba ku buryo bw窶冓mibiri yanyu kugira ngo mubashe gutsinda irari ry窶冓mibiri yanyu. Kugira ngo mubeshyuze ikinyoma cyakwiriye hose, kiyobya benshi mu bana banjye bashakira umunezero mu bintu. Benshi muri bo bariye ibiryo birimo uburozi, buturuka ku busambanyi n窶冓biyobyabwenge, itangazamakuru riyobya abantu, za cinテゥma, polonographie, biramunga bikababaza nk窶冓gisebe cy窶冰mufunzo kinuka nabi.

Kandi bana banjye, ibyo sibwo bwa mbere nabibabwira, kuko uburyo bwo gutumanaho bwabaye ubwo guhumanya imitima ya benshi. Ikwirakwizwa ry窶冰bugome naryo rikomeje kwiyongera ryerekanwa ku mugaragaro, nkaho ari icyiza gifitiye abantu akamaro.

Niyo mpamvu bana banjye nihitiyemo kandi mwanyiyeguriye, ndabasaba kumpa ingufu nyinshi zo guhongerera, zimfasha kubaka urukundo. Zimfasha gukumira ikibi ngo cyegukwira.
Bana nkunda, kuri uyu munsi mwateraniye hano i Kabuga ku ngoro y窶儷mwana wanjye, uyu munsi ndabarebana urukundo rwa kibyeyi, uyu munsi wa none mu bice byose, mbabumbiye mu mutima wanjye muziranenge.

Bana banjye rero muri bino bihe bibi mugezemo bikomeye, ndabasaba gukoresha intwaro nabateguriye, mwiyegurira umutima wanjye utagira inenge buri gihe.
Mwifatanya nanjye muvuga isengesho rihoraho rya ROZARI, n窶僮SHAPULE Y窶儷BUBABARE kuwa 2 no kuwa 5.
Bana banjye kandi nkunda, icyo nongeye kubasaba ni ukuvuga ROZARI muzirikana amibukiro yayo yose kandi mutuje, muhabwa kandi Penetensiya buri gihe, mwumva Misa Ntagatifu, muhazwa buri gihe.

Bana banjye ibyo ndabibasabye cyane kandi sibwo bwa mbere nabibasaba ariko kenshi ntimubikora. Bana banjye ndabibasabye kugira ngo mushobore kwegera Umwana wanjye nanjye Umubyeyi wanyu.

Bana banjye muri ibi bihe bikomeye cyane, nimwicuze, muhinduke, mwihane ibyaha byanyu mwigorore n窶僮mana yanyu kugira ngo mubashe kwitegura neza, kuko mbona mwugarijwe. Bana banjye naziye mwebwe, naziye mwebwe abanyarwanda kuko nabonaga hari icyo mukeneye. Bana banjye ngaho ndagiye nzagaruka ubutaha. Mugire Pasika nziza n窶冓bihe byiza. Ndayibifurije bana banjye. Ngaho mubane nanjye, urukundo rwanjye rubakomeze. Ngaho mugire amahoro kandi mugwize andi.

Bana banjye, nkoramutima zanjye, nk窶冰ko uyu munsi wa none twifatanyije mu nzira y窶儷musaraba hano i KABUGA, nanjye uyu munsi wa none mbahaye inkunga yanjye y窶儷mubyeyi kandi mbahaye umugisha bana banjye ngaho ndagiye nzagaruka ubutaha, muramenye sinzabe nyamwisiga ngo nisange, kandi namwe ntimuzabe babura mwaje. Ngaho murakoze murakagira Imana.



-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-=-
Sujet : Re : Ubutumwa bushya Date : 28/07/2011, 01H32

Auteur :
mugisha
UBUTUMWA UMUBYEYI BIKIRA MARIYA YAHAYE BYISHIMO

KU TARIKI YA 15/07/2011

-------------------------------------

Umubyeyi Bikira Mariya yaje ababaye cyane ari mu rumuri rwinshi cyane ntabona icyo ndugereranya narwo, nuko aranyitegereza aransuhuza ati.

B.M.: Uraho mwana wanjye ukomeje kwihanganira imibabaro yose uhura nayo.

By.: Uraho Mama.

B.M.: Mwana wanjye umeze ute?

Y.: Mama meze neza gahoro nawe urabibona. Sinkiruhuka na rimwe, akazi mwampaye ni kenshi, ingendo mukomeje kunkoresha hirya no hino ni nyinshi cyane. Mama ryose mwari mukwiye kundohorera kuko ndananiwe.

B.M.: Mwana wanjye ihangane ukomeze ububare, ubabarire benshi kuri iyi si kuko imibabaro ufite ni ibyaha by窶兮bantu benshi bakomeje gukorera hirya no hino kuri ino si uri guhongerera, cyane cyane mu gihugu cyanyu cy窶冰 Rwanda. Wikwinuba rero ngo ucike intege kuko ntacyo utazi, kandi nabiguhereye imbaraga.

BY.: Mama vuga icyo ushaka nguteze amatwi umuja wawe ndakumva. Ariko se Mama ko mbona ubabaye cyane, ubabajwe n窶冓ki mubyeyi. Mama ndabona ubabaye cyane, ndabona birenze. Mama none se ko turi abantu tudashobotse twigire dute? Mama uyu munsi sinakubwira ko tudafite amaso yo kurora ngo tubone uko ibintu bimeze, n窶冰ko twanze kumva.

B.M.: Mwana wanjye mbwirira abana banjye bose ko mbabaye cyane, mbabajwe cyane na kino gihugu n窶僊banyarwanda banze kumva none kababayeho, kuko ntacyo navuze kitagomba gusohora, ibyo twababwiye byose mwitegure ko igihe cyigeze.

Twabahaye igihe gihagije cyo kwisubiraho ariko ndabona ntacyahindutse, muramenye rero ntacyo mutabwiwe, ejo ntihazagire uzavuga ngo ntacyo yamenye. Bana banjye ibintu birakomeye cyane muri kino gihugu cyanyu cy窶冰 Rwanda ntibyoroshye, ibikomeye biraje kandi bizarokoka bake, dore aho navugiye nyamara maze kunanirwa.

Bana banjye ibikomeretsa umutima wanjye bikomeje kwiyongera hirya no hino muri kino gihugu cyanyu cy窶冰 Rwanda. Nyamara bana banjye ibi mbabwira muraza kuyoberwa uko bigenze kuko mwanze kunyumva.

BY.: Mama mukomeje kunyereka byinshi ariko binteye ubwoba. Mama murakoze, ariko mbere yo kugira icyo tuganira banza utubabarire ibicumuro byacu, ubanze uturuhure imitima yacu iremerewe, ubanze ushyitse imitima ya benshi mu nda, cyane cyane abana bawe bagukunda.

B.M.: Bana banjye buri muntu wese muri kano kanya atekereze ku mutima we maze ashyitse umutima hamwe maze avuge ikiri ku mutima we, ariko cyane cyane asaba yizeye kandi yumva ko icyo asaba gishoboka,ariko cyane cyane yicisha bugufi kugira ngo ashobore kwakira no kumva icyo ashoboye kumva no kwakira icyo ari buhabwe.

Bana banjye nkomeje kuza kubasura ntabwo nahwemye kuza kubasura, n窶冰yu munsi niyiziye njye n窶冰mwana wanjye kuko tudatana. Nkomeje kubatumaho umwana wanjye w窶冓ntamenyekana, w窶冓nsuzugurwa, uwo benshi mwahinduye umusazi, ariko bana banjye hahirwa usara yamamaza ijambo ry窶僮mana, uwo arahirwa cyane kuko afite igihembo imbere y窶僮mana Data.

Bana banjye uyu munsi wa none sinababwira ko mbabaye kandi ndi umubyeyi wanyu, sinababwira ko nishimye, sinababwira ko mbagaye kandi ndi umubyeyi wanyu. Bana banjye ndababaye cyane mbabajwe n窶冰ko ibyo mbabwira nta na kimwe cyahindutse.Nta na kimwe mwumva ahubwo mugaca intege n窶兮bakagombye kuzigira.

Bana banjye benshi muravuga ngo murankunda nyamara ntabwo munkunda, muravuga ngo murankorera nyamara ntabwo munkorera; ahubwo muranyanga nyamara bana banjye umwana wanze kumva ntiyanze no kubona.

Uyu munsi ndabasabye, ni umwitozo mbahaye bana banjye, ntimukavuge ko nta gishya, kuko ndi kubibutsa, ntimugatekereze ibibanduza kuko kenshi mbibarinda, ndabasabye nimutangire bundi bushya mukorere igihe kiri imbere muzaba cyo, mwoye gukorera icyo muri cyo, ahubwo mukorere icyo muzaba mu minsi iri imbere kuko ibyahise byarahise, ndabasaba kugira ngo buri muntu yitegure akorere ubutagatifu, yitegure akorere icyo azaba mu minsi iri imbere kuko ibyahise byarahise mubyibagirwe, mutangire rero mushake ibishya byubaka kandi bifite akamaro.

Bana banjye ndabibasabye ni mugerageze kwivura, mugerageze kwivuza. Narababwiye nti kugira ngo bakuvure ni uko ubanza kwivura ku giti cyawe, ukabanza ugasobanukirwa neza n窶冰burwayi bwawe; icyo gihe ukuvuye urakira iyo wemeye kwivuza. Bana banjye cyane cyane ndabwira mwebwe abana bato kuko ngiye kubasaba, mumbabarire munyemerere kuko nanjye nimunsaba nzabaha, ndabasaba kugira ngo buri munsi muzajye muvuga nibura Ndakuramutsa Mariya 10, muzikuye ku mutima musenga cyane

musabira ababyeyi banyu, mwisabira namwe musabira n窶兮bandi bose batemera. Ndabinginze Ndakuramutsa Mariya 10 zizaba zihagije izindi nzajya nzishyiriraho.

Namwe babyeyi muramenye sinzabe nyamwisiga ngo nisange cyangwa ngo muzabe baburabaje. Babyeyi, bavandimwe, nshuti, bana banjye, ndabasaba kugira ngo mujye muvuga buri muntu ku giti cye yiherereye ishapule 1 mubikuye ku mutima ibindi nzajya mbyishyiriraho, ariko mutibagiwe Rozari.

Mbabwiye ibyo kuko mbona murangaye cyane, ariko bana banjye kandi, abavuga Rozari nimuyikomereho. Bana banjye ndabinginze mupfukame musenge isengesho rikubiye mu gikorwa musabira bagenzi banyu, abatemera n窶兮bataye ukwemera, n窶兮bo muri kumwe kandi muvuge isengesho ry窶冰muryango, mujye muhurira ku isengesho nk窶冰ko muhurira ku isahani.

BY.: Ariko Mama ntabwo byoroshye kuko bamwe bahugiye mu tuntu n窶冰tundi ntibabona umwanya wo gusengera hamwe.

B.M.: Bana banjye iyo isengesho ridatangiye hamwe nk窶冰ko ibiryo babishyira mu gisorori umuryango ntiwubakwa, kuko abana banyu baza baje kurya, mujye mubabwira ko no gushimira aho byavuye ari ngombwa. Ndabinginze kandi nababwiye ko bitoroshye nyamara igihe kirageze cy窶冰ko abantu basenga koko isengesho rigera ku mutima, musaba kandi kugira ngo ibibi biri kuri ino si bigabanuke.

Bana aho muri, mufate umugambi kuko igihe kirageze. Bana banjye uyu munsi ndabarebana urukundo rwa kibyeyi, uyu munsi wa none mu bice byose by窶冓si mbabumbiye mu mutima wanjye muziranenge. Bana banjye aho muri hose ku isi hose, muri bino bihe bibi mugezemo bikomeye, ndabasaba gukoresha intwaro nyayo nabateguriye mwiyegurira umutima wanjye utagira inenge buri gihe, mwifatanya nanjye muvuga isengesho rihoraho rya Rozari n窶冓shapule y窶冰bubabare ku wa 2 no kuwa 5.

Bana banjye kandi nkunda, icyo nongeye kubasaba ni ukuvuga Rozari muzirikana amibukiro yayo yose kandi mutuje muhabwa kandi penetensiya buri gihe, mwumva misa ntagatifu kandi muhazwa buri gihe. Bana banjye ibyo ndabibasabye cyane kandi sibwo bwa mbere nabibasaba ariko ntimubikora, ndabibasabye kugira ngo mushobore kwegera umwana wanjye, nanjye umubyeyi wanyu.

Bana banjye muri ibi bihe bibi bikomeye mugezemo, nimwicuze, muhinduke, mwihane ibyaha byanyu, mwigorore n窶僮mana yanyu, kugira ngo mubashe kwitegura neza kuko mbona mwugarijwe cyane.

Bana banjye urugongwe rurabagwiriye kandi rubaguye gitumo kandi narababwiye kuva kera. Bamwe rero ngo bizaba ryari bizaba ryari, igihe kirageze ni iki murimo. Bana banjye naziye mwebwe, naziye mwebwe abanyarwanda kuko nabonaga hari icyo mukeneye, igihe cyose rero ndabinginze, igihe cyose muhore muri maso kuko mutazi umunsi n窶冓saha mugomba gutungurirwaho.

Bana banjye umwana wanjye arababaye, arababaye cyane kubera u Rwanda yakunze n窶兮banyarwanda, none rukaba ruri kugenda ruganisha mu rwobo. Ababajwe n窶冓bibi byinshi bikomeje gukorerwa hirya no hino muri kino gihugu, nanjye kandi umubyeyi wanyu ndababaye, mbabajwe n窶冰rubyiruko rukomeje kwiyandarika.

Rubyiruko mwe mwumva ibyo mvuga nimwigishe abandi kuko icyago gikomeye kirabugarije. Bana banjye mwavukiye mu mubavu w窶冓juru ubageraho, kuva uyu munsi ndabasaba kurangwa n窶冓mico myiza mukareka kwiyandarika kandi buri gihe cyose mujye mumenya ko ndi hafi yanyu, kandi mbona ibyo mukora byose.

Bana banjye nimusenge, nimusenge mutsinde shitani, muvuge Rozari kuko shitani ibarimo kandi irabugarije. Nimunkurikire bana banjye, igihe cyose nzabatabara, kuko ntawanyiyambaje ukorwa n窶冓soni. Erega bana banjye ndabakunda, nimwirinde ikibi cyose n窶冓gisa nacyo cyose maze muze munsanga, kuko nteze amaboko ntegereje uwaza.

Bana banjye ndabakunda, ndabakunda, ndabatashya kandi mbatumaho, muharanire ukuri, muharanire urukundo, bana banjye ngaho mubane nanjye urukundo rwanjye rubakomeze, ngaho mugire amahoro kandi mugwize andi. Muramenye sinzabe nyamwisiga ngo nisange namwe kandi ntimuzabe baburamwaje. Bana banjye ndabinginze, ndabibabwiye bana banjye uyu munsi wa none mbahaye umugisha wanjye wa kibyeyi ku izina ry窶僮mana Data na Mwana na Roho Mutagatifu. Amen.
Sujet : Re : Ubutumwa bushya Date : 20/10/2011, 22H56

Auteur :
mugisha
UBUTUMWA UMUBYEYI BIKIRA MARIYA YAHAYE BYISHIMO

KU ITARIKI YA 24/09/2011.

--------------------------------------





Umubyeyi Bikira Mariya yaje yishimye ariko atishimye cyane, nuko aranyitegereza aransuhuza ati:



B.M.: Uraho mwana wanjye ukomeje kwihanganira ibigeragezo byose uhura nabwo.



BY.: Uraho mama.



B.M.: Mwana wanjye umeze ute?



BY.: Mama meze neza gahoro nawe urabibona sinkiruhuka, ingendo mukomeje kunkoresha ni nyinshi ariko Mama narabyemeye. Mama, ndi hano ndi umugaragu wawe, uvuge icyo ushaka umuja wawe ndakumva. Nicishije bugufi imbere yawe mubyeyi kugira ngo ubanze umbabarire ibicumuro byanjye, ubanze umbabarire ububi bwanjye kuko ntakwiye kuza imbere yawe. Mama ndaguhereza n窶兮bandi bose bameze nkanjye mubyeyi kugira ngo twese uturuhure ku mitima kandi udusabire imbabazi ku mwana wawe Yezu Kristu. Karame!



B.M.: Bana banjye mushyitse umutima mu nda, muruhure imitima yanyu na roho zanyu, mwiruhutse kuko iyo umwana afite impumpu ntabwo yumva neza icyo umubyeyi amubwira. Bana banjye mushishikarire kuba umwe muri Kristu, kuba umwe kuri Roho, mwubake inkingi z窶冓mitima yanyu.



Bana banjye ntabwo naziye Abanyarwanda gusa, naziye umwana wanjye uwo ariwe wese, aho ari hose. Bana banjye ndishimye ariko ndanababaye, mbabajwe cyane n窶冰ko mutumva ibyo nkomeza kubabwira. Bana banjye ndabona mukomeje kuntera umugongo, benshi ntimuzi uwo ndi we, nimuhindure imitima yanyu mwicuze, mwihane ibyaha byanyu kuko ibikomeresta umutima wanjye bikomeje kwiyongera hirya no hino muri kino gihigu cyanyu cy窶冰 Rwanda. Hari benshi bandwanya biganjemo abihayimana barwanya abavuga Rozari yanjye, abo baribeshya cyane kuko batazi uwo barwanya uwo ariwe.



Hari abarwanya umwana wanjye nihamagariye, nitoreye. Uwo murwanya ni jyewe kuko ari jye wamuhamagaye, ni jyewe wamubateje, nimumbabarire mutege amatwi mujye muvuga icyo mwumvise utumvise asobanuze kuko aribyo byiza aho kwivugira ibyanyu mumpimbira ibyo ntavuze. Ndabasabye mu mitima yanyu nimwisukure muri kano kanya, mutekereze buri muntu wese batumvikana, buri muntu wese utamuzi akamuvuga nabi, maze mubitekereze munsabe imbabazi byose mubimpereze maze mushobore kumva icyo nifuza kubagezaho.



Bana banjye, ntimukabibe imbuto mbi gusa zo gusebanya, mujye mwihanganira ikibi kimwe mwishimire bitatu byiza maze musibanganye icyo kibi kiba cyahaciye. Bana banjye nababwiye ko mutazi umunsi n窶冓saha muzatungurirwaho, niyo mpamvu mbasaba kujya muhora mwiteguye. Bana banjye b窶僊banyarwanda, nza kubasura uko bwije nuko bukeye ariko ibyo mbabwira byose ntacyo mwumva. Bana banjye mfite agahinda kenshi nterwa no kutumva kwanyu, Abanyarwanda ntimuzi ikirezi mwambaye ra! Iyaba mwari mukizi mwakumvise ibyo mbabwira kandi mukabishyira mu bikorwa.



Bana banjye mugeze muri cya gihe kibi maze iminsi mbabwira, mugeze igihe mutotezwa. Bana banjye musabire Kiliziya n窶儷mushumba wayo Papa kuko arakomerewe cyane, musabire abasaseridoti n窶兮bihayimana bose kuko benshi muri bo ari ba mayirabiri. Bana banjye ndabinginze ngo uyu munsi musabire abihayimana bose, musabire kiliziya y窶冰mwana wanjye kuko irakomerewe cyane, musabire abasaseridoti barwanya abana banjye bavuga Rozari yanjye.



Bana banjye ibyo ndi kubabwira biriho kandi byaratangiye. Bana banjye nimwumve neza agahinda kanjye nterwa n窶兮bihayimana. Bana banjye ibintu birakomeye ntibyoroshye. Bana banjye ubu ndatabaza imiryango yose kugira ngo isabire kiliziya, ubu nta bapadiri ifite, nta babikira, umwana wanjye arababaye kuko ari wenyine.



Bana banjye nimusabire abantu bose bagire urukundo, mubasabire bagire umutima wo kwiyoroshya, mubasabire bagire umutima wo kwemera. Bana banjye nimwumve intimba mfite, nimwumve agahinda mfite, ndabasaba kuvuga Rozari buri munsi, nimuvuge Rozari igihe mukibishoboye kuko hari igihe mutazabishobora.



Bana banjye nimuvuge Rozari murwanye ikibi cyose kuko ubu Shitani yabinjiyemo impande zose z窶冓gihugu irabagose, ubu irimo gukorera ku mugaragaro. Ubu butumwa mubwumve neza, ni ubw窶兮bantu bose ntabwo ari ubw窶冰muntu ku giti cye, ubwumvise wese nabukurikize.



Bana banjye ndabasaba kumva inama mbabwira kuko amazi agiye kurenga inkombe, uwumva yumve, utumva niyirorerere kuko ntacyo azireguza imbere y窶僮mana Data, ikindi kandi bana banjye ndabinginze nimusabire igihugu cyanyu cy窶冰 Rwanda n窶兮bayobozi bacyo kuko benshi ntibumva ibyo mvuga benshi baruswe n窶冓nda bararya abo bayobora.



Bana banjye nimusabire u Rwanda kuko ndabona ruri kugenda ruganisha mu rwobo, nyamara bana banjye ubanza mutareba aho ibintu bigeze, nyamara ufite amaso yo kureba narebe aho ibintu bigeze maze ashishoze, bana bajye nimusabire kiliziya, musabire abasaseridoti, bavangure kiliziya n窶 iby窶冓si; bavangure kiliziya n窶 ubucuruzi; bavangure kiliziya n窶 ibibi byose barimo, bavangure kiliziya n窶 ayo makuba yose batazi kandi aribo bayikururira.



Bana banjye, kugeza ubu kiliziya ntabwo ikiri iyo guhuza imitima bayigize iyo kwisandaza. Nimubasabire bakire abakristu babagana n窶冰mutima mwiza, nimubasabire cyane kuko benshi mu basaseridoti benshi bataye ukwemera ntibakita ku ntama bashinzwe, nimusabire batangane penetensiya urukundo n窶冰mutima utuje, mubasabire penetensiya bayigire ingabire ikomeye, bayigire ihuriro ry窶冰mwana wanjye Yezu Kristu.



Bana banjye nimusabire abasaseridoti batange penetensiya mu ibanga kandi bagire urukundo hagati yabo, nimusabire abihayimana bunge ubumwe mu kwemera, mubasabire bahuze urukundo.



Bana banjye ndabasa kuvuga Rozari buri munsi n窶冓shapule y窶儷bubabare kuwa kabiri no kuwa gatanu, mubikore nk窶冰ko mbibifujeho kuko Rozari ariyo izabakiza aya makuba abugarije. Bana banjye ndabashishikariza kuvuga Rozari, ndabingingira kuvuga Rozari,



Bana banjye Rozari ndayibahaye, Rozari ndayibaraze, nimuyigire akabando kanyu ko kwicumba amanywa n窶冓joro kuko ariyo izabatsindira Shitani. Nawe mwana wanjye komera ku rugamba kuko ndi kumwe nawe, ndagusaba gusenga ushikamye usabira benshi kuri ino si cyane abo nakuragije.



Bana banjye kuki mutinya kuvuga ibibabangamiye kandi tuba turi kumwe, kuki mutinya kunyereka ibyabananiye mu mashuri, kuki mutinya kuvuga ibyabananiye iwanyu mu rugo. Bana banjye umwana asaba umubyeyi iyo amwizeye aramuha, ntimugategereze ko ari jye mbabwira ngo munsabe ariko mujye musabana umutima utaryarya kandi wizera kandi usukuye.



Bana banjye ndabasabye ngo mujye musenga isengesho ritari amasengesho, hari ugusenga koko, haba isengesho n窶兮masengesho, mujye musenga ibivuye ku mutima, mujye musenga ibyubaka roho n窶冰mutima n窶冰mubiri, mube umwe koko. Bana banjye uyu munsi nongeye kubasaba ngo mukundane, mubabarirane kandi musabane imbabazi umwe n窶冰ndi, mugerageze kwicisha bugufi bana banjye, nimugerageze kwivura, narababwiye nti kugira ngo bakuvure ni uko ubanza kwivura ku giti cyawe, ukabanza ndeste ugasobanukirwa neza n窶冰burwayi urwaye, icyo gihe ukuvuye urakira, iyo wemeye kwivuza.



Bana banjye ndabona hari abafite agahinda ku mitima kubera ibibazo bafite, kubera ingorane bafite, hari n窶兮bana bafite ingorane kubera kubura impapuro, kubera kudatsinda mu ishuri no kubura akazi mbese ni byinshi. Bana banjye ndabinginze mujye mubihereza nyirabyo mumubwire ko mutabishoboye.



Bana banjye ndabasabye nimugendere mu rukundo rw窶僮mana mureke kugendera mu rukundo rw窶冓byisi, bana banjye mujye muzirikana ko umwana wanjye yakoze ibitangaza ariko ntibabyemeye, ese icyo umwana w窶冰muntu yakora ku isi bakacyemera cyaza cyihuse ariko jye nabakorera ibitangaza mbaha amavuta yo kubakiza indwara zose ku mubiri no kuri roho ntimubyemere kandi ababyemera barakira.



Bana banjye kuri iyi tariki ya none, buri muntu wese narambure ibiganza bye ahereze ibye byose kandi asabe icyo ashaka.



BY.: Mama ndagusaba kugukunda kurushaho kandi ngukundishe n窶兮bandi, urankomeze iteka imbere y窶兮bantu. Niyemeje kukwiha mubyeyi ngo unkoreshe icyo ushaka.



B.M.: Bana banjye munkunda kandi mwanyiyeguriye, uyu munsi wa none mbahaye ingabire y窶冓cyubahiro cya Nyagasani, mbahaye ubudacogora n窶冰busabane ku Mana.



BY.: Murakoze mama.



B.M.: Bana banjye hari abafite ibibazo mu miryango yabo, hari abafite kutumvikana barashakanye, hari abafite kutumvikana n窶兮bana babyaye, hari abafite umuryango munini ariko buri wese aba ukwe, hari abafite imiryango yatewe n窶兮mashitani kandi batemera, badasenga batemera Imana, abo bose ubahereze, hari abafite ikibazo cyo kutabona abana. Mwirambirwa bana banjye kandi nababwiye ko unkurikira wese jye n窶冰mwana wanjye aheka umusaraba yishimye kugira ngo atugwe mu ntege.



Hari n窶冰rubyiruko rwifuza gushaka ndagira ngo ibyo byose mujye mutura Imana ibyanyu byose, ni impano ntabwo umuntu yigira, turashaka ariko Imana ikatwuzuriza. Hari abafite ikibazo cy窶冰burwayi, hari uburwayi budakira, hari uburwayi bukira, ariko ndagira ngo mbabwire ko uburwayi bukomeye ari ubwa roho. Hari abafite agahinda ku mutima kubera ibibazo bafite, kubera ingorane bafite, ibyo byose nimubihereze nyirabyo kuko niwe uzi ibyanyu byose.

Bana banjye mu by窶冰kuri uyu munsi simbabwira byinshi nkuko nari nsanzwe mbigenza, iby窶冓ngenzi narabibabwiye ibindi mbifuzaho maze kubibabwira, nkuko rero mvuze nagira ngo mbabwire yuko mbashimiye y窶冰ko hariho abagerageza ndabashimiye, ko hari imbuto ziri kugenda zivuka.



Ikindi kandi bana banjye nimuhumure nta kiruta Imana, ikindi kandi bana banjye ibyago ntaho bitaba icyangombwa ni ukubyakira neza nta kwinuba. Nyamara bana banjye ndabona hari abakomeje kuvuga ngo ibyo twabwiwe bizaza ryari ntimumenye ko tuba twabongereyeho agahe gato ngo turebe icyakorwa, ariko nta cyakozwe mwibereye mu tuntu n窶冰tundi. Bana banjye iwanyu murahinga mukabagara, mugasukira, kuki mutabagarira Imana ngo muyisukirire imitima maze isengesho ryose muvuze ngo riyibobeze.

Nyamara bana banjye hateye inzara Imana mwayibuka igihe cyarangiye, izuba rirava mukavuza induru muti Nyagasani duhe imvura, imvura yagwa muti Nyagasani imyaka iraboze ngo nimuduhe izuba, ariko nababwira gusenga mukantera utwatsi. Gusaba murabizi ariko gutanga mukagundira, cyakora bana banjye sininuba kubera ko munsaba, iyaba mwansabanaga urukundo cyangwa se mukansabana gutekereza, atari ukunsaba kubera ko mubabaye cyangwa se muguweho n窶冓byago.



Bana banjye mbabwiye ibyo ibindi nzabibabwira ubutaha. Bana banjye ngaho mubane nanjye urukundo rwawe rubakomeze, muramenye sinzabe nyamwisiga ngo nisange namwe kandi ntimuzabe baburamwaje. Uyu munsi wa none mbahaye umugisha wanjye wa kibyeyi ku izina ry窶僮mana Data na Mwana na Roho Mutagatifu. Ngaho murakoze murakagira Imana.

_______________________________________
Sujet : Re : Ubutumwa bushya Date : 03/01/2012, 20H58

Auteur :
mugisha
UBUTUMWA UMUBYEYI BIKIRA MARIYA YAHAYE BYISHIMO KU ITARIKI YA 25/12/2011

Umubyeyi Bikira Mariya yaje yishimye cyane ari mu rumuri rwinshi cyane ntabona icyo ndugereranya nacyo nuko aranyitegereza aransuhuza ati:

B.M.: uraho mwana wanjye ukomeje kwihanganira ibigeragezo byose uhura nabyo?

BY.: uraho mama.

B.M.: mwana wanjye umeze ute?

BY.: mama meze neza gahoro nawe urabibona, ingendo zikomeje kuba nyinshi sinkiruhuka na rimwe.

B.M.: mwana wanjye ihangane ukomeze ukore ugushaka kwanjye n窶冰mwana wanjye, ninguhamagara ujye witaba, aho ngutumye ugende.

BY.: mama ndatotezwa.

B.M.: mwana wanjye komeza utotezwe, ugeragezwe, ubababare kuko kubabara kwawe ni ibyaha by窶兮bantu benshi bakomeje gukorera hirya no hino muri ino si ndetse no muri kino gihugu cyanyu cy窶冰 Rwanda uri guhongerera. Ntacyo utazi rero byose warabibwiwe ko uzababara, gusa ntukajye ugira ikintu kikubabaza kuko igihe cyose mba nkuri iruhande, ntabwo nzagutererana na rimwe.

BY.: mama nubundi ndabizi kuko iyo mutamba hafi ntabwo mba ngihumeka umwuka w窶兮bazima. Mama rwose nzagukorera, nzakugwa inyuma.

B.M.: mwana wanjye ongera unsuhurize abana banjye bose uti nimugire amahoro, nimugire amahoro, nimugire amahoro, nimugire amahoro. Urukundo rwanjye rubasakaremo bana banjye, uyu munsi mbifurije Noheli nziza n窶冰mwaka mushya muhire ariko muzawubemo intwari kuko uzarya umuhanga bana banjye, nkomeje kuba hano muri cyino gihugu cyanyu cy窶冰 Rwanda bana banjye, nkuko nabasezeranyije ko ntazabasiga nk窶冓mfubyi niko bimeze ubu ndi hano mu Rwanda rwanyu, ubu ndahicaye njye n窶冰mwana wanjye Yezu Kristu wabapfiriye ku musaraba.

BY.: mama uyu munsi mumpishuriye byinshi murakoze, ariko mbere yo kugira icyo tuganira ubanze utubabarire ibicumuro byacu, ubanze uturuhurire imitima yacu iremerewe, ubanze ushyitse imitima ya benshi mu nda cyane cyane abana bawe bagukunda.

B.M.: bana banjye buri muntu wese kano kanya atekereze ku mutima, ashyitse umutima hamwe maze avuge ikiri ku mutima we ariko cyane cyane asaba yizeye kandi yumva ko icyo asaba gishoboka ariko cyane cyane yicisha bugufi kugira ngo ashobore kwakira icyo ari buhabwe. Bana banjye, nkomeje kuza kubasura ntabwo nahwemye nuyumunsi niyiziye, nkomeje kubatumaho umwana wanjye w窶冓ntamenyekana, w窶冓nsuzugurwa uwo benshi bahinduye umusazi, ariko bana banjye hahirwa usara yamamaza ijambo ry窶僮mana, uwo arahirwa cyane. Bana banjye uyu munsi wa none sinababwira ko mbabaye kandi ndi umubyeyi wanyu, sinababwira ko nishimye cyangwa mbagaye. Bana banjye ndababaye cyane mbabajwe cyane nuko ibyo nkomeza kubabwira nta na kimwe mufata ahubwo mwibereye mu tuntu n窶冰tundi. Mwana wanjye, mbwirira abatuye isi uti isi mutuye mwayihinduye umwanda amategeko Imana yabahaye ntimukiyitaho na busa none kakaba kababayeho kandi ibyo nababwiye byose ibyinshi bimaze kugaragara. Mwana wanjye umbwirire nabo bayobozi banyu, bambwirire uti mukomeje kumbabaza cyane murarya abo muyobora ntimukita ku ntama mushinzwe, nyamara bana banjye mubirye ariko ntabyo muzatunga, bana banjye, abana banjye bararira amarira yabo angeraho. Bana banjye bambwirire uti igihugu cyanyu kiragoswe ubu shitani yakinjiyemo ubu iri gukorera ku mugaragaro ubu iritegekera abantu benshi yabinjiyemo iri kubakoresha byinshi mwana wanjye, ongera ubambwirire uti nimuhunge icyaha kibateranya n窶僮mana yanyu kuko ibikomeretsa umutima wanjye bikomeje kwiyongera hirya no hino muri kino gihugu, abana banjye baraboroga nta muntu ugifite ikintu cye cyose cyabaye icya bamwe kubera ko barusha amaboko, ibyo rero bana banjye iyo mbibonye birambabaza cyane mbisubiyemo mubirundarunde ariko si ibyanyu ntabwo muzabitunga. Bana banjye murakomerewe cyane none rero bana banjye mwumva ibyo mvuga mukabishyira mu bikorwa ndababaye muri bino bihe bibi bikomeye murimo ndabasaba gukoresha intwaro yanjye nyayo nabateguriye mwiyegurira umutima wanjye utagira inenge buri gihe mwifatanya nanjye muvuga isengesho rihoraho rya Rozari n窶冓shapule y窶冰bubabare ku wa kabiri no ku wa gatanu, bana banjye kandi icyo nongeye kubasaba ni ukuvuga Rozari muzirikana amibukiro yayo yose kandi mutuje, muhabwa penetensiya buri gihe, mwumva missa ntagatifu , muhazwa buri gihe, bana banjye ibyo ndabibasabye cyane kandi sibwo bwa mbere nabibabwira ariko kenshi ntimubikora, bana banjye ndababwira ko buri gihe mugomba gusaba imbabazi igihe cyose kuko mudahora muri intungane, hari benshi banga gusaba imbabazi bavuga ko nta cyaha na kimwe bafite, ese ubwiwe ni iki ko uri umwere ngo de? Nyamara kandi bana banjye nta byera ngo de! Nyamara bana banjye mbafatiye hejuru y窶冓nyanja mbarekuye gato mwagwamo, nteze amaboko ntegereje uwaza. Isi mutuye ni ikibuga mwaharuriwe kugira ngo mukidagadureho kuko mutazi umunsi wo kubataruraho, bana banjye nababwiye kenshi mbaburira kenshi ufite ugutwi ko kumva arumve neza icyo naba narababwiye maze ashishoze, bana banjye mwumve neza igihe nje mbabwira mba ntaje kugirango ngo dukine, mba nje kugirango musenge mwisubireho kandi mba nje kubibutsa kugirango icyo mutazi mugikore ariko ntabyo mukora kandi mumenye yuko nta na kimwe nigeze mbabwira mutazi ibyo mbabwira ni ibyo mwari musanzwe muzi mba ndi kubasubiriramo, ndababwira ko mugomba gusingiza Imana igihe cyose, bana banjye ijambo ry窶冰mwana wanjye ntirihera kereka iryo atavuze kandi bana banjye igihe cyose mujye mwihanganira ibyo mubonye cyangwa ibyo musanze. Aka gahugu kanyu k窶冰 Rwanda naragatoye, u Rwanda rugiye kuba karorero k窶兮mahanga y窶冓si yose, si ugukina, umwana wanjye yabibabwiye abikuye ku mutima niko bimeze, bana banjye ndabinginze mureke gushinja bagenzi banyu mubabeshyera ibyo mutahagazeho, nimuvugishe ukuri kuko ukuri kurakiza erega bana banjye ndabakunda, ndabakunda, ndabakunda, nimwirinde ikibi cyose n窶冓gisa nacyo cyose maze muze munsanga kuko nteze amaboko ntegereje uwaza, bana banjye ndabakunda, ndabakunda, ndabatashya kandi mbatumaho muharanire ukuri, muharanire urukundo maze mube umwe koko. Bana banjye nababwiye byinshi ariko mwanga kumva mbisubiremo mugiye kumvishwa n窶冓kibando. Bana banjye ibintu birakomeye muri kino gihugu cyanyu ntibyoroshye ibikomeye biraje kandi bizarokoka bake dore aho navugiye mwanga kumva, nyamara bana banjye maze kunanirwa mbisubiyemo ibikomeretsa umutima wanjye bikomeje kwiyongera hirya no hino muri kino gihugu cyanyu cy窶冰 Rwanda, ibi mbabwira muraza kuyoberwa uko bigenze muri gushaka amafaranga, mukomeje kunyunyuza imitsi ya bagenzi banyu nyamara kandi ntabyo muzatunga.

BY.: mama mukomeje kunyereka byinshi ni uko binteye ubwoba. Mama murakoze, murakoze. Mama ndakwinginze fasha abawe bose ukomeze ubagenderere ubereke ikiza maze ikibi ukibarinde, udutsindire ikibi cyose mubyeyi kuko turi abana bawe ukunda.

B.M.: mwana wanjye ongera umbwirire abana banjye uti abanjye munkunda nimunkomereho nanjye mbakomeyeho mukomeze mumbere abana nanjye mbabere umubyeyi, nimuvuge Rozari mubikuye ku mutima, musabire bagenzi banyu batabashije kuyivuga ndabibasabye, mbabwiye ibyo ibindi nzabibabwira ubutaha, ngaho mubane nanjye urukundo rwanjye urukundo rwanjye rubakomeze, ngaho mugire amahoro kandi mugwize andi. Bana banjye muramenye sinzabe nyamwisiga ngo nisange namwe kandi ntimuzabe Babura mwaje, ndabinginze ndabibabwiye. Bana banjye uyu munsi wa none mbahaye umugisha wanjye wa kibyeyi ku izina ry窶僮mana Data na Mwana na Roho Mutagatifu. Amina. Bana banjye nzagaruka ubutaha ngaho murakoze murakagira Imana.
Sujet : Re : Ubutumwa bushya Date : 04/03/2012, 23H10

Auteur :
mugisha
UBUTUMWA NYAGASANI YEZU YAHAYE BYISHIMO KU ITALIKI YA 1/3/2012

Nyagasani Yezu yaje ababaye cyane,ari mu rumuri rwinshi cyane ntabona icyo ndugeranya narwo, nuko aranyitegereza aransuhuza ati :uraho Byishimo mwana wanjye ?Nti:uraho Papa?

Mwana wanjyeumeze ute ?Papa,meze neza gahoro nawe urabubona,imibabaro ni myinshi cyane mu mubiri wanjye,sinsinzira;ariko Papa,ntacyo imibabaro intwaye kandi mwarabinsezeranyije ko ngomba kubabara kandi nkababarira benshi kuri ino si, kandi sininuba habe na gato,kandi ntawakwinubira icyo mumuhaye .Papa,ndabizi kuko hari igihe tuzirikana imibababaro,nanjye iyo niherereye ndayizirikana.Papa ,rero uyu munsi nimwe nishyize mu biganza byanyu,munkoreshe icyo mushaka ,gusa ni uko mbabaye,ariko ntabwo ari cyane uretse ko utari kumwe nawe ntacyo yakwimarira.

Byishimo mwana wanjye uramenye ntugatinye kuvuga ibyo nkubwiye cyangwa ibyo wabonye,jya ubivuga uko mbikubwiye,ntukagire na kimwe ugabanuraho kuko mba mbikubwiye kugirango abana banjye bamenye ko ndikumwe nabo kandi iyo ubibabwiye barushaho kwisubiraho kuko hari byinshi bakora bibagusha mu cyaha batabizi kandi batagombaga kubigwamo.

Erega bana banjye ndabakunda kandi nzahorana namwe sinzabatererana bana banjye.

Mwana wanjye,ongera unsuhurize abana banjye ntawe urobanuye,uti nimugire amahoro,nimugire amahoro,nimugire amahoro.Bana banjye ndababaye,ndababaye,ndababaye cyane.Mbabajwe cyane n窶兮bana banjye bakomeje kugwa mu cyaha kandi bakibona.Benshi bakomeje gutwarwa n窶冓by窶冓si,bakomeje kunyunyuza imitsi ya bagenzi babo,benshi bakomeje kurya abo bayobora;mwana wanjye bambwirire uti igihe kirageze ngo mubibazwe.

Muravuga ngo mu Rwanda ni amahoro.Ntayo ,ubu hari intambara ya bucece cya gihe kibi nababwiye mwakigezemo ni iki murimo.Abana banjye hirya no hino baricwa n窶冓nzara,nongere mbisubiremo igihe kirageze kugirango umuntu abazwe ibyo yanze kumva n窶冓byo yanze gukora.

Ese bana banjye,mugeze he ra?

Ko mbona benshi mukomeje kwirangarira,gusenga kwanyu mukabikora mutazi ibyo mukora ibyo aribyo;ejo ntuzavuge ngo ndi umwana mu ngoma y窶冓juru,kuko mwabwiwe byinshi ariko mwanze kumva ibyo tubabwira.Igihe kirageze rero abadukoreye by窶冰kuri bahabwe ingororano yabo.

Bana banjye,ndababwiye kugirango igihe cyose musenge kuko mutazi umunsi n窶冓gihe.Ndababona aho muri hose,ibyo mukora byose ntimukinubire umusaraba mufite kuko uzankurikira wese azahura n窶冓bigeragezo kandi igihe cyose akaba afite umusaraba adashobora kwinubira.

Bana banjye , aho muri hose mubyo mukora byose mujye mumenya kuzirikana kuko akenshi mukunze kurangara,ari mu masengesho,ari no mu bindi byose mukora.Bana banjye,nongere mbabwire,ntimwibwire ko nzongera kwivuguruza kubyo naba narababwiye,igihe gishize ni kirekire ndi kumwa namwe,nyamara ndabona nta na kimwe kiriyongera.

Bana banjye nimusabe muzahabwa,mukomange muzakingurirwa,mushakashake muzaronka.Ariko bana banjye muranga mukumva mugifite umwanya.Ariko bana banjye,hari igihe muzifuza kumva ntawe ubabwira.Ntimugirengo igihe cyose tuzahorana,nyamara hari igihe nzabasezera nkagenda,kandi bamwe bazibagirwa ibyo nababwiye;abafite Roho Mutagatifu bazabwibuka.

Bana banjye,koko mwakumvishe tukiri kumwe ntarabarekura?None se bana banjye ko nabatumyeho kenshi mukanga kumva muragirango ngire nte?Nyamara uwashaka yasubiza amaso inyuma akareba aho ibintu bigeze maze agashishoza.Bana banjye mureke gukorera ku bwoba kuko nukorera kubwoba nta nakimweuzageraho,nta na kimwe uzatoramo.

Mwana wanjye urabona uko mbabaye kubera abanyarwanda benshi bagiye kugwa mu rwobo?Ukuntu nabakunze ariko baranze barananiye.Bana banjye,uyu munsi kuwa gatanu ni umunsi w窶冰bubabare bwanjye,ariko noneho

bibaye akarusho kubera abanyarwanda kandi sibwo bwa mbere ubu butumwa nabukunyuzaho,none ngutegetse kuvuga ishapure y窶冰bubabare inshuro eshatu,gukora inzira y窶冰musaraba ukabisozesha ishapule y窶冓mpuhwe z窶僮mana kugirango umfashe kuririra u Rwanda.Si wowe gusa, n窶兮bandi bose bumva ibyo mvuga ndabibasabye,bambwirire uti 窶忖tazahitanwa n窶兮mahindu azahitanwa n窶冰muvu;utazahitanwa n窶冓nkangu,azahitanwa n窶兮masasu cyangwaq umuyaga窶,ibyo bihano byose murabiteganyierijwe.Ndabibabwiye mubimenye kandi byaratangiye, kandi mumenye ko igihe mukirimo.Mwana wanjye bambwirire ngo ndababaye,ndababaye cyane.Mwana wanjye babwire ko mbabaye,babwire ko igihe kigeze kugirango umuntu abazwe ibyo yanze kumva.

Byishimo mwana wanjye,sengera u Rwanda,mfasha kuririra u Rwanda kuko uburakari bw窶僮mana bugiye kurwisukaho.Nguyu wa munsi nababwiye ubaguye gitumo.Muri gushaka amafaranga ,ariko muri kwiruka inyuma y窶冓bintu mutazatunga! Ndabirimbuye namwe ntabasize,ngiye kubibasira namwe ntabasize.Mwana wanjye kandi ubu butumwa bugeze ka banyarwanda bose ndetse n窶兮bari hanze ,ari uwakiriye cyangwa utarakiriye bose burabareba apfa kuba ari umunyarwada .

Ntutinye kandi kubutanga ,ndashaka ko bose babumenya ,kandi nshaka ko hatazagira utungurwa ngo ntacyo yamenye,n窶冰tazabwakira nawe azabe yarabimenye.Bambwirire ko ibi byose muri gupfa ndabirimbuye namwe ntabasize.Nguyu wamusi nababwiye ubaguye gutumo,urugogwe rugiye kubikubita hejuru muri gushaka amafaranga.Murayashaka se amaze iki ko ubu amenshi yarangije guhinduka aya shitani,n窶冰yatunze nawe ntacyo amumariye .

Bana banjye urukundo mbakunda nirwo rutumye mbereka ko mbabaye kugirango mwisubireho,nibura hagire urokoka.Mbatangarije ibi rero kuberako mbakunda.Bana banjye nibenshi batakira ibi mvuga kandi mbabwira kubera amaraha barimo,ngiye kubereka ko arinjye utanga umunezero.Mwana wanjye mbwirira abakiriye uti ni mwebwe mutumye ntangaza ibi kugirango icyago cyitabagwa gitumo,kugirango ejo mutavuga ngo nyacyo twamenye.Mwana wanjye ongera umbwirire abana banjye ko mbabaye,ngiye kubamanuriraho amahindu ,kandi ibi mvuga ntagihe mubitegereje byaratangiye ,bimwe

mwamaze kubibona .Igihe murimo ni iki rero ntakindi mutegereje uwumva arumve.Mwana wanjye wabonye uko meze uyu munsi ,ubutaha uburakari buzaba busumba ubw窶冰yu munsi nkweretse,kandi mwana wanjye ngusabye ko utazongera kuvuga ngo ni mbababarire kandi namwe mutambabarira.Aho nahereye mbinginga ni kera,bara imyaka maze mu gihugu cyanyu ntegereje uguhinduka kwanyu ariko noneko ndabahebye,reka ibyahanuwe bisohore.

Mwana wanjye soma Mt 1: 21-23 .Bana banjye mwakumviye nka Yozefu Imana yabujije kwegera umugeni we yasabye ,yakoye arabyemera.None abanyarwanda ndabatumaho intumwa n窶兮bahanuzi ,niba mutazumvishe mugashaka kuzica mugihugu,n窶冰takiriye yakwicecekera akareka ubugambanyi.Bansezerereho ubambwirire uti uwemeye inama z窶冰mwami wanyu nanjye mwufurije ihirwe risesuye no gutunga igihugu ho umunani,kandi mbifurije kuzashyikirana nanjye mubuhe bishya no mu Rwanda rushya nagabiwe n窶冰mwami wanyu I Nyanza,yararuntuye ndwicayemo njye n窶冰mubyeyi wanjye.Abanyarwanda ntimuzi ikirezi ,mwambaye,iyaba mwari mukizi muwakumvise ibyo mbabwira mukisubiraho,abanyarwabda murananiye,dore igihe naherye mbabwira ko mbakunda na mwe mukangaragaruza komuzi kwangana,aho kumpa urukundo ahubwo mukansubiza ko mutegereje impuhwe zanjye.None se nzagira impuhwe ngeze he?Ntamitungo yanyu mbasaba ni mumpe urukundo rwanyu gusa .Umunyarwanda yise umwana we ngo mpore ndengane! Ni ko se abanyarwanda murandenganyiriza iki? Hashize igihe kirekire mundenganya ni yo mpamvu nsanze uyu munsi ari ngombwa kubibutsa isezerano nagiranye n窶冰mwami wanyu i Nyanza,kuko igihe kirageze ngo umugambi wuzuzwe.mbabwiye ibyo uwumva yumve utumvise nawe ni akazi ke ntacyo azireguza k窶冰munsi w窶冰rubanza.Ibikomeye biraje birabugarije kandi bibaguye gitumo mwibereye mubyisi.Uwumva yumve kandi agire icyo avanamo akigire icye.Mbabwiye ibyo ubundi mwishungurire.

Ngaho mugire amahoro kandi mugwize andi.

Mbahaye umugisha ki izina ry窶僮mana Data na Mwana na Roho Mutagatifu Amina.
Sujet : Re : Ubutumwa bushya Date : 22/06/2012, 00H13

Auteur :
mugisha
UBUTUMWA BY窶儷MUBYEYI BIKIRA MARIYA YAHAYE BYISHIMO TARIKI YA 13/03/2012

Umubyeyi Bikira Mariya yaje ababaye cyane ari mu rumuri rwinshi cyane ntabona icyo ndugereranya narwo, nuko aranyitegereza aransuhuza ati : Uraho mwana wanjye ukomeje kwihanganira imibabaro yose uhura nayo. Nti : uraho Mama ! Mwana wanjye umeze ute ? Mama meze neza gahoro nawe urabibona imibabaro ni myinshi mu mubiri wanjye, sinsinzira imbeho yo kw窶冓sima irandembeje ariko Mama sininuba kuko ntacyo nagabanuraho, narabyemeye.

Mwana wanjye ntacyo utazi ibyo byose uri guhura nabyo byose warabibwiwe ko uzababara ukababarira benshi kuri ino si ntacyo utazi byose warabibwiwe, none rero mwana wanjye komeza ubabare ubabarira benshi kuko iyo mibabaro ufite n窶冓byaha byinshi by窶兮bantu benshi uriguhongerera cyane cyane abanyarwanda. Mwana wanjye ongera unsuhurize abana banjye bose uti : nimugire amahoro ! Nimugire amahoro ! Nimugire amahoro ! urukundo rwanjye rubasakaremo bana banjye.

Uyu munsi wa none ndababaye cyane mbabajwe cyane n窶兮bana banjye benshi bakomeje kwisuka mu byaha kandi babibona babwire uti : Nababwiye kenshi mwanga kumva ariko noneho mugiye kubibona ; mwana wanjye, mbwirira abo bakomeje kurundarunda imitungo banyunyuza imitsi ya bagenzi babo uti : Mubirundarunde ariko si ibyanyu, mugiye kubibura mubireba mwana wanjye, ongera umbwirire abana banjye bose ntawe urobanuye uti : Uyu munsi bana banjye nkunda, uyu munsi wa none mundangamire njye Mama wanyu wajyanwe mu Ijuru ubu nkaba nkikijwe n窶冰rugaga rw窶僊bamalayika, ubu baransingiza ubudatuza kandi barampa icyubahiro kinkwiye ubu nkaba ndi Umwamikazi w窶僮juru n窶冓si.

Nicaranye n窶儷mwana wanjye Yezu Kristu akaba yaranyakiranye urukundo rwinshi rukwiye Umubyeyi mwana wanjye, ongera umbwirira abana banjye bose bumva uti : Nimurusheho kumvira Kiliziya kandi mubwire abandi impuhwe zanjye rero ngo abenshi murashaka ibitangaza kandi ibitangaza muri kumwe nabyo mbibereka buri gihe ntimubyemera bana banjye nkunda.

Uyu munsi wa none ndashaka imitima isukuye kandi igira impuhwe, sinshaka imitima yuzuye ubwirasi, sinshaka imitima ica imanza z窶兮mahugu bana banjye, nimukundane, mukunde bagenzi banyu mudahuje ukwemera, bana banjye ufite umutima usukuye niwe uzajya mu Bwami bw窶僮juru bana banjye, Ijuru rirakomeye kuryinjiramo kuko ritazinjirwamo n窶冰bonetse wese bana banjye, nimureke kwiyemera, mwiyoroshye mu mitima yanyu, nimugirirane impuhwe mugirirane imishyikirano nabo mudahuje ukwemera, mureke kuvuga ngo njye ndi uyu n窶冰yu nimworoherane, mwihanganirane mugire ituze mu mitima yanyu mureke kuryana kuko mwese muri abana banjye.

Bana banjye nimusenge musengane ituze kuko aricyo cya mbere mbifuzaho bana banjye, rero nimwunge ubumwe kandi mumenye ko umwanzi yinjiye hose no muri Kiliziya yinjiyemo kugira ngo ateze akaduruvayo mwana wanjye, ongera umbwirire abana banjye bose uti : Ndababaye, ndababaye cyane mbabajwe cyane ko nta muntu n窶冰mwe witaye ku butumwa bwanjye benshi mukomeje kwanga ibyo mbabwira ariko mugiye gushima mubibonye bana banjye.

Ndabona benshi mushishikajwe n窶冓mitungo mufite ; muririrwa munyunyuza imitsi ya bagenzi banyu nyamara bana banjye mpora mbibabwira mushaka byinshi si ibyanyu ntimuzabitunga, nyamara bana banjye ndabona benshi ntimwitaye ku butumwa tubagezaho bw窶僮juru ; abandi ndabona mukomeje inzira yagihogera izabarimbura bana banjye ; ndababwira ukuri ko ibihe bibi bibugarije kandi ko igihano Imana yabateganirije kegereje kandi vuba ariko benshi ntimubibona, none rero bana banjye ndasaba abantu bose kwisubiraho kuko igihe ari iki nta kindi mutegereje.

Ibihe bibi mubirimo byaratangiye bana banjye nimwisubireho bidatinze mugarukire Imana, nimwicuze, nimwicuze inzira zikigerwa bana banjye, nimuhinduke kuko ibikomeye biraje kandi bizarokoka bakeya bana banjye. Uyu munsi wa none ndabona abenshi mufite ukwemera guke ntimwihana, nuvuze ngo arihannye n窶冓byanyirarureshwa abantu benshi badohotse ntibakundana, nta migenzo myiza bafite ahubwo bibereye mu ngeso mbi gusa barica amategeko y窶僮mana uko bishakiye, nyamara bana banjye mushatse mwakumva ibyo mbabwira inzira zikigerwa bana banjye.

Nkomeza kubabwira Njye n窶儷mwana wanjye wo mw窶僮juru ndabona mukomeje kumbabaza cyane none rero bana banjye niba mutisubiyeho ngo mugarukire Imana ngo musenge mubikuye ku mutima, mugiye kugubwaho n窶冓shyano urugogwe rugiye kubikubita hejuru kubera kutumva kwanyu kw窶兮banyarwanda mwana wanjye ; ongera ubambwirire uti : Nakomeje kubatumaho kenshi mwanga kwisubiraho mwanga kwihana ibyaha byanyu none igihe kirageze ni iki nta kindi kugira ngo benshi mubazwe ibyo mwanze kumva bana banjye; rero nimusenge mwihane mwicuze mwihane ibyaha byanyu kugira ngo igihugu cyanyu gihinduke nibura hagire uwarokoka bana banjye, ndabona ikwirakwizwa ry窶冰bugome rikomeje kwiyongera rirerekanwa ku mugaragaro nkaho ari ikiza gifite agaciro berekana.

Ndabasaba mwese aho muri hose kumpa imitima yanyu kugira ngo mumfashe guhongerera ibyaha byanyu bana banjye nimusenge cyane kugira ngo nkumire ikibi kidakwira hose ndabasaba kwigomwa cyane cyane muri kino gisibo muce bugufi musenge kugira ngo mugire amahoro, ndabasaba kuvuga Rozari buri munsi kuko Rozari ari isengesho nkunda cyane, kuko iyo murivuga ndishima cyane ndetse n窶僮juru ryose ririshima, mwana wanjye nawe icyo ngusaba ni ugupfukama ugasenga usabira benshi kuri ino si, cyane cyane urubyiruko n窶兮barwayi ibyo ndabigushinze kandi ukomeze undangamire Njye n窶儷mwana wanjye, kandi ukomeze wihanganire byinshi nakubwiye kandi igihe cyose ntacyo uzamburana, kandi uramenye ntukinubire ububabare ufite kuko ni wo musaraba wawe, kandi nubabara hari roho nyinshi z窶兮bana banjye ziba ziri gukira cyane cyane izanteye umugongo.

Komeza undangamire Njye n窶儷mwana wanjye wiyegurire Imana yonyine, kugira ngo wakirane umutima mwiza ububabare bwose ugenda uhura nabwo uhongerera ibyo byose by窶兮bakomeza kuntera umugongo Njye n窶儷mwana wanjye, batatwumva na mba kugira ngo bahinduke, kandi kugira ngo uheshe umutima wanjye utagira inenge icyubahiro mwana wanjye ; ongera umbwirire abana banjye bose uti : ndabasaba kuvuga Rozari buri munsi kugira ngo igihugu cyanyu gihinduke, kugira ngo kigire amahoro, kugira ngo na roho nyinshi zirokoke ; bana banjye nimurangamire Ijuru mureke kutubabaza mwite ku butumwa tubagezaho.

Mureke kwiyemera kuko kwiyemera kwanyu ntikuzasiba kubakururira amakuba bana banjye, rero inama nabagira nimufate amashapure yanyu murwanye umwanzi wanyu shitani, kuko ubu yakwiriye hose nimumurwanye muvuga isengesho risendereye umutima wanjye. Muvuga Rozari Ntagatifu buri munsi ariko bana banjye kuki mundambirwa ntarabarambirwa ni ukubera iki ? Kuki mukunda ibintu kurusha isengesho, bana banjye niba nta nyota mumfitiye namwe ndaza kubihorera, kuko ibyo mbasaba nta na kimwe murumva nkaho mwacishije make murasakuza kurusha amasandi, kandi mukunda iby窶冓si kuruta uko munkunda, kandi mukiyibagiza ko mbafatiye runini, nkaho mwacishije make mugatega amatwi ibyo dukomeza kubabwira, ahubwo mwibereye mu tuntu n窶冰tundi bana banjye ; ndabasabye ntimugakunde ibintu kuko ibintu ntakamaro birashira ibindi bikaza, gusenga rero nicyo cyangombwa ariko ndabona mwibereye mu bintu gusa.

Mama urambwiye ngo dukunda ibintu ? Yee mukunda ibintu kurusha uko mukunda ubuzima bwanyu; nyamara bana banjye ibyo mukangisha ni twe twabibahaye ariko ntabwo mubishimira, aho kubishimira muririrwa munyaganwa mu mitungo, ese bana banjye mwagaye iki cyangwa mwashimye iki ? Nkubu mbabajije igisubizo mwampa ikihe ? Nyamara bana banjye ubabwiye aruta ubagayiyemo. Hari ukugaya agaceceka, hari n窶冰kugaya akakubwira, se ko umwana wanjye yagize inyota ninde wamuhaye amazi yo kunywa, se ko yari afite inzara ni nde wamuhaye icyo kurya ? Ariko Njye buri munsi ndabibahatira, nyamara nisubiye ntimwakongera no kwishima nkuko mumeza bana banjye. Muzirikana ko umwana wanjye yakoze ibitangaza ariko ntibamwere. Ese icyo umwana w窶冰muntu yakora ku isi bakemera cyaza cyihuse ? Bana banjye uyu munsi mwese abumva ibyo mbabwira, nimurambure ibiganza byanyu buri muntu buri muntu ahereze ibye byose kandi asabe icyo ashaka.

Mama urampe kugukunda kurushaho kandi unkomeze igihe cyose.

Bana banjye uyu munsi mbahaye ubutwari, mbahaye ubudacogora n窶冰busabane ku Mana. Murakoze ! Maman.

Bana banjye hari abafite ibibazo mu miryango yabo,
hari abafite kutumvikana barashakanye,
hari abafite kutumvikana n窶兮bana babyaye,
hari abafite umuryango munini ariko buri muntu wese aba ukwe,
hari abafite imiryango yatewe n窶兮mashitani, kandi batemera badasenga batemera Imana, abo bose igihe kirageze ngo abumvise ibyo twavuze byose kandi bakabishyira mu bikorwa ngo basubizwe. Bana banjye nimugerageze kwivura mugerageze kwivuza narababwiye nti : Kugira ngo bakuvure, nuko ubanza ukivura ku giti cyawe, ukabanza mbese ugasobanukirwa neza n窶冰burwayi urwaye, icyo gihe ukuvuye urakira niyo wemeye kwivuza, cyane cyane ndabwira mwebwe abana batoya kuko ngiye kubasaba mumbabarire munyemerere kuko nanjye nimunsaba nzabaha.

Ndabasaba byibura buri munsi kuvuga Ndakuramutsa Mariya 10 muzikuye ku mutima. Muri gusenga musabira ababyeyi banyu, musabira n窶兮bandi bose batemera. Mubikore kuko isengesho ryanyu ndaryumva iyo murivuga ringeraho ndabinginze. Ndakuramutsa Mariya icumi zizaba zihagije izindi nzajya nzishyiriraho bana banjye. Narabakunze ndabatora ndabatuma, bamwe bakomeje guseta ibirenge, ariko hari abakomeje kuntumikira, bana banjye kugeza ubu igihugu nticyanyakiriye uko bikwiye, kandi byari ngombwa kuko ngituyemo Njye n窶儷mwana wanjye, mureke kunyakira ariko Umwana wanjye yaragihawe tukirimo tukicayemo, kandi u Rwanda ni agahugu dukunda, bana banjye rero igihe kirageze, kugirango mubazwe byinshi mwanze kumva bana banjye.

Nimureke kumbabaza bana banjye, hari byinshi bikomeje kumbabaza, abantu baragambanirana, hirya no hino baricana, ibyo byose biriho mubimenye mubirimo byaratangiye, muri mu bihe bya nyuma bana banjye. Intango imaze kuzura irasendeye, kandi igiye gusandara ; aho bigeze nta garuriro bana banjye. Uyu munsi nabaganirije cyane, kandi mfite akazi kenshi, nimuzirikane ibyo nababwiye, kuko muri ibyo byose nababwiye, urukundo kwicisha bugufi, gusabana no gufashanya bamwe n窶兮bandi, mudakeneye ishimwe ry窶冓si, mukamenya kandi kwiyegeranya mukiyunga, mukamenya kubaka umurimo w窶僮mana aho kuwusenya bana banjye. Ndagiye nzagaruka ubutaha bana banjye, ngaho mubane nanjye urukundo rwanjye rubakomeze, ngaho mugire amahoro kandi mugwize andi, uyu munsi sinavuga ko mbasezeyeho kandi duhorana buri gihe cyose. Mbahaye umugisha !

Kw窶僮zina ry窶僮mana Data na Mwana na Roho Mutagatifu ! Amina.
Sujet : Re : Ubutumwa bushya Date : 22/06/2012, 00H17

Auteur :
mugisha
UBUTUMWA UMUBYEYI BIKIRA MARIYA YAHAYE BYISHIMO KUWA 15/06/2012

_____________________________________________________________________________

Umubyeyi Bikira Mariya yaje ababaye cyane ari mu rumuri rwinshi ntabona icyo ndugereranya narwo nuko aranyitegereza aransuhuza ati:

Umubyeyi : Uraho mwana wanjye ukomeje kwihanganira imibabaro myinshi ukomeje guhura nayo.

Byishimo: Nti uraho mama.

Umubyeyi : Mwana wanjye umeze ute.

Byishimo: Mama meze neza gahoro nawe urabibona ,sinkiruhuka na rimwe. Ingendo mukomeje kunkoresha ni nyinshi cyane.

Umubyeyi : Mwana wanjye zikore kuko imbaraga ukoresha si izawe nitwe tuziguha.

Byishimo: Mama n窶冰bundi ndabizi kandi mwarabibwiye.

Umubyeyi : Mwana wanjye mu ngendo ukora ntuzinube ngo uvuge ngo urakenye ngo uvuge ngo ntacyo ufite, kuko mbona kenshi uko ukunda kuvuga, iyo naguteguriye urugendo ni itike mba nayiteguye mbinyujije ku mwana wanjye wintamenyekana. Komeza rero undebere abana banjye babaye, barwaye, ukoreshe ingabire nkuko nayiguhaye,aho nkutumye ujye uhita uhaguruka, kuko mba mpagutumye kugirango urwo rugo rusukurwe. Ujye uhaguruka ntakwinuba kandi itike ntabwo uzajya uyibura.

Byishimo: Mama nanjye aho gucibwa intege n窶冰bukene bwanjye nje nkusanga wowe n窶冰mwana wawe kuko arimwe gisubizo cyanjye. Mama nje nkwizeye rwose nkubwira ko atari abazima bakeneye umuganga ahubwo ari abarwayi ukomeje kungezaho. Nkuko rero ukomeje kungezaho abana bawe babaye kandi bari gukira nanjye sinzabinubira, kuko iyo mbonye umurwayi aje ababaye maze agakira biranshimisha cyane.

Umubyeyi : Mwana wanjye ugomba kwishima kuko iyo ngabire ni wowe nayihaye, natanze amavuta kugirango akize benshi ku mubiri no kuri roho kandi uwemeye arakira. Hahirwa rero uwayisize uwo arahirwa cyane. Mwana wanjye ongera unsuhurize abana banjye bose ari abari hano ari nabari hirya no hino ku isi hose uti ni mugire amahoro (3) urukundo rwanjye rubasakaremo.

Bana banjye ba banyarwnda ibintu birakomeye muri kino gihugu cyanyu ndabona amazi agiye kurenga inkombe imvura nyinshi y窶兮mahindu igiye kubanyagira, mwibereye mu tuntu n窶冰tundi murarundarunda byinshi ariko si ibyanyu. Cyagihe kibi nababwiye ni iki murimo mwakigezemo.

Mwana wanjye babwirire uti ntacyo twababwiye kitagomba gusohora igihe kirageze kugirango ibyo navuze bisohore umwaka ni uyu simvuze umunsi simvuze ni saha ariko mugiye gutungurwa, kandi bimwe byatangiye kugaragara uretse ko bibonwa na bake. Erega bana banjye navuze cyane mwanga kunyumva none kababaye, intango imaze kuzura igiye gusandara kandi izasandarana byinshi ,uwumva yumve utumva nawe ni akazi ke,kandi ufite amaso yo kurora narebe aho ibintu bigeze maze ashishoze arebe aho ibihe bigeze.

Byishimo: Mama ndi hano ndi umugaragu wawe vuga icyo ushaka umuja wawe ndumva, nicishije bugufi imbere yawe mubyeyi kugirango ubanze umbabarire ibicumuro byanjye,kugirango ubanze umbabarire ububi bwanjye kuko ntakwiye kuza imbere yawe. Mama ndaguhereza n窶兮bandi bose bameze nkanjye mubyeyi kugirango twese uturuhure ku mutima,kandi utubabarire udusabire imbabazi ku mwana wawe Yezu Kristu.

Umubyeyi : Bana banjye naje mbasanga,naje mbakunze,ndi umunyabyaha ,bana banjye ni mugaruke,siko nitwa ,siko nteye , niko mwanyise,ni muhumure bana banjye, abanjye mbatabare; ni mugaruke mushire impumu,mwigira inyota ndabatabara,mwigira impumu abanjye turagendana kandi sinzabatererana.

Bana banjye naje mbasanga ,ndabakunda, ndabakumbuye,ndabatashya, igihe cyose mbatumaho ni muhumure ni mukomere, inzira yanjye ni intamenywa. Dore ndaje ndababwira nti muhumure bana banjye urwanda nararukunze ndarugenderera njye n窶冰mwana wanjye ariko mwanze kutwumva. Igihugu cyose kiragoswe impande zose shitani yakinjieymo ubu iri gutegekera ku mugaragaro. Bana banjye amazi agiye kurenga inkombe kandi narababwiye kuva kera. Bana banjye ndi hano mu rwanda rwanyu ndi n窶兮handi,kuko kenshi mwibaza ngo Bikira Mariya aba ahantu hose, akazira rimwe hose, uko ndi hano niko ndi n窶兮handi, kuko Imana ibana n窶兮bantu bose kandi mwese muri abana banjye.

Bana banjye nkomeje kuza kubasura mbakunze, nza ntawe umpamagaye, ninjye wizanye,nahamagaye rero uwo ngomba guhamagara. Bana banjye rero ntimukajye impaka kukitubaka roho ahubwo kiyangiza. Bana banjye ndashaka ko imitima yanyu igendana nanjye mukumva ibyo mbabwira, ndashaka ko igendana nibyo abahanuzi nitoreye bababwira kuko ari intumwa zanjye. Bana banjye mwambabaje kenshi, nimurekeraho kumbabaza kuko nanjye sinshaka kubabaza. Ibikomeretsa umutima wanjye bikomeje kwiyongera muri kino gihugu cyanyu cy窶儷rwanda .

Ndareba kino gihugu cyanyu nkarira adakama,ibikomeye biraje birabugarije kandi bizarokoka bake, mbisubiyemo igihugu impande zose kiragoswe, shitani iracyugarije impande zose kandi iri gukorera kumugaragaro,imvura y窶兮mahindo ije kubanyagira murumve namwe iyo mvura iyo ariyo,muramenye kandi ntihakagire uvuga ngo ntacyo yamenye kuko utarumvishe ni akazi ke ,ubu butumwa busa n窶冰bwanyuma .

Ubu umwana wanjye agiye kubibasira ntawe arobanuye kuko mwanze kumwumva, n窶兮bari inyuma y窶冓gihugu ntawe naretse kubwira kuko ubutumwa bwanjye bugera hose kugirango mwese mubimenye . Uwakoze neza agiye guhebwa, uwakoze nabi agiye kubihanirwa, kuko iki gihe mugezemo ari icyo guhana no guhemba.

Bana banjye mwe mwumva ibyo mvuga ndabasaba ngo mubwireabo muri kumwe kugirango nabo bagire icyo bamenya. Amagambo navugiye muri kino gihugu cyanyu cy窶儷rwanda ni menshi cyane kandi nabwiye bose ntawe narobanuye kuko mwese muri abana banjye. Amagambo nababwiye mwanze kumva niyo agiye kubacira urubanza si Urwanda gusa ni isi yose.

Bana banjye nimutange nkuko nabahaye mwikwitangira itama ,nimubwire abandi nkuko njyewe nababwiye njye n窶冰mwana wanjye, kuko hari benshi batari bumva ko nuyu munsi twicaye muri runo rwanda rwanyu.

Bana banjye nkunda kandi mwanyiyeguriye kandi mwumva ibyo mbabwira, uyu munsi mbise abagenerwa murage, kandi mbahaye ingabire y窶冰busabane ku Mana,n窶冰budacogora,uguca bugufi n窶冓cyubahiro cya Nyagasani, kandi uyu munsi wa none urukundo rwanjye ndarubahaye. Ariko aragowe uzirengagiza urwo rukundo muhaye kandi musezeranyije, kandi mbahaye ubumenyi bwo kumenya gushishoza. Ibyo mbibwiye abana banjye batanyibagiwe muri Rozari yanjye.

Bana banjye abanjye uyu munsi wa none ni muzane ibivomesho byanyu tubuzurize maze mukomeze mukore ugushaka kwanjye n窶冰mwana wanjye, maze abigize impumyi z窶冰mutima barindagire. Hari abihaye gushakira ubukungu bw窶冓si mu bugome,mufite ingorane cyane, ntabwo muzabona ubwami bw窶冓juru; barahirwa abumva ubwami bw窶冓juru bakabukurikiza,bazabona ingororano ikomeye mu ijuru.

Bana banjye ni munkunde nanjye ndabakunda ,ni munkomereho nanjye mbakomeyeho,ni mumbere abana nanjye mbabere umubyeyi. Bana banjye ntabwo naziye abanyarwanda gusa naziye umwana wanjye uwari we wese aho ari hose. Bana banjye uyu munsi nababwiye bike kuko ibyingenzi narabibabwiye,uwagize icyo afata yaragifashe, muramenye rero sinzabe nyamwisiga ngo ni sange namwe rero nti muzabe babura mwaje; ngaho mubane nanjye urukundo rwanjye rubakomeze,ngaho mugire amahoro kandi mugwize andi uyu munsi wa none mbahaye umugisha wanjye wa kibyeyi.

Message modifi le 22/06/2012 a 00H22, par mugisha
Sujet : Re : Ubutumwa bushya Date : 11/08/2012, 14H21

Auteur :
mugisha
UBUTUMWA UMUBYEYI BIKIRA MARIYA YAHAYE BYISHIMO

KU TARIKI 25/07/2012

___________________________________________________________

Umubyeyi Bikira Mariya yaje ababaye cyane ari mu rumuri rwinshi cyane ntabona icyo ndugereranya narwo,nuko aranyitegereza, aransuhuza ati:

Umubyeyi : Uraho mwana wanjye ukomeje kwihanganira ibigeragezo byose uhura nabyo.

Byishimo : Uraho mama.

Umubyeyi : Mwana wanjye, umeze ute?

Byishimo : Mama, meze neza gahoro nawe urabibona, sinkiruhuka na rimwe, ingendo zikomeje kuba nyinshi cyane, ariko narabyemeye.

Umubyeyi : Mwana wanjye komeza wihangane, wihanganire byinshi nakubwiye, kandi uzabitsinda. Mwana wanjye nakubwiye ko uzatotezwa, kandi nujya ubona ibyo ujye ubyakira kandi warabibwiwe, kandi igihe cyose ujye umenya ko nkuri iruhande ko ntazagutererana na rimwe.

Byishimo : Mama n置bundi ndabizi, iyo utamba hafi ntabwo mba ngihumeka umwuka w誕bazima. Mama ndi hano ndi umugaragu wawe vuga icyo ushaka umuja wawe ndakumva. Nicishije bugufi imbere yawe mubyeyi kugira ngo ubanze umbabarire ibicumuro byanjye, ubanze umbabarire ububi bwanjye kuko ntakwiye kuza imbere yawe. Mama ndaguhereza n誕bandi bose bameze nkanjye mubyeyi, kugira ngo twese uturuhure ku mutima kandi utubabarire, udusabire imbabazi umwana wawe Yezu Kristu.

Umubyeyi : Mwana wanjye mbwirira abana banjye bose, aho bari hose hirya no hino, ngo nimwisubireho mugarukire Imana inzira zikigendwa. Ntabwo ndi kubwira abanyarwanda gusa ndabwira isi yose. Bana banjye nta gishya mbazaniye ahubwo ndi kubibutsa ibyo mwanze kumva duhora tubabwira.

Nimwicuze, nimwicuze, nimwicuze, nimuhinduke mugarukire Imana musabe imbabazi zigitangwa, kuko igihe cyazo kiri hafi kurangira. Bana banjye igihe kirabashirana kandi ntikizabagarukira ngo mubone kwicuza. Ndasaba abakristu bose guhabwa isakaramentu rya penetensiya, ababona ko nta byaha bibonamo baba bise Imana umubeshyi.

Bana banjye ndabasaba kwemera ububi bwanyu, ndabamurikira ntimugende, umwijima wacura mugasiganwa. Bana banjye iyo mushaka iby段si mukoresha ubwenge bwanyu bwose n段mbaraga nyinshi ngo mugere kubyo mwifuza byose; ariko nyamara gukorera Imana mukagira intege nkeya. Bana banjye ni kuki muhunga Imana mugasanga umurira.

Bana banjye ijuru rizagibwamo n置warikoreye, ikindi kandi mumenye ko amasengesho ajyana n段bikorwa byiza. Ndabasaba kutarangazwa n段iby段si mugiye gusiga, nimurangamire iby段juru bizahoraho,cyane cyane ndabwira abakire, ngahumuriza abakene.

Bana banjye ndabasaba gusenga cyane musabira isi kugira ngo ihinduke, kandi cyane cyane musabire igihugu cyanyu cy置 Rwanda ndabona kiri kugenda kiganisha mu rwobo.

Bana banjye isi imeze nabi cyane igiye kugwa mu rwobo, isi yarigometse yuzuye ibyaha bitabarika nta rukundo, nta mahoro yifitemo. Bana banjye aho muri hose mu mpande zose z段si, niba mutisubiyeho ngo muhindure imitima yanyu mwese mugiye kugwa mu rwobo.

Byishimo : Mama iri joro mwanyeretse byinshi kandi binteye ubwoba.

Umubyeyi : Mwana wanjye ntacyo utazi, mba nkwereka kugira ngo umenye ibigiye kuba kuko ntakigomba kuba utakizi.

Byishimo : Mama ariko mfite ubwoba kubera ibintu bibi mukomeje kunyereka, singisinzira. Mama ndakwinginze akira imirimo yacu, amarira y誕banyarwanda, akababaro n段byifuzo byacu byose.

Umubyeyi : Mwana wanjye, ongera ugire inama abana banjye bose ntawe urobanuye, ubambwirire ko umwana wanjye ababaye kubera abanyarwanda yakunze none bakaba bagiye kurimbuka. Bana banjye ibikomeye biraje kandi bizarokoka bacye, icyago cya kirimbuzi kirabugarije, umwana wanjye agiye kubibasira nta n置mwe asize.

Kubera kutumva kwanyu kw誕banyarwanda, urugogwe rugiye kubikuta hejuru muri gushaka amafaranga. Nyamara bana banjye umwana wanze kumva ntiyanze no kubona. Aka gahugu gato twitoreye, twicayemo, ni ubutaka butagatifu buteretseho intebe y置mwana wanjye, ndabibabwiye kandi mpora mbibabwira nta n置mwe uzarugiramo amahoro atatwubaha jye n置mwana wanjye Yezu Kristu. Igihe kirageze rero kugira ngo ababyiganiye iby段si bajyane nabyo, abakoze neza bahembwe; niyo mpamvu nkomeje kugutuma hirya no hino ku bana banjye, nkugezaho byinshi kugira ngo batazagira ngo ntacyo bamenye. Ndagusaba rero gusengera u Rwanda n誕banyarwanda, kuko mbona benshi barimo kugenda baganisha mu rwobo.

Bana banjye narabakunze ndabagenderera uko bwije n置ko bukeye ariko muranze murananiye. Kigali we, Kigali we, Kigali we, urananiye mbisubiyemo, nta buye rizasigara rigeretse ku rindi, kandi sibwo bwa mbere nabibabwira.

Mwana wanjye bambwirire, uti ndareba uyu murwa wanyu nkarira adakama, bana banjye ndababaye, ndababaye, ndababaye cyane. Bambwirire, uti ibyo byose muri gupfa mugiye kubibura mubireba, mugiye kujyana nabyo. Amafaranga mwayagize Imana yanyu, mukomeje kurundarunda byinshi ariko si ibyanyu.

Mwana wanjye ongera ubambwirire, uti hari abo umwana wanjye yahaye ubwenge none basigaye berekana ko babumurusha. Agiye kubibasira nta n置mwe yibagiwe abereke ko ari umwami w段si n段juru; nimumenye ko umunyabwenge ari umwana wanjye ntawundi.

Mwana wanjye, ongera ubwire abana banjye bose ntawe urobanuye, uti ari abanyakiriye n誕bataranyakiriye, mwese mumenye ko ibyo twababwiye kuva mbere, mumenye ko igihe kigeze, igihe ni iki murimo nta kindi kandi narabateguje, ntawe uzatungurwa ngo avuge ngo ntacyo yamenye.

Bana banjye ndababaye kubera igihugu cy置 Rwanda nakunze n誕banyarwanda, none bakaba bagiye gutsembwaho. Mwana wanjye ongera ubambwirire ko wa munsi w誕makuba nababwiye ubagwiririye, ubaguye gitumo kandi narababwiye kuva kera, nta gihe nsiba kubabwira.

Mwana wanjye pfukama usengere u Rwanda, mfasha kuririra u Rwanda n誕banyarwanda, kuko uburakari bw棚mana bugiye kubisukaho, imvura y誕mahindu igiye kubisukaho, murumve namwe iyo mvura iyo ariyo. Mwana wanjye mbwirira abanyarwanda, uti ndababaye kubera urukundo nabakunze mwe mukangaragariza ko muzi kwangana.

Mwana wanjye sengera u Rwanda n誕banyarwanda nibura hazagire urokoka kuko barambabaje cyane kubera urukundo nabakunze, nguyu wa munsi nababwiye urageze kandi ubaguye gitumo muri gushaka amafaranga, murarundarunda byinshi kandi si ibyanyu, ntabyo muzatunga umwana wanjye arabirimbuye namwe atabasize, sibwo bwa mbere nabibabwira mpora mbibabwira mbinginga ngo mwisubireho ariko mwanze kunyumva.

Mwana wanjye mbwirira abanyarwanda ngo ndabakunda ariko mwe ntimubishaka ngo mwakire urukundo mbakunda. Bana banjye mwambabaje kenshi, koko mwarekeye aho kumbabaza ko nanjye ntifuza kubababaza.

Mbabwiye ibyo ibindi nzabibabwira ubutaha. Ubu butumwa busa n置bwa nyuma, ngaho ndagiye nzagaruka ubutaha. Muramenye sinzabe nyamwisiga ngo nisange kandi namwe nti muzabe baburamwaje. Ngaho mubane nanjye urukundo rwanjye rubakomeze, ngaho mugire amahoro kandi mugwize andi. Bana banjye uyu munsi wa none mbahaye umugisha wanjye wa kibyeyi, uyu munsi wa none mbifurije kuzashyikirana n置mwana wanjye mu bihe bishya no mu Rwanda rushya. Ngaho murakoze murakagira Imana.
Sujet : Re : Ubutumwa bushya Date : 26/09/2012, 10H47

Auteur :
mugisha
Ubutumwa Umubyeyi Bikira Mariya yahaye Byishimo ku tariki ya 22/09/2012.

Umubyeyi Bikira Mariya yaje ababaye ari mu rumuli rwinshi ntabona icyo dugereranya narwo, nuko aranyitegereza aransuhuza ati:

Bikira Mariya : Uraho mwana wanjye ukomeje kwihanganira ibigeregezo byose uhura nabyo.

Byishimo : Uraho mama.

Bikira Mariya : Mwana wanjye umeze ute?

Byishimo : Mama meze neza gahoro nawe urabibona, imibabaro ikomeje kuba myinshi mu mubiri wanjye.

Bikira Mariya : Mwana wanjye komeza ubabare, ubabarire benshi kuri ino si, kuko kubabara kwawe hari benshi kuri gukiza.

Byishimo: Mama nanjye narabyemeye. Mama ndi hano mubyeyi, unkoreshe ugushaka kwawe.

Bikira Mariya : Bana banjye nazindutse kare cyane, nza muri afurika, nahasanze abatoni banjye, narabahamagaye ndabatuma barantumikira,nabahamagaye mbatunguye baranyumvise. Mfura zanjye, bana banjye,ndabakunda, mutege amatwi mbabwire uko nitwa by置kuri; ndi Nyina wa Jambo wababyariye Umukiza wanyu Yezu Kristu.

Igihe nazindukaga mbasanga twari turi kumwe, sinamusize yari hafi yanjye iburyo n段bumoso, imbere yanjye n段nyuma yanjye ntidutana. Bana banjye ndabakunda(2),ndabasura nkabatumaho. Uyu munsi mutege amatwi kandi munyumvishe ukuri, ninde wundi mwabonye waje abasanga, abatetesha , abinginga, abasaba imbabazi ngo mu musabe abahe.

Bana banjye ndafite, mfite byinshi byo kubaha, uyu munsi mbahaye igikoresho cyanjye, kuko niwe mbatumaho,ndamubaragije muramenye sinzabagaye ; nubwo bamwe mumutoteza ,ariko naramutoye,niyo akosheje ndamwihanira, mubimenye rero ntawe urwanya ikitarwanyika.

Bana banjye iyo umwana asanga umubyeyi arabanza agashira impumu,iyo umwana asanga umubyeyi aranza akamubwira ati mawe ndaje. Bana banjye uyu munsi wa none ni muhaguruke mumbwire muti :<<turaje mawe>>.

Byishimo : Ariko se mama ab段wanyu baza kubakira,nkuko ab段wacu baza kubakira. Mama ndabona uri kunyereka indabo nyinshi.

Bikira Mariya : Ziriya ndabo ndi kukwereka rero, ni mwebwe mwese abana banjye mu nkunda. Bana banjye rero mukomeze mundangamire abanjye nzabarwanaho. Bana banjye murakoze ,naje kubasura mbakunze kandi mbakumbuye, muri kino gihe mugezemo, nimworoshye imitima yanyu,kugira ngo roho mutagatifu yinjire, roho mutagatifu abakoreshe, roho mutagatifu abayobore, roho mutagatifu akande ahababaye, roho mutagatifu amare inyota abayifite, roho mutagatifu ahoze abababaye.

Bana banjye nza kenshi kubasura ,ntimuzandambirwe,kuko ikinzanye n段cyanzanye ntabwo ndakigeraho, kuko nshaka ko muba bashya, kandi ndashaka ko mutazasigara nk段mfubyi, igihe kirageze sinshaka kubasiga nk段mfubyi; nshaka kubasiga nk置mubyeyi usize abana bakuze kandi bazanzanira imbuto.

Bana banjye muramenye sinzabe nyamwisiga ngo nisange,namwe kandi ntimuzabe babura mwaje, muramenye kandi ntimukazindurwe n置busa, muramenye ntimukazinduke kugirango nimugira aho mugeze munyongerere ibyo ntavuze, uzajya ananirwa gusubiza ibyo navuze ajye yicecekera yegere mugenzi we wumvise bungurane ibitekerezo, kuko nzagaruka nkangusobanurire.

Murandambirwa ariko njye simbarambirwa, kuko umubyeyi ntarambirwa abana be, ahubwo agira inyota yo kubasanga. Bana banjye ndabakunda(2) niyo mpamvu uko bwije nuko bukeye nkomeza kuza kubasura, muranyumve neza bana banjye simbacyurira, simbakomeretsa, kandi ugira Imana abona umuhana,kandi ugira Imana abona umugira inama.

Igihe rero kirageze kugira ngo buri muntu wese yisuganye avomerere roho ye ifite inyota, agaburire roho ye ifite inzara,munjye rero muhora mwiteguye kandi mumenye ko nta gishya mbazaniye,kuko mbona nta mbuto nabonye,kandi nta gishya muzabona kitanditse mugitabo gitagatifu, mba mbasubiriramo kugirango n誕batagisoma mufate mu mutwe, mushyire kuri roho zanyu, aho kugirango roho yicwe n段sari.

Byishimo : Mama isari n段ki?

Bikira Mariya : Ni inzara. Bana banjye ndababaye(3) cyane mbabajwe n誕bana banjye benshi bakomeje kubabazwa, benshi bari kuborera mu nzu z段mbohe, benshi bari kwicwa n段nzara, abandi bari gutotezwa, mugira ngo simbibona, bana banjye ntacyo ntabona ariko igihe cyo kubahorera kirageze, bana banjye mwabwiwe byinshi ariko ntacyo mwumvishe; benshi mwiyita abakire muvuga ngo ndi uyu n置yu, mubirundarunde ariko s段byanyu,n誕bandi bari babifite muramenye kandi ntihazagire uvuga ko ntacyo yumvise.

Bana banjye nimwicuze(3) mugarukire Imana, musabe imbabazi zigitagwa, kuko igihe cyazo kiri gushira. Bana banjye igihe kirabashiranye, kandi ntikizabagarukira ngo mubone kwicuza. Bana banjye iyo mushaka iby段si mukoresha ubwenge bwanyu bwose n段mbaraga nyinshi ngo mugere kubyo mwifuza byose,ariko gukorera Imana mukagira imbaraga nkeya.

Bana banjye kuki muhunga Imana mugasanga umuriro, nyamara bana banjye ijuru rizagibwamo n誕barikorera kandi amasengesho ajyana n段bikorwa byiza. Bana banjye ndabasaba kutarangazwa n段by段si mugiye gusiga, ahubwo nimurangamire iby段juru gusa bizahoraho.

Sibwo bwa mbere na bibabwira, ndabwira abakire nkahumuriza abakene, abanyumva bumva ibyo mvuga n置mwana wanjye, munkomereho nanjye mbakomeyeho, mumbere abana nanjye mbabere umubyeyi, bana banjye ngaho mubane Nanjye urukundo rwanjye rubakomeze, ngaho mugire amahoro kandi mugwize andi uyu munsi wa none mbahaye inkunga yanjye y旦mubyeyi kandi mbahaye umugisha.
Sujet : Re : Ubutumwa bushya Date : 31/10/2012, 11H14

Auteur :
mugisha
Ubutumwa umubyeyi Bikira Mariya yahaye Byishimo ku tariki ya 13/10/2012.
Umubyeyi Bikira Mariya yaje ababaye cyane, ari mu rumuri rwinshi cyane ntabona icyo ndugereranya narwo, nuko aranyitegereza aransuhuza ati;
Bikira Mariya: Uraho mwana wanjye ukomeje kwihanganira imibabaro yose uhura nayo.
Byishimo: Uraho mama.
Bikira Mariya: Mwana wanjye umeze ute?
Byishimo: Mama meze neza gahoro nawe urabibona, sinkisinzira na rimwe, kandi Mama ingendo mukomeje kunkoresha ni nyinshi hirya no hino mu bana bawe, ariko mama sininuba kandi narabyemeye ntacyo nahinduraho, kandi Mama iyo ngiye ahantu nkabona hari abakize biranshimisha cyane.
Mama ndi hano ndi umugaragu wawe uvuge icyo ushaka umuja wawe ndumva, nicishije bugufi imbere yawe mubyeyi kugira ngo ubanze umbabarire ibicumuro byanjye, ubanze umbabarire ububi bwanjye kuko ntakwiye kuza imbere yawe; ndaguhereza n誕bandi bameze nkanjye mubyeyi kugira ngo twese uturuhure, udusabire imbabazi umwana wawe Yezu Kristu.
Bikira Mariya: Mwana wanjye uyu munsi kuri iyi tariki ya none, nsuhuriza abana banjye bose cyane cyane abo muri kumwe hano I janja. Uyu munsi wa none kuri ino tariki ya 13 n置munsi ukomeye wanjye, mbahaye ingabire nyinshi kuko mwanshimishije cyane inema zanjye zibasesekayeho.
Bana banjye ndabinginze mujye mupfukama musenge isengesho rikubiye mu bikorwa musabira bagenzi banyu abatemera n誕bataye ukwemera, nabo muri kumwe, kandi mujye mugira isengesho ry置muryango; mujye muhurira ku isengesho nkuko muhurira ku isahani.
Byishimo: Mama ariko ntabwo byoroshye kuko akenshi mu miryango hari abatemera, rimwe na rimwe abana bakigira mu bindi n誕babyeyi bakigira mu bindi ntibabone umwanya wo gusengera hamwe, none Mama dutize imbaraga tubishobore.
Bikira Mariya: Bana banjye iyo isengesho ritavugiwe hamwe nkuko ibiryo babishyira mu bisorori, umuryango ntiwubakwa. Uko rero abana banyu baza baje kurya mujye mubabwira ko no gushimira ari ngombwa. Bana banjye ndabinginze, nababwiye ko bitoroshye, nyamara igihe kirageze kugira ngo abantu basenge koko isengesho rivuye ku mutima.
Ndabinginze musabire ibibi byose biri kuri ino si, ndetse no muri kino gihugu cyanyu cy置 Rwanda kugira ngo bigabanuke. Bana banjye nimufate umugambi kuko benshi ndabona murangaye cyane mwibereye mu tuntu n置tundi, kandi bana banjye nimujya mujya mu isengesho mujye mumenya ko mbategereje njye n置mwana wanjye, mujye musenga kandi munsabe icyo mushaka bana, kuki mutinya kuvuga ibibabangamiye kandi tuba turi kumwe, kuki mutinya kuvuga ibyabananiye mu mashuri, ibyabananiye mu ngo zanyu. Bana banjye umwana asaba umubyeyi iyo amwizeye aramuha, ntimugategereze rero ko ari njye ubabwira ngo munsabe, gusa mujye munsabana umutima utaryarya wizeye kandi usukuye.
Babyeyi ni musenge kuko ibihe murimo bitoroshye, kurera ntibyoroshye, kurema ntibyoroshye. Mwana wanjye komeza unshimirire abana banjye mwirirwanye hano I janja kuri ino tariki yanjye ikomeye, uti itariki ya 13 ni umunsi ukomeye wanjye, kandi ntimuzibagirwe iyi tariki na rimwe uti, ndabashimiye n置mutima wanjye wose mwihe amashyi n impundu kuko murabikwiriye.
Igihe rero mwatambagizaga umwana wanjye abatambagiramo nanjye rero twari turi kumwe. Igihe rero mwaririmbaga mwishimye nanjye rero nari nishimye. Nubwo benshi ari ba mayirabiri, ariko kandi abanjye ntimucike intege ibyishimo mwari mufite muzabihorane, bibakwiremo, bibafashe kubaka roho, bibafashe kurwanya ikibi kandi mujye mwirinda inteko y誕baneguranyi.
Bana banjye mushishikarire kuba umwe muri Kristu, kuba umwe muri roho, mwubake kandi inkingi z段mitima yanyu, ibyo mbibabwiye ndi umubyeyi wanyu, kuko umubyeyi ababazwa nuko umwana we ahangayika, mwihangayikisha imitima yanyu.
Bana banjye ntabwo naziye abanyarwanda gusa, naziye umwana wanjye uwo ari we wese. Bana banjye reka mbabwire ukuri, unkurikiye uwo ariwe wese agakurikira umwana wanjye, wemera kandi wicuza, ahura n段bigeragezo byinshi, ahura n段bitotezo; ariko abakurura ntibitangire, amarembo ahora afunguye, ntimuzifuze ibyo, kuko igihe bizafungirwa nibyo bibi, munjye mwifuza kubabarana n置mwana wanjye, mwishimire guhura n段bibazo kandi mumenye kubyihanganira, mwishimire no kubitura.
Mwana wanjye kenshi urabwira ngo uratotezwa, ngo urababara, byemere kandi igihe cyose ujye ubyakira kandi wishimye. Bana banjye mbabwiye icyo mwese muzi, ntawe urwanya ikitarwanyika, bana banjye nubwo nababwiye ngo ndishimye umwana wanjye arababaye(2), ababajwe na kino gihugu cyanyu cy置 Rwanda n誕banyarwanda. Abanyarwanda ntimwumva mwamfuye amatwi, amatwi yanyu yarazibye, ariko icyo murashaka kirahari, bamwe muririrwa muvuga ngo ntacyabashobora mugira ngo ntabwo twumva, nyamara abafite amaso yo kureba nimurebe aho ibihe bigeze maze mushishoze.
Murivuga mugira ngo umwana wanjye ntiyumva, yarangije kubumva. Umujinya muhembera mugiye kuwubona kandi uburakari bw棚mana bugiye kubisukaho. Bana banjye mwumva ibyo mvuga nimusenge musabire igihugu cyanyu kuko akenshi kiri kugenda kiganisha mu rwobo, ikindi kandi bana banjye kimbabaje nuko mbona benshi bari mu by段si bakomeje kwivuruguta mu cyaha kandi bakibona. Bakomeje kurundarunda imitungo bavuga ngo ibi ni ibyacu, si ibyanyu mumenye ko n誕bandi bari babifite uko babibuze namwe niko mugiye kuzabibura, ureba yaba yararebye kandi igihe kirageze cyo kugirango mubyamburwe.
Bana banjye muri kwiyanduriza ubusa, munyunyuza imitsi ya bagenzi banyu mugira ngo simbibona, mwambura bagenzi banyu imitungo yabo muvuga ngo ni iyanyu, si iyanyu, mbisubiyemo mugiye kubibura mubibona, kuko mwabwiwe kenshi ariko mwanze kumva, umwana wanjye ababajwe no kutumva kwanyu kw誕banyarwanda.
Bana banjye nakomeje kubabwira ko mbakunda, niko bimeze kandi sinzareka kubakunda, niyo mpamvu, mpora mbabwira uko bwije nuko bukeye, ngo mwicuze, mwihane ibyaha byanyu, mugarukire Imana, ariko mwarananiye. None rero bana banjye uko mbakunda nimunyemerere uyu munsi wa none namwe munkunde, aho muri hose ndabasaba gusenga musabira igihugu cyanyu kuko aho kigeze ndabona kigeze mu marembera. Ibimenyetso byinshi mwarabibonye bihagije kugeza ubu ntacyo mutazi. Mwana wanjye nongere nkubwire , ndagusaba gusabira urubyiruko rw段si yose cyane cyane rw置 Rwanda kuko kenshi mbona rugenda ruganisha mu rwobo. Bana banjye nongeye kubasubiriramo muramenye sinzabe nyamwisiga ngo nisange, namwe kandi nti muzabe babura mwaje, ntimuzabe inzinduramaguru, ngo mube inzimbwamagambo, kandi mujye mwibuka ko agakara gasiga akandi ariko ntigasige akako.
Byishimo: Ariko mama kugeza ubu nubwo ukomeza kunshira uyu mugani ntabwo ndasobanukirwa icyo usobanura.
Bikira Mariya: Bana banjye ni mutege amatwi mbasobanurire kuko kenshi imigani yabananiye. Agakara gasiga akandi ariko ntigasiga akako, ni ukuvuga ko ukunda umuntu mutabana ukamugezaho ibyiza, ariko uwo mubana mukabana mumeze nk段nyamaswa zihuriye ku kintu, bigasobanura ko agakara gasiga akandi ariko ntigasige akako, ni ukuvuga ko tureba iby誕bandi ariko ibyacu tukabyirengagiza.
Ibisobanuro ni bibiri muramenye ntimukabe inzinduramaguru ngo mube inzimbwamagambo, ni ukuvuga ko mujya gusenga mukagenda muvunika, benshi mucika amano ngo mwakerewe, ariko mugataha ubusa ntimumenye icyabajyanye; ni ukuvuga ko n誕babatumye mutabasohoreza ubutumwa, ahubwo muzimbwa amagambo, mugahimba ibyanyu kuko ntacyo muba mwumvishe.
Sinzabe nyamwisiga ngo nisange namwe mube babura mwaje, ni ukuvuga ngo sinzagaruke ngo mbasubiriremo, nsange nibyo nababwiye ubushize ntacyo muramenya, nongere mbasange uko nabasize ntacyahindutse; namwe kandi nimuza mudusanga ntimujye mubura icyo mutahana ngo mubure icyo mubwira abavandimwe kandi mwaje, sinkababwire ngo mbasubiriremo inshuro nyinshi namwe mutagira icyo mwibwira,ntimukibabarize ubusa ngo mwibabarize umutima, mutagira icyo mwumva.
Bana banjye ni musabire igihugu cyanyu mugisabire cyane, musabire n誕bayobozi bacyo, mugisabire guhinduka kuko ndabona kirimo kugenda kiganisha mu rwobo, ubu shitani yakinjiyemo, ubu iri gukorera ku mugaragaro, hirya no hino kiragoswe, abayobozi benshi baruswe n段nda zabo bararya abo bayobora, ntibitaye kubo bashizwe, ntibitaye kubyo tubabwira, benshi ni bamayirabiri.
Mwana wanjye nsezerera ku bana banjye uti ngaho mubane nanjye urukundo rwanjye rubakomeze, ngaho mugire amahoro kandi mugwize andi, uyu munsi wa none mbahaye inkunga yanjye y置mubyeyi kandi mbahaye umugisha.
Sujet : Re : Ubutumwa bushya Date : 06/11/2012, 17H33

Auteur :
mugisha
Ubutumwa Nyagasani Yezu yahaye Byishimo ku tariki ya 31/10/2012.

Nyagasani Yezu yaje ababaye cyane ari mu rumuri rwinshi cyane ntabona icyo ndugereranya narwo, nuko aranyitegereza aransuhuza ati;

Yezu: Uraho Byishimo mwana wanjye,

Byishimo: Uraho Papa.

Yezu: Mwana wanjye umeze ute?

Byishimo: Papa meze neza gahoro nawe urabibona, imibabaro ni myinshi mu mubiri wanjye, sinkiruhuka narimwe kandi ndatotezwa.

Yezu: Mwana wanjye emera ubabare, ubabarire benshi kuri ino si, wemere utotezwe, kandi urabizi ntacyo utazi, kandi warabibwiwe, ni ibyaha by誕bantu benshi urimo guhongerera, cyane cyane muri kino gihugu cyanyu cy置 Rwanda, hari n誕bandi bagufasha; ntacyo utazi rero ko uzababara, babarira benshi kandi umenye ko uyo ubabaye hakira benshi.

Byishimo: Papa nanjye ndabizi, ariko si ninuba, mwagobye ku ndohorera, kuko kurara ku isima bimaze kunanira. Yezu: Mwana wanjye, byemere, kuko uwanjye wese ahura n段bigeragezo, ahura n段bitotezo,buri gihe rero ujye ubyemera wishimye kandi utinuba, byakire kuko nanjye nahuye n段birenze ibyo, ibyo ni akantu gato mba nguhaye, kugira ngo nkwereke ko imibabaro ibaho.

Mwana wanjye nakubwiye byinshi kandi noneho igihe kirageze kugira ngo ibyo nakubwiye bisohore,kandi byatangiye kugaragara, igihe cyarageze kandi mukirimo. Mwana wanjye ongera unsuhurize abana banjye bose ntawe urobanuye. Babwirire uti nimugire amahoro(3).

Bana banjye ndababaye(3)cyane, mbabajwe cyane na kino gihugu cyanze guhinduka n誕banyarwanda. Mbabajwe na kano gahugu nakunze k置 Rwanda nicayemo,nakunze nkakagenderera kandi nkaba naragahinduye alitari y段si yose. Abagatuye banze kunyumva, abanyarwanda ntimuzi ikirezi mwambaye,iyaba mwari mukizi mwakumvishe ibyo mbabwira,benshi ndi kubona mugenda muganisha mu rwobo.

Bana banjye nababwiye imyuzure hirya no hino, mbabwira inkangu hirya no hino, mbabwira imiyaga hirya no hino, mbabwira ibyorezo hirya no hino, mbabwira ubugambanyi hirya no hino, ibyinshi mwarabibonye, none rero bana banjye ufite amaso yo kurora narebe aho ibintu bigeze maze ashishoze.

Niyiziye(2) bana banjye ndiyiziye, nje guhana no guhemba, kandi sinzasubira inyuma,uwankoreye neza agiye kubihemberwa,uwakoze nabi nawe agiye kubihanirwa. Bana banjye ndababaye(3) cyane, mbabajwe n誕bana banjye benshi bakomeje kuborera mu nzu z段mbohe ntacyo bazira, bafungiye ubusa bazira akarengane, bazira uko bari.

Abayobozi benshi bararya abo bayobora, mubirundarunde ariko si ibyanyu, byose mugiye kubibura mubibona, abanyarwanda narababwiye ariko nti mwumva, igihe kirageze mugiye kubibona, intambara rero mwabwiwe mwayigezemo, ubu rero muri mu ntambara ya bucece.

Bana banjye navuze cyane ubu rero maze kunanirwa. Umuntu wese utazasaba Roho Mutagatifu nta na kimwe azamenya,nta na kimwe azahishurirwa,nta na kimwe azabona cy置kuri adasabye Roho Mutagatifu,kandi atizeye Imana yonyine, abanjye ni musabe cyane muzahabwa ni mushakashake muzaronka, ariko uzashaka adafite Roho Mutagatifu nta na kimwe azabona,ahubwo azajya abona byose bisubira inyuma. Bana banjye, mwikwibeshya.

Byishimo: Papa ibisigaye simbibona.

Yezu: Bana banjye mwikwibeshya ngo mwiyoberanye, ngo mwigire akaraha kajyahe, kuko aho nateye igiti ntigishobora guhirikwa n置muyaga, kandi umuganda nashinze ntabwo utembagazwa n段mvura cyangwa umwuzure, ahubwo bimera nka ya nzu yubatswe ku rutare. Mwebwe mwigira abahendanyi mukagambanira abantu, mwarangiza mukaza imbere yabo mugaseka,muribeshya kuko byose mbibona mbere yuko mubikora.

Byishimo: Papa noneho ibyo muri kunyereka byose ntabyo ndi kubona neza. Papa mumbabarire ngiye kubabaza, mwarimo mubwira, ariko se iwanyu muzi kwandika, none se ko mbona ahantu handitse mukabwira ngo ninsome nsubiremo, ariko Papa ndabona uyu munsi mwarakaye cyane,ubundi mwajyaga mubwira ngo ni nsubiremo, none mukaba munyereka akantu kanditse gusa natinda gato nkakabura, ariko Papa ntacyo bintwaye,nimubishaka abana bawe bazabimenya.

Yezu: Bana banjye ntimukamenye ikosa rya bagenzi banyu,mwirengagije imisitwe iri ku mitima yanyu.

Byishimo: None se Papa imisitwe n段ki?

Yezu: Ni isayo yo mu igishanga.

Byishimo: None se Papa, ibyo se namwe mujya mubimenya.

Yezu: Bana banjye uwaba yiga cyangwa uwize mwese muribeshya, byose ninjye ubitanga. Waba utunze,woroye cyane,cyangwa utoroye byose ushobora kubiburira mu myanya y段ntoki, igihe utizeye uwabiguhaye. Muramenye rero ntimukicare ngo munezerwe, kuko hari byinshi bibakurikiye inyuma.

Byishimo: Ariko Papa, muratubwira kugirango tubikurikize bikatunanira.

Yezu: Bana banjye mwebwe ngo murashaka ibitangaza, ibitangaza birenze ibyo mpora mbereka na n置bu nkibibereka ni ibihe ? Uwababaza ibitangaza mwifuza mwavuga ko ari ibihe ? Bamwe mutekereza amafaranga, abandi kubaho neza, abandi mwifuza ibyo kanaka atunze , ariko nta na rimwe ujya wifuza ko ukeneye Imana mu mutima wawe, ngo uyishakashakane umutima utaryarya, kuko akenshi mukerwa no kugira ngo mukere abandi mudasubiye inyuma ngo mwisuzume murebe ibyanyu mwakoze cyangwa ingo z誕bandi musenya.

Byishimo: Ariko Papa ibyo byose niko abantu babikora.

Yezu: Bana banjye nzi benshi bishimira kuvuga ibibi bakabitangaza,bakabikwiza mu buyobozi bikagera mu baturage byasakaye; ariko ijambo ry棚mana ryaza bakarizibiranya,nta numwe rero ushobora kumva ijambo ry棚mana rishobora kugirira mugenzi we akamaro ngo aritangaze ; ariko iyo yumvishe ikimusebya arakihutana kigakwira mu butegetsi, mu bihayimana, kikagera mu baturage cyasakaye, maze mugahamya mukarema nk棚mana.

Bana banjye nimwitonde, ejo mutangwa mu kagenda mukita akaziba, kuko mbona abenshi ariho muri kuganisha. Bana banjye ndababaye kubera kutumva kwanyu kw誕banyarwanda, nababwiye kenshi ko intambara ziri mu mitima yanyu, kuko kugeza ubu ntawifuza ko undi yabaho, ntawifuza ko undi yagira icyo atunga kubera inda zanyu mufite.

Igihe navugiye, mwanze kunyumva, ni kirekire ntabwo nshobora kwivuguruza na rimwe kubyo navuze, bigomba kuzuzwa byose nta kadomo na kamwe kagabanutseho. Igihe rero mugezemo ni icyo guhana no guhemba, mubimenye sinshobora gusubira inyuma, uwumva yumve utumva nawe ni akazi ke.

Bana banjye ubu, ndi hagati muri mwe muri uru Rwanda rwanyu, mbisubiyemo ibimenyetso byinshi mwarabibonye ntagisigaye, ni musenge(3) mugarukire Imana inzira zikigerwa, kuko umunsi wo gutungurwa kwanyu ntawe uwuzi; ikindi kandi bana banjye mujye mumenya ko ibyifuzo byanyu mbibona mbere yuko mubitekereza, gusa mujye mwihangana, amagambo yo kuruhande muyihorere, ayo mwumva, muyarenze amaso n誕matwi maze musenge imana yonyine, kandi abanjye muzakomeze umurimo mwiyemeje mu nkurikire igihe kigishoboka.

Bana banjye, umubyeyi wanjye yabahaye amavuta yo kubakiza indwara zose, ku mubiri no kuri roho, ariko abenshi nti bayemere, uwemera arakira, kandi n置bu haracyakira benshi, kugira ngo ngire abo nsigarana, yabahaye ikivuto kiza, ariko benshi nti mukikoza ngo murishakira vino isharira. Yarayatanze kandi ntakama, si ay置 Rwanda gusa ni ay段si yose,ariko u Rwanda yatangiwemo ni akarorero, kugeza ubu hahirwa uwayisize,urahirwa cyane.

Bana banjye uyu munsi niyiziye ndi gushaka abankoreye, abatwumva; ariko abatemera nabo, nibakomeze umwanya babyiganiye w段by段si, ariko bamenye ko atari ibyabo, mbisubiyemo abanyarwanda ntimuzi ikirezi mwambaye, iyaba mwari mukizi mwakumvise ibyo mbabwiye maze mukisubiraho.

Bana banjye ngaho mugire amahoro,mbahaye umugisha ku izina ry棚mana Data na Mwana na Roho Mutagatifu.

Amen
Sujet : Re : Ubutumwa bushya Date : 19/12/2012, 17H34

Auteur :
mugisha
Ubutumwa Umubyeyi Bikira Mariya yahaye Byishimo ku tariki ya 28/11/2012.

Umubyeyi Bikira Mariya yaje ababaye cyane ari mu rumuri rwinshi cyane ntabona icyo ndugereranya narwo nuko aranyitegereza aransuhuza ati:

Bikira Mariya: Uraho mwana wanjye ukomeje kwihanganira ibigeragezo byose uhura nabyo.

Byishimo : Uraho mama.

Bikira Mariya: Mwana wanjye umeze ute?

Byishimo : Mama meze neza gahoro nawe urabibona,imibabaro ikomeje kuba myinshi mu mubiri wanjye, ingendo mukomeje kunkoresha ni nyinshi sinkiruhuka, ariko mama narabyemeye. Mama uyu munsi wa none vuga icyo ushaka umuja wawe ndumva.

Bikira Mariya: Mwana wanjye nsuhuriza abana banjye bose uti; nimugire amahoro urukundo rwanjye rubasakaremo. Bana banjye ndababaye,ndababaye,ndababaye cyane, mbabajwe na kino gihugu n誕banyarwanda nakunze none mukaba mugiye kurimbuka kubera kutumva kwanyu, kandi narababwiye kuva kera.

Bana banjye nabatumyeho intumwa n誕bahanuzi ntimwabumva, nanjye ubwanjye nakomeje kubibwirira ntimwanyumva none kababayeho. Ntacyo twababwiye kitagomba gusohora,kandi ufite amaso yo kureba narebe aho ibintu bigeze maze ashishoze. Igihugu cyose kirugarijwe, impande zose ubu shitani iri gukorera ku mugaragaro.

Mwana wanjye ongera ubabwirire uti; uwanze kumva ntiyanze no kubona, ibi byose kandi biri guterwa n誕bayobozi banyu biy段si, bavuga ngo turusha abandi amaboko; bambwirire uti muroshye abandi mu rwobo ariko mutisize,ibyo byose biri guterwa n段nda nini zabo bayobozi banyu.

Mwana wanjye babwirire uti; u Rwanda rwicayemo njye n置mwana wanjye tugiye kurwisukurira. Igihe rero kirageze cyo guhana no guhemba. Mwana wanjye bwirira abana banjye bose uti; umwana wanjye arababaye,arababaye,arababaye cyane, ababajwe na kino gihugu n誕banyarwanda yakunze none bakaba bagiye gutsebwaho; nanjye ubwanjye ndabona amazi yabarenganye inkombe, igihugu cyose kiragoswe impande zose.

Byishimo : Mama ko mbona unyereka amaraso menshi impande zose.

Bikira Mariya : Mwana wanjye uyu munsi ibi nkweretse niko bigiye kumera kandi si kera, ibi ubona nkweretse bigiye gutangira kandi byaratangiye kandi ntagaruriro; nongere mbabwire umwana wanze kumva ntiyanze no kubona. Bana banjye ishyamba si ryeru urugogwe rugiye kubikuta hejuru muri gushaka amafaranga, murarundarunda byinshi ariko si ibyanyu, ntabyo muzatunga.

Nababwiye byinshi ntacyo mutabwiwe, noneho rero mureke ibyavuzwe bisohore. Ufite amaso yo kurora narebe aho ibintu bigeze maze ashishoze. Ndababaye,ndababaye,ndababaye cyane, mbabajwe n誕bana banjye benshi bagiye gutsebwaho kubera kurangara kwabo bibera mu byiy段si.

Ariko bana banjye muhumure unkunda njye n置mwana wanjye azarokoka,ukomeje kunyiyambaza wese nzamurinda ntacyo azaba, mugeze mu bihe bibi bikomeye, birabugarije byabihe bibi nababwiye mubirimo.

Uwicuza yicuze, mwihane ibyaha byanyu, kuko ibyavuzwe byose bigiye gusohora, birujujwe nta akadomo na kamwe kagabanutseho. Bana banjye b誕banyarwanda murugarijwe, impande zose z段gihugu muragoswe,shitani yinjiye impande zose z段gihugu ,iri gukorera kumugaragaro ndetse no mu igihugu rwagati, aho bigeze rero kuva uyu munsi ntagaruriro,ntagaruriro,ntagaruriro, amazi yarangije kurenga inkombe kubera kutumva kwanyu kw誕banyarwanda. Mbisubiyemo abayobozi benshi mwaruswe n段nda nini zanyu murarya abo muyobora,ari naho ibi byose byose bihera.

Bana banjye ibi byose bigiye kuba biraterwa namwe bayobozi bakuru, mbisubiyemo mvugiye ku mugaragaro, ndabibabwiye,ndabibabwiye, nimushaka mwunamure icumu, muce bugufi kandi mumenye ko ibikorwa byose mba mbibona kandi mumenyeko ntaho mugomba kunyihisha.

Nababwiye ko intambara ikomeye iri mu mitima yanyu niko bimeze, bana banjye mbisubiyemo murarundarunda byinshi ariko si ibyanyu, ntabyo muzatunga kuko umwana wanjye arabirimbuye namwe atabasize, ariko abanyizera njye n置mwana wanjye abo nzabarinda ntacyo bazaba. Bana banjye ibikomeye biraje kandi bizarokoka bacye kubera kutumva kwanyu.

Mwana wanjye ongera ubwirire abana banjye bose, batuye isi yose cyane cyane abatuye kino gihugu cyanyu cy置 Rwanda, babwirire uti; isi mutuye mwayihinduye umwanda, amategeko Imana yabahaye ntimukiyitaho namba, none hagati aha mugiye kubona ishyano kandi bigiye guhera mu Rwanda kandi byaratangiye ntabwo bizasubira inyuma, ndabibabwiye,ndabibabwiye,uwumva yumve cyangwa yirorerere, kandi ufite amaso yo kurora narebe aho ibintu bigeze maze ashishoze. Mbisubiyemo ubu shitani iri gukorera ku mugaragaro, ubu niyo iri kwitegekera isi iratuma abantu benshi bangana,ubuyobozi bwinshi buri mu maboko ya shitani,abantu benshi bataye ukwemera ntibumva ibyo tubabwira.

Bana banjye ndababaye,ndababaye, ndababaye cyane, mbabajwe cyane nuko nta muntu numwe witaye ku butumwa bw段juru. Umwana wanjye arababaye kugeza ubu agiye guhana no guhemba, agiye guhana abantu bose batigeze bamwumvira na rimwe, abamwumviye kandi bakaba indahemuka bazarokoka, uyu munsi rero nkaba nsabye buri muntu wese kugarukira umwana wanjye vuba.

Mwana wanjye babwirire uti; ndabona abantu benshi bashishikajwe n段nzira zinyuranye ntibitaye ku butumwa bw段juru, abandi bakomeje inzira ya gihogera izabarimbura. Bana banjye ndababwira ukuri ibihano Imana yateganyije biregereje kandi byaratangiye, abantu benshi bagiye gushira.

Mwana wanjye ndababaye, ndababaye, mbabajwe nuko byinshi nakubwiye bitumvishwe, kugeza ubu ibihugu bimwe bigiye gusibanganaho kubera kutumva kw誕bayobozi babyo. Mwana wanjye ongera ubwirire abana b誕banyarwanda uti; mugiye guhura n段byago bikomeye cyane, kuva uyu munsi ni mwicuze ni mwicuze ni mwicuze inzira zikigerwa,musenge musenge nibura hazagira urokoka.

Mwicuze ,mwicuze kugira ngo isi ihinduke, kandi bana banjye ibyo twababwiye byose nta na kimwe kitagomba gusohora.

Byishimo : None se Mama dukore iki kugira ngo ibi byose mukomeje kunyereka bitatwuzuriraho.

Bikira Mariya : Ni ugupfukama mugasenga, mugasaba ingabire z棚mana kugirango nibura hagire urokoka, kandi bana banjye nimubona bibaye muzirinde gusohoka mu mazu yanyu kuko shitani izaba ibategereje, muzafate amashapule yanyu kuko nzaba mbarinze; abanjye bose nzaba mbari hafi icyo gihe, bana banjye ntimuzagire uwo mukingurira, ndabibabwiye kuko izaba ari shitani izaba ibakinguza, uzaba ari ahandi nawe azagume aho ari, ikindi mbabwiye uyu munsi, abeza banyiyambaje njye n置mwana wanjye nibo batazagwa mu biganza bya shitani muri ibi byago bya rurangiza bigiye kubagwirira.

Kugirango rero mwitegure, kandi muzashobore kuba mu barokotse, ngiye kubaha ibimenyetso kandi mwatangiye kubibona, muzumva intambara hirya no hino ku mipaka y段gihugu cyanyu,imiyaga izahuhera hirya no hino,inkangu hirya no hino, amazu amwe namwe agende, inzangano hirya no hino, igihe gito cyane igihugu kigiye guhungabana, kandi ibyo nubwo mbibabwiye mwatangiye kubibona ntacyo mushigaje, narabibabwiye rero ibihe bikomeye mwabyinjiyemo, mu birimo.

Bana banjye nimugendere munzira zo kwitsinda no kwicuza ibyaha byanyu, ndabasaba kuburyo bwumwihariko kugira ngo mubashe kwigomwa no gutsinda irari ry置mubiri wanyu, kugirango mubeshyuze ikinyoma cyakwiriye hose kugirango kiyobye benshi mu bana banjye, bashakira umunezero mu bintu no gushimisha imibiri yabo; benshi muri bo bariye ibiryo birimo uburozi buturuka ku busambanyi no kubiyobyabwenge, itangaza makuru riyobya abantu na za cinema poronogarafi biramunga bikababaza nk段gisebe cy置mufunzo kinuka.

Uburyo bwo gutumanaho bwabaye uburyo buhumanya imitima, ikwirakwizwa ry置bugome n段cyaha burerekanwa ku mugaragaro nkaho ari ikiza gifitiye abantu agaciro; niyo mpamvu mbasaba bana banjye nihitiyemo kandi mwanyiyegure kumpa ingufu nyinshi zo guhongerera zipfasha kubaka urukundo, gukumira ikibi mbuza ikibi gukwira, ndabasaba gusiba kuburyo bw置mubiri kugirango mubashe gutsinda irari ry置mubiri ririho ryo gushimisha imibiri yanyu.

Mwana ongera ubwirire abana banjye bose uti; umwana wanjye arababaye,arababaye,arababaye cyane ababajwe cyane n誕bana be benshi bakomejwe kurigiswa, bakomeje kwicwa n段nzara, babwirire uti; uyu munsi wa none ndareba uyu murwa wanyu nkarira adakama. Kigali we,Kigali we,Kigali we uragowe, bana banjye babanyakigali muramenye ntimuzantekerereze ibyo ntavuze, iyo mutugerekeye turababara cyane. Mbisubiyemo ndareba uyu murwa wanyu nkarira adakama,ndareba uko ugiye kurimbuka ntihasigare ibuye rigeretse ku rindi bikambabaza cyane.

Babwirire ngo nibasome iyimukamisiri 7,4. Mwana wanjye bwirira abanyakigali uti; uwanze kumva ntiyanze no kubona,niyo mpamvu nkomeza kubabwira uko bwije nuko bukeye mbibutsa isezerano umwana wanjye yagiranye namwe. Mwana wanjye ongera ubabwirire uti; icyago kirabagwiririye kandi kibaguye gitumo muri gushaka amafaranga, amafaranga niyo mwagize Imana yanyu. Bana banjye murarundarunda byinshi ariko si ibyanyu, ndabasaba urukundo ruranga abana b段mana.

Mwana wanjye uravuga ngo ndababaye, umwana wanjye ntatana n置musaraba, umwana wanjye apfana amagambo menshi kumutima we, umwana wanjye atwara umusaraba yishimye, umwana wanjye iby段si abibonamo ubusa. Mwana wanjye ongera ugire abana banjye bose inama ntawe urobanuye kuko barambabaje cyane, babwirire uti; umwana wanjye arababaye , koko mwakwitaye kucyo abasaba maze icyago kikabaca kure nibura hakagira urokoka, babwirire uti; mbabwiye ibyo ibindi nzabibabwira ubutaha kandi mumenye ko amazi yarenze inkombe kandi mumenye ko igihe kigeze. Bana banjye ngaho mubane nanjye urukundo rwanjye rubakomeze,ngaho mugire amahoro kandi mugwize andi uyu munsi wa none mbahaye umugisha wanjye wa kibyeyi. Ngaho murakoze murakagire Imana.
Sujet : Re : Ubutumwa bushya Date : 31/12/2012, 10H09

Auteur :
mugisha
Ubutumwa Nyagasani Yezu yahaye Byishimo ku tariki ya 26/12/2012

Nyagasani Yezu yaje ababaye cyane ari mu rumuli rwinshi cyane, ntabona icyo ndugereranya narwo nuko aranyitegereza aransuhuza ati:

Yezu: Uraho mwana wanjye ukomeje kwihanganira ibigeragezo byose uhura nabyo.

Byishimo: Nti uraho Papa.

Yezu: Mwana wanjye umeze ute?

Byishimo: Papa meze neza gahoro nawe urabibona, imibabaro ni myinshi mu mubiri wanjye. Papa mfite ubwoba bwinshi kubera ibintu bibi bikomeye mukomeje kunyereka.

Yezu: Mwana wanjye wigira ubwoba kuko ibi nkweretse byose niko bigomba kumera kandi igihe ni iki murimo nta kindi kandi byaratangiye. Mwana wanjye nsuhuriza abana banjye bose uti : nimugire amahoro,nimugire amahoro, nimugire amahoro.

Bana banjye nabatumyeho intumwa n誕bahanuzi, n置mubyeyi wanjye yariyiziye ntabwo mwamwumvishe; none ndiyiziye,ndiyiziye,ndiyiziye, nje guhana no guhemba. Bana banjye ntacyo ntababwiye, ntacyo ntababwiye, ntacyo ntababwiye, Kigali we, Kigali we, Kigali we uragowe, bana banjye urugogwe rugiye kubikubita hejuru, nta buye rizasigara rigeretse ku rindi kubera kutumva kwanyu kw abanyarwanda, ndabibabwiye, ndabibabwiye , umwana wanze kumva ntiyanze no kubona.

Ibyago bikomeye birabagwiririye, kandi bibaguye gitumo muri gushaka amafaranga, mubirundarunde ariko si ibyanyu,umuntu ukomeye aragiye, kandi azajyana n誕bantu benshi, mubimenye, mubimenye, usenga n誕senge, mupfukamire igihugu cyanyu kuko kiri kugenda kiganisha mu rwobo, amazi yabarenganye inkombe, nimwiyeze, nimwiyeze, nimwiyeze, kuko mugeze mubihe bya nyuma, ariko bana banjye unkunda njye n置mubyeyi wanjye nzamurinda.

Bana banjye ishyamba ntabwo ari ryeru kandi ureba narebe aho ibintu bigeze maze ashishoze, mbisubiyemo ndiyiziye, ndiyiziye, ndiyiziye, nje guhana no guhemba. U Rwanda rwicayemo njye n置mubyeyi wanjye kandi nta nuzi aho nicaye.

Aka gahugu natoye kandi nkunda nje ku kisukurira, nje ku kisukurira, niho intebe yanjye iri, ni irebero ry誕mahanga. Ntacyo ntavuze, ntacyo ntavuze, ntacyo ntavuze, uwumva yumve cyangwa yirorerere. Ndabakunda, ndabakunda ndabakunda niyo mpamvu uyu munsi wa none nkomeje kuza kubasura kugira ngo nibura hazagire urokoka.

Bana banjye benshi muri kugenda muganisha mu rwobo kubera kutumva kwanyu, benshi mwaruswe n段nda zanyu,bana banjye mwibereye mu by段si gusa , mubirundarunde, mubirundarunde, ariko si ibyanyu. Abayobozi benshi muri kurya abo muyobora, benshi mwaruswe n段nda zanyu. Bana banjye, mbisubiyemo ishyamba si ryeru,uwumva yumve, uwumva yumve cyangwa yirorerere, ibi mbabwiye byaratangiye kandi mubirimo; hari abavuga ngo bizaba ryari? Ibihe ni ibi, mubirimo kandi byaratangiye, ntagaruriro kuko mwanze kumva.

Bana banjye uyu munsi kandi simbabwira byinshi gusa mumenyeko benshi muri kugenda muganisha mu rwobo. Bana banjye 葬umuvuvu yagitse umuzinga usarurwa n誕bandi鋳. Mvuze ibyo ubutumwa ni ubwo, mbifurije kuzashyikirana namwe mu bihe bishya, mu Rwanda rushya , nagabiwe n置mwami wanyu I Nyanza; ngaho mugire amahoro, mugire amahoro,mbahaye umugisha ku izina ry棚mana Data na Mwana na Roho Mutagatifu.

Amen
Sujet : Re : Ubutumwa bushya Date : 19/02/2013, 10H52

Auteur :
mugisha
Ubutumwa Nyagasani Yezu yahaye Byishimo ku tariki 11/02/2013. Nyagasani Yezu yaje ababaye cyane nuko aranyitegereza aransuhiza.

Yezu : Uraho mwana wanjye ukomeje kwihanganira ibigeragezo byose uhura nabyo.

Byishimo : Uraho Papa.

Yezu : Mwana wanjye umeze ute?

Byishimo : Papa meze neza gahoro nawe urabibona. Imibabaro ikomeje kuba myinshi mu mubiri wanjye sinkiruhuka, ingendo mukomeje kunkoresha ni nyinshi cyane, ariko Papa sininuba narabyemeye.

Yezu : Mwana wanjye menya ko imbaraga ukoresha atari izawe ninjye uziguha ureke rero kwijujuta. Mwana wanjye ongera unsuhurize abana banjye bose uti; nimugire amahoro, nimugire amahoro, nimugire amahoro. Bana banjye ndababaye, ndababaye, ndababaye cyane, mbabajwe n誕bana banjye bari hirya no hino kw isi yose bakomeje kunyihakana.

Bana banjye murarangaye, benshi mwatwawe ni iby段si, mwaruswe ni inda zanyu, nabahaye agahe gato ko kwisubiraho ariko mwarananiye mwanze kunyumva. Nabatumyeho intumwa nyinshi n置mubyeyi wanjye yariyiziye arababwira kenshi ariko mwanze kumwumva, nanjye ubwanjye sinahwemye kubabwira.

Mbwirira abana banjye b abanyarwanda uti; aka gahugu nkicayemo kandi ntawe uzi aho nicaye. Nagashinzemo intebe yanjye, ndahari njye n置mubyeyi wanjye. Ibibi mukomeje gukora ndikubareba kandi byinshi mugiye kubihanirwa. Bana banjye ishyamba si ryeru, igiti kinini kirumye, kigiye guhirima nta mashami gisigaranye.

Bana banjye mubimenye, mbisubiyemo, nabahaye agahe gato ngo mwisubireho ariko mwanze kunyumva. Ndiyiziye, ndiyiziye, ndiyiziye, nje guhana no guhemba. Ntacyo ntavuze, ntacyo ntababwiye kandi mumenye ko ijambo ryanjye ridahera kereka iryo ntavuze. Sibwira kandi u Rwanda gusa ndabwira isi yose.

Bana banjye murambabaje, murambabaje, isi mutuye mwayihinduye umwanda, amategeko Imana yabahaye ntimukiyitaho namba,murangajwe n段bintu gusa; mubirundarunde ariko si ibyanyu benshi mugiye kujyana nabyo. Bana banjye nongere mbibabwire uwumva yumve utumva nawe ni akazi ke, mwabwiwe ngo umuntu azifuza kurahura umuriro abure aho arahura, mwabwiwe ngo ni muri 3km ariko birarenga.Ndaje, nje kwiyungururira, abankoreye neza bahebwe, abakoze nabi nabo bahanwe.

Mbwirira abana banjye b abanyarwanda uti; uwanze kumva ntiyanze no kubona, Kigali we, Kigali we, Kigali we uranze urananiye. Bana banjye mbabwize ukuri, ntabuye narimwe rizasigara rigeretse ku rindi, muranyunyuza imitsi ya bagenzi banyu mubabuza epfo na ruguru, ariko mumenye ko ibyo byose muri kurunda ntabwo ari ibyanyu. Hari abo nicaje ku ntebe, barimo baragaramye bageretse akaguru ku kandi, nabatumaho njye n置mubyeyi wanjye bakavuga ngo ninze mbibwirire, nje kubabwira rero, maze bamenye uwo ndiwe, bamenye uwabicaje kuri izo ntebe.

Ndaje ,ndaje, ndaje nje guhana no guhemba. Ngiye kubashyiramo akayunguruzo, ngiye kubiyungururira; mumenye kandi ko n誕bari bazicayeho nabo bari abana banjye, nta numwe akayunguruzo katazageraho kubera kutumva kwanyu.

Ntabwo ari abayobozi gusa, no mubihayimana, harimo benshi baruswe n段nda zabo, batakita ku murimo bakora, batwawe ni iby段si. Benshi bari kwiyambura udusaraba twabo, ntukimenya abo ari bo. Bana banjye, uyu munsi mw abihayimana ndabibabwiye mwisubireho, nababwiye kenshi ko u Rwanda rwicayemo kandi ko intumwa nzakore ari umunyarwanda kandi ntimuzi uwo ari we kandi natangiye ku mukoresha, ubu ari kungenda hirya no hino.

Amategeko agiye gutagwa hirya no hino ku isi ni umunyarwanda uzayatanga. U Rwanda nakunze, u Rwanda nkunda, u Rwanda nzahora nkunda, mu byange mu byemere ngiye kwiyungururira, hasigare bake beza kandi sincaka igwiza murongo. Bana banjye mumenye ko uyu munsi usa n置wa nyuma mbabwira , ubutumwa buri kugenda bugera ku ndunduro, mbisubiyemo igiti kinini, k段nganzamarumbo kirumye kigiye guhirima nta shami gisigaranye.

Bana banjye mwese mutuye isi yose munyumve, mbisubiyemo ndabwira isi yose si u Rwanda gusa, unyumva yumve, nje guhana no guhemba. Ibihugu byinshi bigiye gusubiranamo kandi byaratangiye. Bana nanjye, mugiye guhura n誕kaga gakomeye cyane kandi byaratangiye, mugiye guhura n段byorezo hirya no hino mutazamenya nibyo ari byo,Indwara mutazamenya izo arizo, kandi ibyo byorezo bibarimo kandi byaratangiye, mugiye guhanishwa byinshi mutazi ibyo ari byo, ngiye kubibasira mwese ntawe nsize,hasigare uwankoreye neza, uwumvishe ibyo nababwiye njye n置mubyeyi wanjye.

Bana banjye, mwagarukuyimana igihe kigishoboka, mbacire umugani umuvuvu yagitse umuzinga usarurwa n誕bandi; kandi ntimusobanuze uwo mugani icyo uvuga. Bana banjye mbabwiye ibyo ugira icyo avanamo akivanemo maze akibike mu mutima we. Ngaho ndagiye kandi kenshi sinzogera kuvuga, ngaho mugire amahoro,mugire amahoro,mugire amahoro,mbahaye umugisha ku izina ry棚mana Data na Mwana na Roho Mutagatifu.
Sujet : Re : Ubutumwa bushya Date : 17/05/2013, 13H41

Auteur :
mugisha
Ubutumwa Nyagasani YEZU yahaye Byishimo ku tariki ya 18/04/2013 bugenewe u Rwanda n段si yose.

Nyagasani YEZU yaje ababaye cyane, ari mu rumuli rwinshi cyane ntabona icyo ndugereranya narwo, nuko aranyitegereza, aransuhuza ati;


YEZU: Mwana wanjye reka ngutume muri kino gihugu cyanyu cy置 Rwanda ndetse no ku isi yose.



BYISHIMO: Neretswe amaraso menshi agiye kumeneka muri kino gihugu cyanyu cy置 Rwanda,


YEZU: Ibi nkweretse mwana wanjye niko bigiye kumera, ndabibabwiye bana banjye, ndabibabwiye bana banjye, nabibabwiye bana banjye isaha n段saha, umunota n置munota.
Ntacyo ntavuze bana banjye, kandi, u Rwanda nararukunze kandi ndwicayemo, ndwicayemo, ndwicayemo, njye n置mubyeyi wanjye. Nje kwisukurira, nje kwisukurira, nje kwisukurira. Bana banjye mbari hafi abankunda njye n置mubyeyi wanjye mbari hafi kandi mbakomeyeho. Ndikumwe namwe bana banjye, ndikumwe namwe bana banjye, ndi kumwe namwe bana banjye, kandi hahirwa uwumva ijambo ryanjye, kandi akarikomeraho.
Bana banjye nimukomere, nimukomere, nimukomere kuri Rozali y置mubyeyi wanjye niyo izabatsindira Shitani kuko ni intwaro ikomeye cyane. Imvura y誕mahindu igiye kubanyagira kandi hazarokoka bake.
Mwana wanjye nawe wikwirata ngo ugiye kujya hanze ntaburenganzira ndaguha. Ndakubwiye ngo jya gupfukama kubutaka butagatifu, aho nicaye njye n置mubyeyi wanjye, upfukame, upfukamire u Rwanda n段si yose, ndabigusabye mwana wanjye aho wicaye ujye umenya ko ndi kumwe nawe njye n置mubyeyi wanjye. Kandi amagambo nkubwiye uyavuge, n段byo umubyeyi wanjye akubwiye ubivuge maze ugushaka kwanjye n置mubyeyi wanjye gukorwe .
Mbahaye umugisha ku Izina ry棚mana Data na Mwana na Roho Mutagatifu.
Sujet : Re : Ubutumwa bushya Date : 26/05/2013, 02H07

Auteur :
mugisha
Ubutumwa umubyeyi BIKIRA MARIYA yahaye Byishimo bugenewe u Rwanda n棚si yose ku tariki ya 27/04/2013.


Umubyeyi BIKIRA MARIYA na Nyagasani YEZU baje bishimye bari mu rumuli rwinshi ntabona icyo ndugereranya narwo, nuko baranyitegereza,baransuhuza bati, mwana wanjye reka tugutume ku Rwanda n段si yose.


YEZU: Bana banjye naje ndi urumuli, naje ndi urumuli, naje ndi urumuli,naje ndi urumuli, ariko ntarwo mwakiriye. Bana banjye rero ndabamurikira nti mubona kandi ndabaha ntimwakira nibyo mwakiriye nabyo ntimushimira. Mwisubireho rero bana banjye mujye mumenya ubahaye uwo ari we. Agahugu kanyu k置 Rwanda, igihugu cyanyu cy置 Rwanda naragituye kandi nkicayemo n置mubyeyi wanjye.


BIKIRA MARIYA: Mwana wanjye ndagutumye bwira Isi yose utibagiwe n段gihugu cyanyu cy置 Rwanda, kuko ndikubona birimo kugenda biganisha mu rwobo. Bibabwire, ubivuge, ubivuge, ubivuge; ngusabye kwicara k置butaka butagatifu nibura iminsi 15, kandi abo uzasabira bose bagiye gukira. Naragutoye ntiwantoye, emera ko uri igikoresho cyanjye, mwana wanjye ndi kumwe nawe, ndi kumwe nawe, ndi kumwe nawe, erega mwana wanjye nkugenda imbere n段nyuma iburyo n段bumoso, ubuzima bwawe bwose nibubereho kuduhesha ikuzo muri byose.


Kibeho, Kibeho, Kibeho, nubwo mugenda mujya i Kibeho, Kibeho ntabwo ari umurenge, Kibeho ntabwo ari umusozi, Kibeho ni abo mpasanga. Bana banjye ndabakunda, ndabakunda, ndabakunda, ariko mwitegure muhore muri maso kuko cya gihe nababwiye kirageze, kibuzuriyeho. Nababwiye intambara hirya no hino, inzara hirya no hino, imitingito hirya no hino, inkangu hirya no hino, ntacyo mutazi, hari n置bushwiriri hirya no hino ku muntu mwita ukomeye, kandi byaragaragaye, birahari, ntabyo mutabonye.


Bana banjye ndabakunda, ndabakunda, ndabakunda, ntihazagira uvuga ngo ntacyo yamenye kandi yarakimenye. Hagiye kuba ikintu gikomeye, muri kino gihugu cyanyu cy置 Rwanda. Bana banjye narabateguje, narabateguje, narabateguje, kandi ndababwiye muri kw iherezo, muri kurundarunda byinshi ariko si ibyanyu, igihe kirageze ngo mubyamburwe; mugeze mu gihe cya nyuma gikomeye cy誕maganya, amarira agiye kuba menshi.
Ndavuze, ndavuze, ndavuze, ndavuze, ndavuze, ndavuze, naje mbasanga bana banjye, naje mbakunze, naje mbakumbuye, muhumure naratsinze nimitse urukundo. Bana banjye nongere mbabwire, ndi kumwe namwe, niyo mpamvu uyu munsi mbabwiye ijambo ryanjye rikomeye, kandi uwumva yumve utumva ni akazi ke, ntacyo azireguza imbere y棚mana Data .


Narababwiye, narababwiye, narababwiye bana banjye mwanga kwisubiraho, none igihe kirageze cyo kugirango umunyafu ubagereho, ugiye kubageraho, ugiye kubageraho, ugiye kubageraho; kirageze kuko mwanze kumva ibyo nababwiye byose. Naravuze, naravuze, naravuze, ahasigaye rero nimwitegure, nimwitegure bana banjye, ndababwiye imvura y誕mahindu igiye kubanyagira, namwe mwumve iyo mvura y誕mahindu iyo ariyo.
Naje mbasanga bana banjye, kandi naje mbakumbuye, ariko abanjye muhumure nimitse urukundo, kandi ndi kumwe namwe bana banjye. Bana banjye ibikomeye biraje kandi birabugarije, igihugu cyose kirugarijwe.


Mwana wanjye urimo uri kwifuza ngo ugiye hanze, ugiye hanze, banza ujye k置butaka butagatifu, upfukame aho usanzwe upfukama, usabe, usabire u Rwanda n段si yose. Ndabigusabye mwana wanjye, ndabigusabye mwana wanjye, ndabigusabye mwana wanjye , wikwiruka ngo ugiye mu madege ntabwo ibyo biguruka aribyo nagutumye. Kiza abanyarwanda ndetse n棚si yose, kuko amavuta naguhaye arakomeye kandi agomba gukiza n段si yose.
U Rwanda nararusize n誕banyarwanda, abayisize barakomeye cyane, kandi ari gukiza benshi cyane hirya no hino, impande zose, kandi ntacyo ntavuze kitazagaragara . Erega bana banjye mbagenda imbere n段nyuma iburyo n段bumoso, ubuzima bwanyu bwose, nibubereho kuduhesha ikuzo muri byose.


Bana banjye ndabakunda, ndabakunda, ndabakunda, bana banjye murugarijwe, intambara hirya no hino, mugiye gukubitwa kubera kutumva kwanyu kw誕banyarwanda, ndabibabwiye, ndabibabwiye, ndabibabwiye, uyu ni umunsi wa nyuma mbibabwira, sinzongera kubibabwira, imvura y誕mahindu igiye kubanyagira namwe mwumve iyo mvura iyo ariyo, ariko ntabwo mbwiye u Rwanda gusa ndabwira n段si yose, abumva bumve.
Ndavuze, Ndavuze, Ndavuze, mbabwiye ibyo ibindi nzabivuga ubutaha, muramenye sinzabe nyamwisiga ngo nisange, namwe ntimuzabe babura mwaje. Bana banjye ndabibabwiye aho nicaye nta muyaga uzahahungabanya n誕gasozi ndiho nta muyaga uzagahungabanya , ndi kumwe namwe kandi abanjye mbakomeyeho, ni ibihe bibi bibugarije, biri imbere nzaba ndi kumwe nabo. Bana banjye mbahaye umugisha ku Izina ry棚mana Data na Mwana na Roho MUtagatifu.
Sujet : Re : Ubutumwa bushya Date : 29/05/2013, 17H07
Auteur :
madice
Muvandimwe Mugisha, uraho?

Abakurikiranira hafi iby'amabonekerwa barashaka kumenya ukuri.

-Ubutumwa utangaza kuri iyi forum buhabwa na Byishimo bukugeraho bute?

-Niwowe umufata amajwi arimo abona ubwo butumwa? Abuhererwa he?

-Bukurikiranwa nande mu Kiriziya Gatorika y'u Rwanda?

-Haba harabayemo ikintu kidasanzwe ( kimwe bita igitangaza) ukakibonera n'amaso yawe ngo utubwire? Waba ufite amfoto arimo abonekerwa?

-Ntegereje igisubizo kuri utu tubazo.

- Email yawe ni iyihe ngo tukwandikire en priv?

Ibihe byiza!



Mathias

Profil membre

Message modifi le 29/05/2013 a 17H08, par madice
Sujet : Re : Ubutumwa bushya Date : 29/05/2013, 17H17
Auteur :
madice
Importance de la confession :

- en confessant nos p馗h駸 un pr黎re, on se r馗oncilie avec Dieu, on s'humilie, on se reconnat p馗heur, les gr稍es descendent beaucoup plus facilement
- on purifie son 穃e des p馗h駸, on devient plus agr饌ble Dieu, on montre qu'on veut se purifier, se sanctifier
- on se sent soulag, comme lib駻 d'un poids qui nous p鑚e sur la conscience, on se sent l馮er , renouvel
- cela 騅ite de commettre des sacril鑒es, c'est--dire de communier en 騁ant en 騁at de p馗h mortel , c'est--dire avec un p馗h grave sans l'avoir confess
- le pr黎re 馗oute et nous donne des conseils pour r駸oudre les probl鑪es qu'on rencontre dans la vie.
- pour bien se pr駱arer une confession, il est important d誕voir bien revu sa vie en d騁ail, cela prend plusieurs semaines car tous les jours on retrouve des souvenirs avec l誕ide du Saint Esprit pour nous faire retrouver tout ce qu弛n a fait, avec qui, comment, pourquoi, au travail, en famille, dans les loisirs et on retrouve peu peu beaucoup de p馗h駸 qu弛n ne voudrais pas avouer un pretre, mais si on ne les dit pas, le venin du p馗h reste actif en nous, et en plus on ne peux pas etre pardonn pour les p馗h駸 qui ne sont pas confess. Retrouvez au moins les p馗h駸 mortels, les plus grave, les plus honteux en g駭駻al, et osez les dire en s檀umiliant, avec regret et promesse de faire ce q段l faut pour 騅iter de les commettre nouveau, c弾st comme cela qu弛n obtient le pardon et la r駑ission des p馗h駸.
Visitez ce site pour en savoir plus:
http://www.rosaire-de-marie.fr/pourquoi-et-comment-se-confesser.htm

Mathias

Profil membre

Message modifi le 03/06/2013 a 20H52, par madice
Sujet : Re : Ubutumwa bushya Date : 18/06/2013, 21H05

Auteur :
mugisha
Ubutumwa Nyagasani Yezu yahaye Byishimo bugenewe u Rwanda n段si yose, ku itariki ya 01/06/2013.
Nyagasani Yezu yaje ababaye cyane, ari mu rumuli rwinshi cyane, ntabona icyo ndugereranya narwo, nuko aranyitegereza aransuhuza ati; mwana wanjye reka nongere nkutume ku Rwanda.
U Rwanda nararukunze, u Rwanda nararukunze, u Rwanda nararukunze, ndarungenderera, none bana banjye cya gihe navuze kirageze, kandi aho bigeze ntagaruriro.
Bana banjye nababwiye kwisubiraho, nababwiye kwisubiraho, mwanga kumva; k誕gahe gato nabahaye kararangiye, impuhwe nabagiriye, impuhwe nabagiriye impuhwe nabagiriye, ntazigihari kuko mwanze kunyumva. Ndavuze, ndavuze, ndavuze, naje ndi umwami w段si n ijuru kandi utavuguruzwa.
U Rwanda nararukunze, nararukunze, nararukunze , ndarungenderera njye n置mubyeyi wanjye; narababwiye ariko mwanze kumva, none igihe kirageze.
Bana banjye ntacyo mutazi uwumvishe yarumvishe utarumvishe ni akazi ke. Ndababwiye ndababwiye, ndababwiye, narabateguje, ntagihe ntababwiye, bana banjye igihe kirageze ,kigiye kubuzuriraho, kandi ntacyo ntababwiye kitagomba gusohora.Umwaka n uyu n段gihe n iki murimo, ushishoza ashishoze uwumva yumve.
Bana banjye, bana banjye b誕banyarwanda, u Rwanda ni altari y段si yose,mubimenye mubimenye, aka gahugu naragatoranyije kandi nkicayemo, ni irebero ry誕mahanga yose. Ndiyiziye bana banjye, ndiyiziye, nje gusukura, nje no guhana no guhemba,mubimenye, mubimenye, ntacyo ntabateguje.
Bana banjye simvuze byinshi, ubutaha nzababwira neruye ,kandi n置bundi neruye; mwe munyumva uyu munsi mbahaye umugisha ku Izina ry棚mana Data na Mwana na Roho Mutagatifu.Amen
Sujet : Re : Ubutumwa bushya Date : 18/06/2013, 21H12

Auteur :
mugisha
Uraho Madice

Nibyo kubaza ibyobibazo birunvikana.
Njye nsigaye mba mu mahanga, ubu butumwa mbwohererezwa n'abanjye bari mu Rwanda.
Byishimo akunda kujya i Kibeho kuburyo numubarizayo bazamukubwira cyagwa bakubwire iyo ari.
Ngaho rero nta kindi nkurusha buretse izi message mbona mbere yawe narangiza nkazibagezaho kugira ngo bose bazibone buri wese yisseengurire

Ugire amahoro y''Imana

Mugisha
Sujet : Re : Ubutumwa bushya Date : 18/06/2013, 21H16

Auteur :
mugisha
Ubutumwa Umubyeyi Bikira Mariya yahaye Byishimo ku itariki 06/06/2013.
Umubyeyi Bikira Mariya yaje ababaye cyane, ari mu rumuli rwinshi cyane ntabona icyo ndugereranya narwo,nuko aranyitegereza aransuhuza ati;
B.M. : Uraho mwana wanjye ukomeje kwihanganira ibigeragezo byose uhura nabyo.
Byishimo : Uraho mama.
B.M.: Mwana wanjye umeze ute?
Byishimo : Mama meze neza gahoro nawe urabibona, sinkisinzira, sinkiruhuka, ingendo ukomeje kunkoresha hirya no hino mubana bawe ni nyinshi; ariko mama si ninuba, narabyemeye.
B.M.: Mwana wanjye reka nongere nkutume kubana banjye bo mu Rwanda no mw段si hose; uti ndababaye, ndababaye, ndababaye, mbabajwe n置bugome bwinshi mukomeje kunyereka. Ibibi byose mukomeje gukora ndabireba, kandi igihe kirageze kugirango ibyo twababwiye njye n置mwana wanjye bisohore.
Ubu umwana wanjye agiye kwisukurira u Rwanda, kandi ibyo twakomeje kubabwira ntibireba u Rwanda birareba n段si yose. Nababwiye ko u Rwanda ari altari y段si yose, niko bimeze, niyo mpamvu umwana wanjye agiye kurwisukurira hagasigaramo inyangamugayo gusa. Hagasigara abumva ibyo mbabwira njye n置mwana wanjye.
Bana banjye, ntagihe tutavuze,kandi ibyo twababwiye birahari kandi byaratangiye, uwumva yumve kandi utumva ni akazi ke ntacyo azireguza imbere y棚mana Data. Nababwiye inkangu hirya no hino, mbabwira imitingito hirya no hino ku isi,mbabwira intambara hirya no hino ku isi, ibyo byose mwarabibonye kandi bigiye gukomeza ntabwo bizahagarara, kandi ibihugu bimwe bigiye gusibangana hirya no hino ku isi.
Ibikomeye biraje kandi bizarokoka bake,kandi byaratangiye, ureba narebe ushishoza ashishoze kuko bigeze kure ntagaruriro. Hari abavuga ngo ariko igihe byavugiwe, ngo bizaba gihe ki? Nyamara bana banjye murugarijwe cyane, uyu munsi wa none ndi kureba kino gihugu cyanyu nkarira adakama, nyabuna bana abanjye abanjye ndabasabye mukomere kuri Rozali n段shapule y置bubabare nzabarinda.
Hari abiyita abakungu, mbibabwire ibyo murata si ibyanyu,mubirundarunde ariko mubimenye ko nta na kimwe muzajyana na cyo. Hari aho umwana wanjye yababwiye ngo gatandatu, icyenda,ariko na nubu ntabwo muzi icyo bisobanura, ariko mutangire mubare gatandatu, icyenda icyo bisobanura.
Bana banjye isi irandwaye, iri kugenda iganisha mu rwobo, twababwiye byinshi,ariko ntabyo mwumvishe, umunyafu twababwiye waratangiye ubu urahari. Erega bana banjye ntacyo navuze kitagomba kuzuzwa, narabinginze murananirana none mureke ibyavuzwe byuzuzwe.
Bana banjye ishyamba si ryeru,mumenyeko ahasigaye ntawe uzongera kubwira ngo nimbababarire namwe mutambabarira. Amazi yarenze inkombe ntagisigaye, uyu munsi ndababwira bike kuko ibindi umwana wanjye yarabibabwiye.
Bana banjye murakomeza gutoteza abana banjye mugira ngo simbibona, byose mbibona mbere yuko mubikora; igihe rero kirageze kugirango umwana wanjye abahorere, kuko yihanganye kenshi ariko igihe kirageze cyo kugira ngo ukuri kugaragare,kuko byinshi mugiye kubiryozwa,ubwo kandi si abandi bwira ni abayobozi, mushatse mwunamure icumu kuko amazi yabarenganye inkombe.
Bana banjye uwumva yumve utarumvishe nawe ni akazi ke. Nongere mbibasubiriremo, ubu u Rwanda rwicayemo njye n置mwana wanjye ni agahugu twihitiyemo. Abicuza rero mwicuze ibyo mwakoze, mumenye rero ko igihe nababwiye kibashiriyeho, kuko nabatumyeho kenshi, mbatumaho intumwa n誕bahanuzi, nanjye ubwanjye nariyiziye mwanga kunyumva, umwana wanjye yariyiziye mwanga kumwumva, none rero mureke ibyavuzwe bisohore.
Mbabwiye ibyo rero uwumva yumve, utumvishe ni akazi ke, ngaho mubane nanjye urukundo rwanjye rubakomeze, ngaho mugire amahoro kandi mugwize andi, mbahaye umugisha ku Izina ry棚mana Data na Mwana na Roho Mutagatifu.
Sujet : Re : Ubutumwa bushya Date : 18/06/2013, 21H21

Auteur :
mugisha
Ubutumwa Nyagasani Yezu yahaye Byishimo ku tariki ya 13/06/2013.

Nyagasani Yezu yaje ababaye cyane ari mu rumuli rwinshi cyane ntabona icyo ndugereranya narwo, nuko aranyitegereza aransuhuza ati; mwana wanjye reka nongere nkutume ku Rwanda n段si yose, ubabwirire ko mbabaye,mbabaye, mbabaye cyane; mbabajwe n誕bana banjye benshi bakomeje kurigiswa, kurohwa munzu z段mbohe, kwicwa bazira akarengane. Nkuko nabivuze rero ubushize, igihe kirageze ngo mbahorere.

Nje ndi Umwami w段si n段juru ntabwo nzasubira inyuma. Mwabwiwe kenshi, mwabwiwe byinshi mwanga kumva, none igihe kirageze ,aho bigeze ntagaruriro, ubu nje nje kwisukurira u Rwanda , uwakoze nabi ahanwe, uwakoze neza ahebwe. Bamwe ngo mwigize abanyabwenge ra, ngiye kureba ubwo bwenge bwanyu, arinjye namwe ngiye kureba urusha undi ubwenge.

Erega bana banjye ntacyo murabona, muri kwirirwa muririmba ngo amahoro ntayahari;bana banjye mubimenye mu byumve uyu munsi wa none ubanza ari uwanyuma wo kubabwira; ariko abanjye bankurikiye njye n置mubyeyi wanjye mukomere ndi kumwe namwe bana banjye. Mwabwiwe 6, mubwirwa 9, ntabwo mwabashije gusobanukirwa. 6 rero ni ukuvuga ukwezi kwa gatandatu, 9 ni ukwa cyenda, mumenye ko muri mu mahwa y段nzitane rero.

Ndaje,ndaje,ndaje, nje guhananura abigize ibikomangoma,bamwe ngo ntawabashobora, ngiye kureba rero undusha imbaraga. Nawe kandi mwana wanjye ubu butumwa ntutinye kubutanga kuko kenshi mbona ufite ubwoba, butange babumenye ejo hatazagira uvuga ngo ntacyo yamenye.

Mwana wanjye urabona uko nsa uku, uko meze, ubutaha bizaba birushijeho,ubu mwana wanjye nkubwire, ndabona ufite ubwoba, bwo kuntumikira ngo iki n段ki sindakivuga,nugira icyo usiga uzakivuga uri habi. Babwire bumwe utumvishe nawe ni akazi ke, ni akazi ke, ntacyo agomba kwireguza, bivuge kandi ntabwoba ufite kuko uri kumwe nanjye.

Murimo murandenganyiriza abana muvuga ngo simbareba, njyiye kubahorera, imvura y誕mahindu igiye kubanyagira,utazahitanwa niyo mvura azahitanwa n段cyorezo kandi ibyo bintu byose birahari. Mugiye guhura n indwara nyinshi muyoberwe ibyo ari byo, izo ndwara kandi zitagira n段miti.

Ubu shitani yarahagurutse kandi yahagurukiye u Rwanda, niyo mpamvu kano gahugu ndimo kukavugiramo kugirango gasukurwe, kagiye kuba irebero ry amahanga. Njyiye kukisukurira kuko kazazamo abasukuwe, abazaba bakicayemo ni abasukuwe,ni abasukuwe, niyo mpamvu nabwiye isi yose, uwitwa umunyarwanda wese uri hirya no hino ku isi uzi ko atasukuwe niyisukure kuko uwo ngiye kwicarana nawe ni uwasukuwe.

Bana banjye ndabasabye, nimwiyambaze umubyeyi wanjye muvuga Rozali n棚shapule y置bubabare kuko aribyo bizabarokora. Rero hari abavuga ngo barankunda da, ariko bakibagirwa umubyeyi wanjye, abo baribeshya cyane, kuko ntabwo ntana n置mubyeyi wanjye buri gihe cyose tuba turi kumwe.

Hari abo nakuragije ngo bagukurikirane ngo bagufashe mu mibereho yawe, abo nabo ndabona bari mu tuntu n置tundi nabo bagiye gukubitwa akanyafu,si bose ariko, harimo abagerageza kandi batari muri kino gihugu.

Ntumwa yanjye, mwana wanjye haguruka ubwire u Rwanda n段si yose ko mbabaye,mbabaye,mbabaye, njyiye kumanura umuliro wo hejuru nzamure nuw段kizimu, bibahurireho kandi ibyo byose birahari, ntagaruriro.

Mwana wanjye babwirero ngo, icyago cya kirimbuzi kiraje kirabugarije kandi kirarokoka bake. Umubyeyi agiye kwifuza kuba atarabyaye, yifuze kuba inumba, kuko amarira agiye kuba menshi muri kino gihugu, simvuga kino gihugu gusa, ndabwira n段si yose.

Bana banjye nabasabye kubabarira, muti ntitubishaka, mbasaba kunamura icumu muti ntitubishaka, none hagati aha kababayeho,njyiye kohereza abana banjye baturutse hirya no hino ngo mwicarane muganire,kuko nzi ko ntacyiza kizavamo, hari ubugome bwinshi burimo gukorerwa abantu hirya no hino,biri gukorwa mugira ngo sindikubibona, ndikubibona ariko mubimenye mugiye kubibazwa, nabari hanze nabo ni abana banjye ni abanyrwanda nkuko muri abanyarwanda,mbisubiyemo aka gahugu nicayemo njye n置mubyeyi wanjye ni altari y段si yose, mbisubiyemo ibi nibirangira abantu benshi batuye isi bazajya bifuza kuza muri kano gahugu babibure.

Kigali we, Kigali we, Kigali we, uragowe. Bana banjye ba banyakigali,muragowe , muragowe, ibyo muri gupfa byose ngiye kubirimbura,iyo mitungo mukangisha ngiye kuyirimbura, ibyo mukangisha si ibyanyu n誕bandi bari babifite, erega bana banjye mubimenye ubu impande zose z段gihugu murugarijwe,murugarijwe,aho bigeze ntagaruriro niyo mpamvu ndi kubabwira uko bwije nuko bukeye kugira ngo ndebe ko hari uwarokoka.

Igitiki kinini kirumye nta amashami gisigaranye ubu kigiye guhirima, mbacire umugani umwana wanze kumva ntiyanze no kubona,. Mbabwiye bike ibyinshi narabibabwiye njye n置mubyeyi wanjye gusa mumenye ko ibyo mbabwiye bihari kandi ko bitazasubira inyuma.

Mwana wanjye nsezerera kubana banjye bose ari abari hano mu Rwanda ndetse n誕bari hirya no hino ku isi hose; uti mbifurije kuzashyikirana nanjye mu Rwanda rushya, nubihe bishya nagabiwe n旦mwami wanyu I nyanza. Mbahaye umugisha ku izina ry棚mana Data na Mwana na Roho Mutagatifu.Amen
Sujet : Re : Ubutumwa bushya Date : 09/07/2013, 11H28

Auteur :
mugisha
Ubutumwa Umubyeyi Bikira Mariya yahaye Byishimo ku tariki ya 01/07/2013.

Umubyeyi Bikira Mariya yaje ababaye cyane ari mu urumuli rwinshi cyane ntabona icyo ndugereranya narwo nuko aranyitegereza aransuhuza ati; mwana wanjye reka nongere nkutume k置 Rwanda n段si yose.
Mwana wanjye babwirire uti; ndababaye, ndababaye,ndababaye cyane; mbabajwe n置 Rwanda n誕banyarwanda nakunze none bakaba bari kugenda baganisha mu rwobo. Babwirire uti; isi mutuyemo mwayihinduye umwanda,amategeko Imana yabahaye ntimukiyitaho namba, none hagati aha kababayeho.
Bana banjye twababwiye byinshi mwanga kumva, nongere mbabwire umwana wanze kumva ntiyanze no kubona, uzi byinshi azabazwa byinshi, uzi bike azabazwa bike bye, ntacyo ntavuze n置mwana wanjye ntacyo atababwiye, mubimenye kuko cyagihe twababwiye mukirimo.
Muririrwa muririmba amahoro, ntayahari,mugiye guterwa n段byorezo byinshi hirya no hino, indwara zitagira umuti,inzara,imitingito, intambara zurudaca, kandi bana banjye ibyo byose birahari, kandi bigiye kwiyongera.
Mwabwiwe imyuzure,inkangu, amahindu hirya no hino, ibyo byose birahari kandi mwarabibonye, bigiye kwiyongera .Byose birabareba, kugeza ubu ndareba kano gahugu k置 Rwanda kanyu, nkarira adakama, mwibereye mu mitungo gusa, muri kurunda runda byinshi, ariko ntabwo ari ibyanyu, ntabyo muzatunga.
Mwana wanjye bwirira abana banjye bose bankunda; kandi bumva ibyo mbabwira bakabishyira mu bikorwa uti; nimumfukame muvuge Rozali n段shapule y置bubabare ku wa kabiri no kuwa gatanu, kuko aribyo bizabakiza muri bino bihe bikomeye mugezemo, murimo kugenda musatire, kandi unkunda njye n置mwana wanjye akankomeraho uwo njye nzamutabara.
Bana banjye nimumfukame cyane musabire u Rwanda, kuko rugiye kuberamo ibintu bikomeye, ubu imvura y誕mahindu nyinshi igiye kubanyagira, murumve namwe iyo mvura y誕mahindu iyo ariyo, ndabibabwiye,ndabibabwiye,ndabibabwiye, muramenye ntihazagire uvuga ngo ntacyo yamenye.
Hari abirirwa bavuga ngo murankunda, nyamara ntabwo munkunda, ahubwo muranyanga, abankunda nimumfukame mumfashe kuririra u Rwanda n誕banyarwanda kuko rurambabaje cyane. Aka gahugu naragakunze kandi nkicayemo njye n置mwana wanjye, niyo mpamvu umwana wanjye yakise artali y段si yose.
Bana banjye mubimenye ntabyo mwabwiwe bitagomba gusohora, ibyo mwabwiwe byose bigomba kuzuzwa, ubu impande z段gihugu cyose murugarijwe, shitani yabinjiyemo, ibarimo iri gukorera kumugaragaro.
Bana banjye aho muri hose nimusenge, nimusenge kuko igihe cyabashiranye; icyago cya kirimbuzi kirabugarijwe kandi kizarokoka bake, mubishatse rero mwakwitagatifuza hakiri kare.
Byishimo: Ariko mama ko mukomeza kubwira ibintu bikomeye bikantera ubwoba nkaba ntagisinzira.
Bikira Mariya: Mwana wanjye wigira ubwoba ngo ubabare, wabwiwe byinshi, uzi byinshi, ntacyo utabwiwe, ntacyo utazi, wigira ubwoba rero, mba girango nkwereke, akababaro n誕gahinda mfite kubera u Rwanda n abanyarwanda ndetse n段si yose, kugira ngo nabo muganira ujye ubabwira ko mbabaye, kandi mwana wanjye uko nkutumye ujye uhita usohoza ubutumwa nkuko mbikubwiye, nta na kimwe wibagiwe kugira ngo bose babumemye, kugira ngo ejo hatazagira uvuga ngo ntacyo yamenye. Naziye mwebwe, naziye mwebwe, naziye mwebwe abanyarwanda kuko nabonaga hari icyo mukeneye.
Bana banjye muzi kwangana ra! Bana banjye b誕banyarwanda muranyangira iki? ko njye mbakunda , mwambabariye mukankunda, ko njye ntabirengagiza. Bana banjye reka nongere mbacire umugani, 砥muvunvu yagitse umuzinga usarurwa n誕bandi kandi muramenye ntihagire usobanuza uwo mugani uwo ari we, kuko mwawubwiwe kenshi; umva ko muri abanyabwenge nimwisobanurire uwo ari we.
Bana banjye uyu munsi mbabwiye ibyo, ibindi nzabibabwira ubutaha, ngaho mubane nanjye urukundo rwanjye rubakomeze, ngaho mugire amahoro kandi mugwize andi, mbahaye umugisha ku Izina ry棚mana Data na Mwana na Roho Mutagatifu .
Sujet : Re : Ubutumwa bushya Date : 22/07/2013, 12H57

Auteur :
mugisha
UBUTUMWA BWA YEZU BUGENEWE ABANYARWANDA BWAVUYE MURI GROUPE DE PRIERE UMUSHUMBA MWIZA :


ku tariki ya 7 z ukwezi kwa karindwi habonetse ubu butumwa:hagaragaye inzu muri salon hateraniye abantu benshi bicaye ku ruziga hagati yabo hari ameza munsi yayo hari inkoko irariye amagi,abo bantu bavugaga ko bategereje kureba ikizava muri ayo magi,niba ari amasake cyangwa se inkoko kazi, bamwe bari bishimiye ko yaturaga inkoko kazi abandi bifuza amasake,gusa bavugaga bongorera,

ya nkoko yakomeje kubirindura ya magi abandi nabo bategereje ikizavamo,baje gukomera ngo iraturaze haza n 'abandi baje gushungera ngo barebe icyo yaturaze,

ya nkoko yavuye mu cyari yaturaze imishwi y'amasake ifite amasunzu maremare, abo bantu barikanze bibaza ibibaye, bamwe bifuza ko yaturaga inkokokazi bababaye bagira agahinda,ariko mbere y'ibyo bari bafashe impaupuro n 'amakaramu bavugako bagiye gukora ubufindo kugirango barebe icyava muri ayo magi,


Mbaza Yezu nti:ibi bishatse kuvuga iki ?

Yezu ati:tega amatwi ngusobanurire,hari imigani iza ariko ifite icyo igamije, n ibikorwa bigakorwa ariko bifite icyo bigamije,

Ndamubaza nti : ese kuki ukunda kuvugira mu migani ?

Arambwira ati : ni ukugira ngo ababibwirwa bakuremo ibibareba, n abo bitareba bibabere urujijo, kuko aba atari ibyabo cyangwa se bakazabibona ari uko bisohoye,

Bariya bantu bateraniye hariya n iriya nkoko irariye amagi, n abategereje ikiravamo, bijyanye n abanzi banyu,

Bariya bishimiye ko havamo inkokokazi n abanzi banyu, kuko bumva ko nta mbaraga zabaturukamo kandi ko nta n aho zava ngo zibagereho, Naho bariya bifuza ko ituraga amasake, ni abari ku ruhande rwanyu babafitiye umutima w urukundo, bifuza ko mwagira ubutwari bwabafasha gukomera,


Iyo umubyeyi abyaye umwana w umuhungu arishima cyane, akumva ko agize umugabo mu nzu, n umugabo we arishima cyane akumva ko abonye uzamuzungura ; ibyo bishimisha umubyeyi cyane,

Ndamubaza nti : ese uwabyaye umuhungu cyangwa umukobwa bose si abana kimwe ?

Yezu ati : abana bose ni bamwe kandi batera ubwuzu kimwe, ariko iyo umubyeyi abyaye umuhungu yumva ko abonye umugabo, akavuga ko azagira icyo amarira bashiki be,

Icyo nshaka kuvuga n iki : umwanzi wanyu aho yicaye aba yumva ko nta butwari mwagira, ko ahubwo mwahorana intege nkeya nk uwo mwana w umukobwa,

Bariya bantu bateranye n inama zigiye gukorwa hakazazamo n ikibazo cy abanyarwanda batataniye hanze , uko ubona bariya bishimiye ko havamo inkokokazi ni nako abanzi banyu bazaza bishimiye gufata imyanzuro yo gutsemba gahunda n ibitekerezo bibarimo bityo babisibanganye ntibyumvikane aho ngaho, Niyo mpammvu ubona barekereje, Tegereza ibi nkubwiye uzabibona,


Iyo nama igiye gukorwa s iy uruhande rumwe gusa ah ubwo n iy umuryango w abibumbye izaba ikoraniyemo abantu b ingeri nyinshi zitandukanye,

Ibizava muri iyo nama bizakomeretsa abantu benshi no ku gihugu cy u Rwanda ndetse bibatere agahinda,ariko hari n abandi bizashimisha,niyo mpamvu no kuri iriya nkoko byagenze kuriya,

Abazababazwa n uko iriya nkoko ituraze amasake ni u Rwanda naho abazabyishimira ni mwebwe abanyarwanda muri hanze, Ayo masake y amasunzu n ibisubizo bizava muri iyo nama kandi bizaba bifite ingufu ku buryo bushegesha abanzi banyu , nta kwiheba no guhangayika, icyo nicyo uwo mugani usobanura,


UBUTUMWA BWA YEZU BUGENEWE ABANYARWANDA BWAHAWE UMWE MU BAGIZE GROUPE DE PRIERE UMUSHUMBA MWIZA.(2 partie)

Hagaragaye ahantu hari umutibaw段nzuki hari utwatsi twiza duteye ku ruziga,hanyuma izo nzuki zikaza guhogamo ubuki.

Zaje gusubira kuri wa mutiba,zibura aho zinjirira,zibura aho zihoga zisubirirayo aho.

Zakomeje kuzerera zibura aho zerekeza .

Mbaza yezu icyo bivuga ,arambwira ati :iyo uruzi rwarenze inkombe ntiwarusubizayo ngo rwemere,na biriya nabyo niko bimeze.

Ni wa mugambi na gahunda bigikomeje w置mwanzi wanyu.uriya mutiba uragererenywa n' Urwanda n段byo rurimo,ziriya nzuki ubonye zisohotse zagaruka zikabura aho zinjirira,zishushanya abakomeje gusohoka mu gihugu bajya gushaka imfashanyo hirya no hinono kuza gutsemba inzirakarengane no konona uko bishakiye ,ariko ibyo barimo ntibishoboka,nkuko wabonye ibyiriya nkoko yaturaze amasake bikamubabaza,ni nako ziriya mfashanyo birirwa bari gushakisha bari gusohoka mu gihugu,hanyuma bagaruka bagasanga ibintu byahindutse,bakabura aho bayirira kuko bazasanga ibintu byahindutse kubera imnyazuro izaba yafatiwe muri iyo nama.

Abanyarwanda mutataniye hirya no hino kw段si ntimwakagombye kugira ubwoba cyangwa se ngo muhangayike,kuko ndabona ibyo kagame ari gukora biri kubatera ubwoba ;mwibabara ngo muhinde umushyitsi ,kuko iyo amazi yarenze inkombe biba byarangiye ;nawe amazi agiye kumurengana inkombe kuko ziriya mfashanyo ntacyo zizamumarira ntazabona n誕ho azikoreshereza bityo bikazamubera urujojijo.

Mbaza Yezu nti :ese yabura aho azikoreshereza gute ?bizamubera urujijo gute ?

Ati :iyo ugenda udafite icyo wari wishingikirije,uragenda ugakenkubuka imbaraga zikagushirana byose bikubera imfabusa nka ziriya nzuki zabuze aho zihoga.

Arambaza ati :iki gihugu murimo ukibona ute ?

Ndasubiza nti :ndabona kirimo intambara situzabona naho tugana.

Ati :iki gihugu mubona,umwanzi wanyu yinjiramo uko bwije uko bukeye ,ariko ndababwira ko uko mwabonyeziriya nzuki zabuze icyo zihoga,zikabura naho zinjira ,ni nako bigiye kugendekera abanzi banyu bagambiriye kubahiga hirya no hino aho mwanyanyagiye.ziriya nzuki gusohoka byarazoroheye ariko mwabonye ko gusubirayo byazinaniye.nibyo bigiye kuba ku banzi banyu.

Uko kagame ari kwinjiza ingabo buri munsi,ni nako zigiye guhura n段bibazo.

Nti se yahura n ibibazo gute kandi yarawe uburenganzira ?

ATI ESE IBIKORWA BYANJYE URABIZI ?nti oya.

Ibyo uri kubona imbere yanjye ntibikomeye .ndababwiza ukuri mw段zina rya DATA ko ziriya ngabo zigiye guhura n ibibazo ;ku buryo bamwe bazifuza kwiyahura arko bikabagora cyane ;nkuko na ziriya nzuki zabuze aho zihoga ,ni nako u Rwanda rwari rwizeye aho ruzakura imfashanyo rwari rwizeye rwibwira ko ari nkuko byahoze ariko rwagenda rugasanga siko bimeze, byarahindutse rukabura icyo rufata.

aho wibwira izuba rituruka siho rituruka,aho wibwira imvura izaturuka siho ituruka,aho wibwira uzaronkera siho uronkera.nyuma y impeshyi haza itumba.aho waronkeraga usubirayo ejo ukabura.

Uwo mugani nibyo bihe kagame arimo.

Hagaragaye kandi umulima w誕masaka harimo abantu bari kubagara bavuga bati reka tubagare ariko ntituzi niba hazavamo umusaruro.

Ya masaka yaje gupfundura,aho kugira ngo havemo igishishi,hazaho inopfu gusa mu mulima wose ;ndibaza nti :ese buriya bigenze gute kugirango umulima wose uhinduke inopfu ?nti buriya birarangiye umulima wose ubapfiriye ubusa ?

Yezu ati :wiringira ikintu ntuba uzi ikizavamo ejo.

N uko mbona umugi mwiza munini utatse neza,ufite amazu akomeye cyane.

Yezu arambwira ati : uri kureba uriya mugi ukuntu wubatse neza n置kuntu utatse neza ?ati :tegereza mu kanya gatoya urebe ukuntu biraba,ati ntugire ubwoba komeza urebe ntupfuke amaso ,ati ariya mazu yose agiye gusenyuka ashire.

Mubaza impamvu agiye kuyasenya.

Yezu ati :ntabwo bishoboka ko ariya mazu yasigara ahagaze ;nta n置mwana wanjye waza ngo ayaturemo kuko yubakishijwe n段mbaraga z段kuzimu.

Uriya mugi ngiye kuwusenya wose uhinduke amatongo,uzongere wubakwe bundi bushya.

Mbwira yezu nti :ko ufite ububasha bwinshi wareka abana bawe bakazayaturamo ?

Yezu ati :sinshaka ko hari n段gikoresho na gito cy段kuzimu cyaguma kuri iriya mpinga niyo mpamvu ugomba gusenyuka.

Uriya mujyi ugereranwa n置rwanda akaba ari umujyi wa kigali ,ni kuriya bigiye kuwugendekera ;kuko niwo wubakiye imbere y誕mashitani yose ni nabyo biro byayo ;niyo mpamvu ayo mazu yose agomba gusenyuka n段bindi byose byavuye ikuzimu bikavaho.iyo peteroli yamenetse ku giti,ukagifataho nawe ikujyaho,kugirango rero kitanduza benshi uragitsinda kikavaho.

Ikidi kandi,uriya murima w誕masaka wose wahindutse inopfu na bariya babagazi wabonye,ni kiriya gihugu cy urwanda n段bigiye guteremo ;kuko benshi bari kubona cyubatse nka ya masaka apfunditse ariko ntibamenye ikizayavamo.nibigiye kukiberamo bizaba uko.

Abana banjye batatanye hirya no hino bashakishwa ,badagadwa ;mwigira ubwoba kuko ababifuriza kugira ibyago nibo babigira.

Mbwirira abana banjye be kugira ubwoba ,mwidagadishwa nibyo muri kumva no kubona ;nimugaragaze ukuri ntimuzi ko kuvugisha ukuri bitica umutumirano.ibyo mubona ari byiza ejo bizahinduka umukungugu,ibyo mutabonaga ko ari byiza bikabaviramo amahoro.

Mwigira ubwoba n置bwo ibikomeye bihari,n段ntambara zikaba zihari,byabatera ubwoba kuko hazavamo agakiza kanyu.

Bana banjye aho muri hose mu bihugu n誕bandi bagishakisha nimukomere turi kumwe .yabivuze azamuye ikiganza ati :n置bwo umwanzi akomeje imigambi ye mibisha,iminsi ye iri kugenda ishira kuko inama izaba n段zi ntambara ziri kubera muri congo aribyo gisubizo cyanyu.abatangiye akazi mukomeze ntimugire ubwoba cyangwa ngo mucike intege ;nkuko nsubira mw段juru nabasezzeranyije nabasezeranyije kohereza roho mutagatifu,naramuboherereje ndetsena bamwe mwita abanzi banyu agiye kubavugiramo n置ko nabo batange ibitekerezo bihamye .nimuvuge noneho na roho wanjye abavuganire.

Ntimucike intege kandi mukomeze umulimo ntimusubire inyuma .abafite ubushake n置murava wo kugaragaza ikibazo cyibugarije cy uko muri ishyanga inyuma y段shyamba ,mukomeze muvuge roho wanjye abavugire ;mumenye ko ibyo nabasezeranyije bihari .nimukomere bana banjye mwitinya umutontomo w置mwanzi wanyu kuko ameze nk段ntare iziritse kandi imigambi ye igeze mu marembera mukomeze mushirike ubwoba muvuganire abatabishoboye.nabatatanyirije henshi hatandukanye ;kugira ngo mubone uko mubaho,kuko iyo nza kubarundira hamwe ,umwanzi wanyu yari kubica urubozo kandi akabica uko yishakiye.mwe kwiganyiriza no kwinuba ,buri wese ashimishwe naho ari.namwe mutatanyirijwe aho mudafite ubwisanzure,nimwishime kuko akababaro kanyu ariko kazatuma n abandi batakamba.kubatatanya burya kwari ukugirango mbone uko mbarinda,buri wese yumve ko nzamurindira aho ari.ntimuterwe ubwoba nibyo muri kumva kuko uburinzi bwanjye burahari ;mube intwari kandi muharanire kunesha.



Nyagani nasingizwe.
1 2 3 4 5 6 7 8
, [ ]



Note:
icone (A cot de [ R駱ondre ] ) : Permet de basculer entre les 2 modes de visualisation des messages.
Icone (A cot de la date ) : Permet d'馘iter un message.

: le message en cours de lecture
: nouveau message
: le topic (sujet) de discution




© HIWIT tous droits réservés